• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibyo wa menya ku ngabo za RDC zisoje amahugurwa adasanzwe.

minebwenews by minebwenews
May 23, 2025
in Conflict & Security
0
Ibyo wa menya ku ngabo za RDC zisoje amahugurwa adasanzwe.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku ngabo za RDC zisoje amahugurwa adasanzwe.

You might also like

RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byahabereye byabayirwanya

RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z’ikindi gihugu ku murinda

Kinshasa humvikanye urusaku rw’imbunda z’irimo nini havugwa n’impamvu yarwo

Icyiciro cya mbere cy’abasirikare basoje imyitozo yo gukoresha intwaro zirasa kure ba Repubulika ya demokarasi ya Congo cyasoje igihembwe cya mbere ku wa gatatu tariki ya 20/05/2025.

Ni mu kigo cya mahugurwa cya Bahuma kiri i Kisangani mu ntara ya Tshopo ni ho basoreje.

Amakuru yibanze agaragaza ko umubare w’abasirikare wasoje utaramenyekana ngo kubera umutekano wabo.

Nyamara abasoje ayo mahugurwa, batojwe amayeri y’intambara hakoreshejwe imbunda za rutura zirasa mu ntera ndende. Kandi mukuyasoza hatanzwe n’ibyemezo mu muhango wayobowe n’umuyobozi wungirije wa zone ya gatatu y’ingabo za FARDC, Brig.Gen. Mbunga Modeste.

Uyu musirikare yanagize ati: “Turabakeneye, abarasa imbunda ziremereye. Ahantu hose muzoherezwa, hazakenerwa disipuline.”

Muri iki kiganiro yanaboneyeho kwibutsa abasirikare kudakoresha telephone igihe bari muri operasiyo. Ashimangira ko ari ngombwa gukoresha disipuline mu gisirikare no kurangwa n’ubumwe no kubaha ibivuzwe n’umuyobozi.

Ati: “Mu gihe cy’ibikorwa ntimugakoreshe telephone, mushobora guhura n’ikibazo cyo kwerekana aho muhagaze. Tugomba kugaragaza iyi disipuline aho ari ho hose.”

Aba basirikare basoje mu gihe no ku w’undi wa gatanu w’icyumweru gishize hasoje ikindi cyiciro cya basirikare batojwe gukoresha intwaro za mortiers 60mm, 81 mm na mm82. Aya yo, aba basirikare bayatojwe n’ingabo zo mu muryango w’Abibumbye zizwi nka MONUSCO i Bunia mu ntara ya Ituri mu Burasizuba bwa Congo.

Tags: BaumaFardcImyitozo
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byahabereye byabayirwanya

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byahabereye byabayirwanya

RDC yagaragaje impungenge itewe n'umujyi wa Nairobi nyuma y'ibiganiro byahabereye byabayirwanya Umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, akaba na minisitiri w'itumanaho wayo, Patrick Muyaya, yavuze...

Read moreDetails

RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z’ikindi gihugu ku murinda

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z’ikindi gihugu ku murinda

RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z'ikindi gihugu ku murinda Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, igihugu cy'u Burundi cya mwoherereje Ingabo kabuhariwe zo ku murindira...

Read moreDetails

Kinshasa humvikanye urusaku rw’imbunda z’irimo nini havugwa n’impamvu yarwo

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Kinshasa humvikanye urusaku rw’imbunda z’irimo nini havugwa n’impamvu yarwo

I Kinshasa humvikanye urusaku rw'imbunda z'irimo nini havugwa n'impamvu yarwo Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'igipolisi cya yo, byahanganye n'abajura bateye Bank, hakoreshwa intwaro ziremereye n'izoroheje....

Read moreDetails

Aho AFC/M23/MRDP itarafata abaturage b’aho bakomeje kwicwa

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Havuzwe uduce Wazalendo bari kubabarizamo abaturage, n’icyakorwa kugira ngo bigire iherezo

Aho AFC/M23/MRDP itarafata abaturage b'aho bakomeje kwicwa Umutwe wa ADF ukomeje kuzahaza abaturage b'aho ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ritarabohoza muri teritware ya Lubero mu ntara ya...

Read moreDetails

Iby’ihuriro rishya ryashinzwe na Kabila

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Iby’ihuriro rishya ryashinzwe na Kabila

Iby'ihuriro rishya ryashinzwe na Kabila Joseph Kabila wayoboye Repubulika ya demokarasi ya Congo imyaka 18, iwe na bamushyigikiye bashyinze ihuriro rishya rifite intego yo gukiza iki gihugu cyabo....

Read moreDetails
Next Post

Mu matora ya Chef-de Camp, Rukumbuzi ni we wungirije.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?