Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Indege ya Air India yaritwaye abantu yakoze impanuka ikomeye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 12, 2025
in World News
0
Indege ya Air India yaritwaye abantu yakoze impanuka ikomeye.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Indege ya Air India yaritwaye abantu yakoze impanuka ikomeye.

You might also like

Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….

Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza.

Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye.

Mu Buhinde habereye impanuka idasanzwe y’indege yaritwaye abantu 242 nyuma y’aho yarimaze akanya gato imaze gufata ikirere.

Uyu munsi ku wa kane tariki ya 12/06/2025, ni bwo iriya ndege ya Air India yakoze impanuka, ikaba yabereye muri iki gihugu cy’u Buhinde.

Amakuru yatanzwe n’ibitangaza makuru byo muri icyo gihugu, avuga ko iyi ndege yakoze impanuka ubwo yari imaze iminota mike ihagurutse ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Ahmedabad cyo mu Buhinde.

Mu mashusho ari gutangwa ku mbugankoranyambaga agaragaza ibisigarirwa by’iriya ndege, agaragaza ko yahiye irakongoka, gusa imibare y’abapfuye cyangwa abakomeretse ntiratangazwa. Bizwi gusa ko yarimo abantu 242.

Amakuru akomeza avuga ko iyi Air India yavaga mu Buhinde ija i Londre mu Bwongereza, kandi ko yaguye muri kariya gace gaherereyemo ikibuga cy’indege mpuzamahanga cy’u Buhinde ka Ahmedabad.

Kimwecyo, amakuru yibanze avuga ko usibye kuba iyi ndege yarimo abantu 242, yarimo kandi n’abakozi bayo 12. Nubwo kugeza ubu abashyinzwe ubutabazi yaba abarokotse cyangwa abahagiriye ibyago, batarabatangaza.

Ndetse kandi nicyaba cyateye iyi mpanuka ntikiratangazwa, nk’uko bisanzwe bikorwa.

Tags: AhmedabadAir IndiaImpanuka
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….

Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk'imvura, ibyinshi birapfuba…. Igisirikare cya Israel cyatangaje ko Iran yayiteyeho ibisasu bibarigwa mu magana, ariko ko ibyinshi muri byo byapfubiye mu kirere. Ubwo...

Read moreDetails

Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza.

Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza. Mu buryo bwo kwihimura, Iran yohereje muri Israel drones zirenga 100 na za misile,...

Read moreDetails

Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye.

Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye. Abayobozi b'Ingabo muri Iran baguye mu gitero gikomeye cyagabwe n'igisirikare cya Israel muri icyo gihugu. Ni igitero Israel...

Read moreDetails

Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.

Uwarokotse mu mpanuka y'indege ya Air India. Umuntu umwe ni we warokotse impanuka y'indege ya Air India yaritwaye abagenzi 243, aho iyi ndege yakoze impanuka ikomeye, nyuma y'aho...

Read moreDetails

Amatora yatangajwe ejo ku wa gatatu mu Burundi, aravugwamo uburiganya bukomeye.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Amatora yatangajwe ejo ku wa gatatu mu Burundi, aravugwamo uburiganya bukomeye.

Amatora yatangajwe ejo ku wa gatatu mu Burundi, aravugwamo uburiganya bukomeye. Ishyaka rya CNDD-FDD rya perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ryikubiye imyanya yose mu nteko ishinga amategeko, ni...

Read moreDetails
Next Post
Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Agezweho y'Ingabo za Afrika y'Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?