• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

M23 yagaragaje umubare wabapfiriye mu rugamba rwo gufata umujyi wa Goma.

minebwenews by minebwenews
May 30, 2025
in sport & entertainment
0
M23 yagaragaje umubare wabapfiriye mu rugamba rwo gufata umujyi wa Goma.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yagaragaje umubare wabapfiriye mu rugamba rwo gufata umujyi wa Goma.

You might also like

Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze.

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

The Ben mu rugendo rudasanzwe rwo kuzenguruka u Burayi.

AFC/M23 irwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa yatangaje ko abantu 874 ko ari bo bapfuye ubwo yari mu rugamba rwo kubohora u mujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Tariki ya 27/01/2025, ni bwo abarwanyi bo muri uyu mutwe wa M23 bigaruriye umujyi wa Goma. Hari nyuma y’imirwano ikomeye yarimaze iminsi irenga itatu iyihanganishije n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta.

Uyu munsi ku wa gatanu tariki ya 30/05/2025, ni bwo iri huriro rya AFC/M23 ryatangaje aya makuru, ni mu gihe yamurikaga raporo y’uburengenzira bw’ikiremwuntu mu bice igenzura, ivuguruza ibyatangajwe na Leta y’i Kinshasa ndetse n’imiryango irimo Amnesty international na Human Rights Watch.

Delion Kimbulungu, umunyamabanga wa AFC/M23, yasobanuye ko kuva tariki ya 02 kugeza 13 ukwezi kwa kabiri, iri huriro rya AFC/M23 ryabonye mu mujyi wa Goma imirambo y’aba bantu, nubwo Leta ya Congo yo yemeza ko hapfuye abagera ku 3000.

Uyu munyamabanga wa AFC/M23 yagize ati: “Bigaraga ko umubare wa 3000 watangajwe na Leta ya Congo wahimbwe.”

Ubwo imirwano yabaga muri uyu mujyi wa Goma ku itariki ya 27/05/2025, ku mbugankoranyambaga hakwirakwiye amashusho agaragaza Gereza ya Munzenze iherereye i Goma iri gushya, imfungwa zatorotse.

Ishami ry’umuryango w’Abibumbye rishinzwe uburenganzira bw’ikiremwamuntu, ryatangaje ko abagore 165 bishwe n’inkongi y’umuriro yafashe iyi gereza kandi ko bose bafashwe ku ngufu n’imfungwa batorotse.

Umuvugizi w’iri shami, Seif Magango, yemeje iyi mibare yatazwe n’urwego rw’ubutabera rwa RDC, aho yavuze ko iyi raporo y’ubutabera ariko dutekereza ko yizewe.

Kimbulungu yagaragaje ko nubwo Leta ya Congo n’abakorana byahafi na yo bashinje AFC/M23 uruhare mu itorokwa ry’imfungwa za gereza ya Munzenze ndetse n’urupfu rw’aba bagore, ibi byago byabaye mbere yuko abarwanyi babo bahagera.

Ati: “Ibi byago byabaye mu gitondo cya tariki ya 27/01/2025, mbere yuko M23 ihagera.”

Raporo ya AFC/M23 ikubiyemo ibimenyetso ndetse n’ubuhamya.
Igaragaza kandi uko uburenganzira bw’ikiremwamuntu buhagaze mu mujyi wa Bukavu kuva ubwo yatangiraga kuwugenzura mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka wa 2025.

Tags: AFC/m23raporo
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze.

Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze. Umukino wa nyuma wa CHAN 2024 wabereye kuri Moi International Sports Centre i Nairobi, tariki ya 30 zukwezi kwa munani...

Read moreDetails

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze. Liverpool iri mu biganiro bya nyuma kugira ngo isinyishe rutahizamu w’Umunyasuwede Alexander Isak ukinira Newcastle United, mu masezerano ashobora kuba manini...

Read moreDetails

The Ben mu rugendo rudasanzwe rwo kuzenguruka u Burayi.

by minebwenews
August 29, 2025
0
The Ben mu rugendo rudasanzwe rwo kuzenguruka u Burayi.

The Ben mu rugendo rwokuzenguruka u Burayi. Umuhanzi w’Umunyarwanda The Ben, wamamaye mu ndirimbo z’urukundo n’izihuza abakunzi b’umuziki w’iwacu n’uw’isi yose, yatangaje gahunda y’urugendo rw’ibitaramo mu burayi mu...

Read moreDetails

Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe.

by minebwenews
August 27, 2025
0
Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe.

Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe. Umukinnyi w’umupira w’amaguru w’umunye-Congo, Yoane Wissa, arifuza kwimukira mu ikipe nshya nyuma y’imyaka myinshi akina muri Brentford. Wissa, wavukiye...

Read moreDetails

Kenny G agiye gususurutsa ab’i- Nairobi mu gitaramo cya Jazz cy’akataraboneka.

by minebwenews
August 26, 2025
0
Kenny G agiye gususurutsa ab’i- Nairobi mu gitaramo cya Jazz cy’akataraboneka.

Kenny G agiye gususurutsa ab'i- Nairobi mu gitaramo cya Jazz cy’akataraboneka. Umuhanzi w’icyamamare ku rwego rw’isi mu njyana ya Jazz, Kenny G, agiye kuza mu gihugu cya Kenya...

Read moreDetails
Next Post
Kabila yabonanye n’irindi tsinda i Goma anagira n’icyo asezeranya Abanye-Congo.

Kabila yabonanye n'irindi tsinda i Goma anagira n'icyo asezeranya Abanye-Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?