Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Komanda wa Wazalendo yishwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 30, 2025
in Conflict & Security
0
Komanda wa Wazalendo yishwe.
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Komanda wa Wazalendo yishwe.

You might also like

U Burundi bwanenzwe bikomeye ku gikorwa bwakoze ku gisirikare cyabwo.

Ingabo za RDC zacitse intege.

Byakomeye muri FARDC itegeko rishya muriyo ryazanye impaka?

Umwe mu bakomando bo mu ihuriro rya Wazalendo basanzwe bafatikanya n’Ingabo za Congo(FARDC) kurwanya umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho yishwe arashwe kibandi muri Kivu y’Amajyepfo.

Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatanu tariki ya 30/05/2025, ni bwo uyu muyobozi wari umwe mubayoboye Wazalendo yishwe n’abantu batazwi.

Amakuru aturuka muri ibyo bice avuga ko uyu mukomanda ko yarasiwe muri Quartier ya Kalundu iherereye i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo.

Ni amakuru agaragaza kandi ko yarashwe mu masaha ya saa tanu ziri joro ryo ku wa kane rishyira kuri uyu wa gatanu.
Ariko kugeza ubu abamwishe ntibaramenyekana, nk’uko aya makuru akomeza abivuga.

Uwo mukondo waraye yishwe yarazwi ku izina rya Risasi.

Kuva uyu mujyi wa Uvira uhungiyemo ihuriro ry’abasirikare ba Leta batsinzwe ku rugamba i Goma n’i Bukavu wakomeje kuberamo ubwicanyi bukorwa mu buryo nk’ubu uyu mu Mai Mai yishwemo.

Ubwo bwicanyi bukorerwa abasivili, abasirikare, abapolisi n’abandi bakozi ba Leta.

Hagataho, umutekano wo muri uyu mujyi wa Uvira ugenda urushaho kuzamba uko bwije n’uko bukeye bitewe n’imiyoberere mibi irangwa mu ihuriro ry’ingabo za Congo zigenzura ako gace.

Tags: RisasiUvirayishwe
Share36Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Burundi bwanenzwe bikomeye ku gikorwa bwakoze ku gisirikare cyabwo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
U Burundi bwanenzwe bikomeye ku gikorwa bwakoze ku gisirikare cyabwo.

U Burundi bwanenzwe bikomeye ku gikorwa bwakoze ku gisirikare cyabwo. Igisirikare cy'u Burundi kizwi nka FDNB cyatangaje ko cyungutse abasirikare bo mu butasi abari bamaze igihe bahabwa amahugurwa...

Read moreDetails

Ingabo za RDC zacitse intege.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Ingabo za RDC zacitse intege. Ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo mu ntambara zihanganyemo n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho...

Read moreDetails

Byakomeye muri FARDC itegeko rishya muriyo ryazanye impaka?

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Hatangajwe igikorwa kibi gishobora gukorwa n’abagore ba basirikare, ndetse n’abasirikare ubwabo muri RDC.

Byakomeye muri FARDC itegeko rishya muriyo ryazanye impaka? Abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo bahawe itegeko rishya rigiye gutuma nta musore uzongera gutekereza kwinjira muri iki gisirikare....

Read moreDetails

Amakuru ku gace AFC/M23 yambuye uruhande rwa Leta.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Amakuru ku gace AFC/M23 yambuye uruhande rwa Leta.

Amakuru ku gace AFC/M23 yambuye uruhande rwa Leta. Abarwanyi bo mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo(AFC), ribarizwamo abo mu mutwe wa M23 n'abo mu wa Twirwaneho, bafashe agace...

Read moreDetails

Ibivugwa ku ntumwa M23 yari yarohereje mu mishyikirano i Doha.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
M23 yigaruriye uduce twinshi mu mirwano yarimaze iminsi irenga ibiri.

Ibivugwa ku ntumwa M23 yari yarohereje mu mishyikirano i Doha. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho ryahamagaje intumwa zayo ryari ryarohereje i...

Read moreDetails
Next Post
M23 yigaruriye uduce twinshi mu mirwano yarimaze iminsi irenga ibiri.

M23 yigaruriye uduce twinshi mu mirwano yarimaze iminsi irenga ibiri.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?