• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Igitero cya drones mu misozi y’i Mulenge.

minebwenews by minebwenews
May 29, 2025
in Conflict & Security
0
Igitero cya drones mu misozi y’i Mulenge.
122
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igitero cya drones mu misozi y’i Mulenge.

You might also like

Mu majwi i Uvira humvikanye ibiturika birimo n’iby’imbunda nini, hasobunurwa n’impamvu yabyo

Haravugwa amakuru ababaje y’igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n’ibyo Leta iri kuhohereza

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera

Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zongeye gukora Igitero mu Mikenke zikoresheje indege zitagira abapilote zizwi nka drones.

Ni igitero amakuru avuga ko izi drones zatangiye gutera ibisasu mu rukerera rwo kuri uyu wa kane tariki ya 29/05/2025, aho zabigabye mu Mikenke.

Nk’uko umutangabuhamya yabivuze yagize ati: “Drone yaje iri gutera ibisasu mu Mikenke.”

Iyi nkuru ikavuga ko iyi drone yateye igisasu cya mbere ahagana isaha ya saa munani n’igice z’urukerera. Kandi mbere yuko ibitera yabanjye kugaragara mu kirere cyaho mbere yayo masaha.

Kugeza ubu ntacyangiritse kiratangazwa n’ubuyobozi bw’ibanze bwo muri icyo gice, usibye kuba iri mu kubitera ku misozi bikayicukura kandi iriho ubwatsi Inka zirishya.

FARDC n’abambari bayo bongeye kugaba ibitero bya drones mu Mikenke mu gihe mu byumweru bitatu bishize zari zabikoze kandi. Kimweho icyo gihe nabwo ntacyo byangije usibye imisozi yakundutse.

Abanyamulemge bavuga ko iri huriro ry’ingabo za Congo zigaba ibitero bya drones mu Minembwe na Mikenke biturutse i Kisangani.
Nyamara andi makuru yo ku ruhande akavuga ko n’u Burundi ubu buri gufasha Leta y’i Kinshasa gukoresha drones bukarasa muri ibyo bice bituwe n’aba Banyamulenge.

Ibi bitero bya dones mu misozi y’i Mulenge, Leta y’i Kinshasa yabigabye bwa mbere muri ibyo bice mu ntangiriro z’ukwezi kwa kabiri uyu mwaka, ni mu gihe icyo gihe yabigabye ku misozi ya za Gakangala no mu nkengero zayo. Ibi bitero yarabikomeje na nyuma yaho kugeza n’ubu.

Tags: DroneFardcMikenke
Share49Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Mu majwi i Uvira humvikanye ibiturika birimo n’iby’imbunda nini, hasobunurwa n’impamvu yabyo

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC

Mu majwi i Uvira humvikanye ibiturika birimo n'iby'imbunda nini, hasobunurwa n'impamvu yabyo Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatandatu tariki ya 06/09/2025, i Uvira mu mujyi...

Read moreDetails

Haravugwa amakuru ababaje y’igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n’ibyo Leta iri kuhohereza

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Haravugwa amakuru ababaje y'igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n'ibyo Leta iri kuhohereza I Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, amakuru aturuka yo mabi ni uko Wazalendo...

Read moreDetails

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera Amakuru aturuka i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, aravuga ko muri iri joro ryo ku wa...

Read moreDetails

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z'u Burundi ziri guteza akajagari I Mulenge muri Kivu y'Amajyepfo biravugwa ko hiriwe ituze, usibye ko ku Ndondo ya...

Read moreDetails

Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake

Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake Icyorezo cya Ebola cyongeye kwa duka muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ikaba imaze no guhitana abantu...

Read moreDetails
Next Post
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Icyifuzo cy'ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?