• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

minebwenews by minebwenews
May 29, 2025
in Regional Politics
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

You might also like

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Umuyobozi mukuru w’inteko ishinga amategeko y’ibihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa, OIF, Hilarion Etong, yavuze ko icyifuzo ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bwasabiye u Rwanda ibihano burushinja uruhare mu bibazo by’u mutekano muke mu Burasizuba bw’igihugu cyabo no gufasha umutwe wa M23, gitandukanye n’uruhare bifuza kugira mu kugera ku gisibizo kirambye.

Iki gisubizo uru rwego rwa OIF rwagitanze nyuma y’aho inteko ishinga amategeko y’uyu muryango abayigize baribavuye mu ruzinduko bagiriye i Kinshasa n’i Kigali mu minsi mike ishize, ni mu gihe urwo ruzinduko rwari rugamije gushaka ubufatanye muri ibyo bihugu.

Ubwo bari muri urwo ruzinduko bahuye n’abagize inteko ishinga amategeko ndetse n’abamwe mu bayobozi b’ibyo bihugu bafite ububanyi n’amahanga mu nshingano na sosiyete sivili.

I Kinshasa, ubwo iyi nteko ya Francophoniies yahageraga yahawe icyifuzo cy’uko yashigikira ishyirwa mu bikorwa ry’umwanzuro w’akanama ku mutekano ka Loni wa 2773 washinjaga u Rwanda kugira uruhare rugaragara mu gufasha umutwe wa M23 no kurusaba gukura ingabo zarwo ku butaka bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo no kurufatira ibihano bikakaye.

Basaba kandi ko OIF yahita isaba M23 guhita ihagarika intambara byako kanya iyo irimo mu Burasizuba bw’iki gihugu cya RDC.

Mu kiganiro n’abanyamakuru i Kigali mu Rwanda, Hilarion Etong, yagaragaje ko icyifuzo cy’abayobozi batandukanye muri RDC gihabanye n’uruhare bifuza kugira mu gukemura ibibazo by’umutekano muke bafite.

Yagize ati: “Twebwe turi abagize inteko ishinga amategeko. Turabizi ko iyo ngingo ya 2773 imaze igihe kinini ihari. Turamutse tugiye muri uwo murongo, nta gushidikanya ko twahura n’ibindi bibazo. Turi hano kugira ngo dutange ikintu gishya.”

Yakomeje avuga ko badashaka gukuraho ibyo guverinoma zivuga cyangwa ibyo izindi nzego mpuzamahanga zivuga. Avuga ko ibyo bazanye muri iki gihugu ari ijwi ry’abagize inteko ishinga amategeko, kandi ko bazaguma mu rwego rwabo bazi ko bafite ubushobozi bwokuzana igitekerezo cyangwa igisubizo gishobora kunganira ibimaze gukorwa.

Yangeye kandi kuvuga ko ubwo bari mu biganiro n’abayobozi bo muri RDC, abayobozi bayo bagarutse cyane ku ijambo amahoro, avuga ko ni buze byasubiwemo inshuro zirenga 40, yemeza ko ayo mahoro atagerwaho hatabayeho ibiganiro bigamije gukemura ibibazo by’umutekano muke mu buryo burambye.

Yakomeje avuga ko ibiganiro ari byo gisubizo kirambye kuri ibi bibazo by’u mutekano muke bimaze imyaka myinshi mu karere k’ibiyaga bigari.

Uyu muyobozi wa OIF yasoje yibutsa ko gahunda yabo itagamije gukuraho izindi nzira za dipolomasi zisanzweho nk’iyumuryango wa Afrika Yunze ubumwe, gahunda ya Luanda, iya Nairobi, n’izindi nk’ubuhuza bwa Qatar n’ubwa Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Tags: Icyifuzo cya RDCOIFUmutekanoYeteye ishoti
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa” Mu gihe u Burundi bukomeje kwitegura amatora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu mwaka wa 2027,...

Read moreDetails

Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere

Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere Perezida w’u Burundi, , yongeye gutangaza ibitekerezo bikomeye ku mikorere y’amatora mu gihugu cye, agaragaza ko asaba isubirwamo...

Read moreDetails
Next Post
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Kabila kuja kwe i Goma bivuz'iki kuri iyi ntambara ibera muri RDC, umusesenguzi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?