• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 12, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 16, 2025
in Conflict & Security
0
RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

Umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, akaba na minisitiri w’itumanaho wayo, Patrick Muyaya, yavuze ko umurwa mukuru wa Kenya umaze kuba ahantu hategurirwa ibirwanya igihugu cye, ni nyuma y’aho havukiye ihuriro rya Movement Sauvons la RDC.

READ ALSO

C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga

MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara

Ni byo Muyaya yagarutseho mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru i Kinshasa kuri uyu wa kane tariki ya 15/10/2025.

Muri iki kiganiro Muyaya yabajijwe icyo avuga ku ihuriro rya Movement Sauvons la RDC, aho ryashinzwe n’abatavugarumwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu rishingirwa i Nairobi.

Asubiza iki kibazo yagize ati: “Mu bajije ikibazo kuri Nairobi, birumvikana, icya mbere kuri twe ntabwo ari cyo kibazo cyangombwa, n’ikibazo cyinyongera ngiye kuvuga. Mu kanya ubwo navuganaga n’umunyagihugu mugenzi wanjye kuri iyi ngingo yambwiye ati: ese minisitiri ntimubona ko ari uruvange rw’abahunze ubutabera n’abahamijwe ibyaha cyangwa abantu bahuriye ku kintu kimwe cyitwa ‘frustration’ kubw’ibyago bisanzwe mu gihugu cyangwa umurwa mukuru utangiye kuba umurwa mukuru w’umugambi mubisha wo kurwanya RDC.”

Yavuze kandi ko adashaka kwibutsa andi mahuriro y’imitwe yahavukiye, nka Alliance Fleuve Congo, AFC, yavukiye i Nairobi tariki ya 15/12/2023 n’inama z’ahateraniye. Yongeraho ko abantu bari bahateraniye ari abantu bakumbuye aho bahoze cyangwa bafite ibintu bahoranye batagifite cyangwa bambuwe.

Yakomeje avuga ko abo bantu bababazwa no kubona RDC itangiye guhaguruka mu gihe nyamara igihe bari muri iyo myanya batakirimo nta kintu bakoreye igihugu. Yagaragaje imishinga bank y’isi iteganya gushora imari ibarirwa muri miliyari 8 $, agaragaza ko ingengo y’imari y’igihugu yazamutse ndetse ashimangira ko igihugu kiri gutera imbere.

Yanavuze kandi ko ijambo perezida Felix Tshisekedi yavugiye i Brussel mu Bubiligi mu nama ya Global Gateway Forum, yagaragaje ko mu bantu bazaganira hatarimo abantu batavuga umwanzi w’igihugu mu izina, ngo bityo rero n’aba bari bateraniye i Nairobi nta mwanya bafite mu biganiro by’i gihugu.

Tags: impungengeMuyayaNairobiRdc

Related Posts

C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
Conflict & Security

C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga

September 11, 2026
MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara
Conflict & Security

MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara

September 11, 2026
Kasheke: Inkongi y’Umuriro Ihinduye Umunsi w’Amashuri Umunsi w’Amarira
Conflict & Security

Abantu 26 Bahitanywe n’Inkongi i Bukavu: AFC/M23 Itangaje Iminsi 3 y’Icyunamo

September 11, 2026
Ibyo wamenya kuri P5 yongeye kuvugwa mu misozi y’i Mulenge, nyuma yo kuzamuka imisozi ibiri hamwe na FARDC nyinshi, FDLR n’ingabo z’u Burundi
Conflict & Security

FARDC, Ingabo z’u Burundi n’Imitwe Yitwaje Intwaro Bageze mu Bice bya Rurambo na Ndondo: Amakuru Mashya ku Miterere y’Ingabo Ziri Kuzamuka Ziva i Uvira

September 11, 2026
Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
Conflict & Security

Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa

September 10, 2026
AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
Conflict & Security

AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse

September 10, 2026
Next Post
Muri RDC abagabo bane batwitswe n’abaturage barashya barakongoka

Havutse imvururu hagati y'Abarega n'Ababembe muri Kivu y'Epfo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
  • Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?