• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

minebwenews by minebwenews
June 3, 2025
in Regional Politics
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n’ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w’iki gihugu yamwemereye guhura nawe bakaganira akantu ku kandi.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’Umuvugizi wa perezida Felix Tshisekedi, ari we Tina Salama.

Uyu muvugizi akoresheje urubuga rwa x, yagize ati: “Perezida Tshisekedi, arashimira ubumwe bw’i gihugu byerekanwe na Martin Fayulu, kandi aremeza ko afite ubushake bwo guhura na we mu rwego rwo kurokora iki gihugu mu byago bibangamira inzego zacu n’ubusugire bw’igihugu.”

Aba bagabo bombi bari basanzwe batavuga rumwe, nyuma yuko muri 2018 Tshisekedi yashinjwe kwibirwa intsinzi y’amatora y’umukuru w’igihugu, ni mu gihe bivugwa ko Martin Fayulu ari we wari watsinze.

Ibyo kuba Martin Fayulu ari we wari watsinze ariya matora byanemejwe na Corneille Nangaa wari ukuriye komisiyo ishinzwe amatora izwi nka CENI nubwo yabyemeye nyuma yigihe kirekire.

Nk’uko Nanga yabisobanuye yagize ati: “Martin Fayulu ni we watorewe kuyobora RDC mu 2018, ariko bibangombwa ko Tshisekedi yibirwa amajwi.”

Yakomeje avuga ko ibyo ko byari bishigikiwe n’ubutegetsi bwariho icyo gihe ndetse n’imiryango Mpuzamahanga. Ashyiramo na Monusco ko na yo yaribiri inyuma.

Hagataho, Tshisekedi yemeye guhura na Martin Fayulu nyuma y’aho ku munsi w’ejo ku wa mbere tariki ya 02/06/3025, yamusabye kuganira n’abo batavuga rumwe mu rwego rwo kugira ngo bavane iki gihugu mu kaga.

Ikindi kandi Martin Fayulu yasabye Joseph Kabila uheruka kugera i Goma kuhava, ubundi kandi amubwira ko bitari bikwiye ko ahitira mu gice cyabohojwe n’abasenya igihugu.

Nyamara ku rundi ruhande hari amakuru avuga ko Tshisekedi aheruka guhura mu ibanga rikomeye n’uyu munyapolitiki Martin Fayulu ukuriye ishyaka rya ACID, ndetse kandi ni na we mukuru w’ihuriro ry’imitwe ya politiki yibumbiye mu cyitwa Lamuka.

Tags: guhuraMartin FayuluTshisekedi
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Igitero cya gisirikare cy’i ngabo z’u Burundi mu Bijabo.

Ingabo z'u Burundi na FDLR zigaba ibitero ku Banyamulenge zamaganwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?