• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, April 22, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 15, 2025
in World News
0
Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho
66
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

You might also like

Intwaro Ziremereye, Ihagarikwa ry’Ibiganiro n’Imyitwarire ya Gisirikare Bikomeje Gukaza Umurego Hagati ya Iran na Amerika

Perezida Trump akomeje kongera igitutu, mu gihe Iran ihagaze ku cyemezo gikomeye

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, yavuze ko atashimishijwe n’ifoto ikinyamakuru cya “Time Magazine” cyakoresheje kimuvugaho inkuru.

Nk’uko bigaragara n’uko tariki ya 13/10/2025, iki Kinyamakuru cya Time Magazine cyasohoye inkuru kivuga kuri perezida Trump.

Iyo nkuru yavugaga uburyo uyu mukuru w’igihugu cya Amerika yagize uruhare mu guhagarika imirwano muri Gaza.

Muri icyo gihe cyakoresheje ifoto ya Trump ariko itamugaragaza neza mu maso, bivuze ko atagaragara nk’umuntu ukomeye.

Time Magazine imaze gushyira iyo nkuru hanze, ni bwo perezida Trump yahise ajya ku rubuga rwa Truth Social, avuga ko inkuru yamuvuzweho yari nziza cyane, ariko ko ikibazo kimwe cyayo yaherekejwe n’ifoto itamugaragaza neza nka perezida w’igihugu cy’igihangange.

Yagize ati: “Bankuriyeho umusatsi ahubwo ku mutwe banshyiraho ikintu kimeze nk’ikamba ariko ritoya cyane. Ni ishyano ryaguye!”

Trump kandi yanenze iki Kinyamakuru, avuga ko gikunze gutambutsa inkuru zinenga imitegekere ye.

Ku wa mbere tariki ya 13/10/2025, ni bwo hasinywe amasezerano yo guhagarika imirwano hagati ya Israel na Hamas, akaba yarashyiriweho umukono i Misiri, bigizwemo uruhare na perezida Trump.

Ni mu gihe intambara hagati y’izi mpande zombi yatangiye umwaka wa 2023, nyuma y’igitero cyo mu kirere Hamas yagabye ku butaka bwa Israel kigahitana abanye-siyeri barenga abantu 1200, abandi benshi bakagikomerekeramo.

Kuva icyo gihe Israel yahise itangira kugaba ibitero kuri Hamas muri Gaza n’ahandi. Ibyo byatumye Gaza isenyuka hafi ya yose, ubundi kandi ipfamo abantu benshi barenga ibihumbi 6, abandi baba impunzi hirya no hino ku isi.

Tags: FotoTime MagazineTrumpYanenze
Share26Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Intwaro Ziremereye, Ihagarikwa ry’Ibiganiro n’Imyitwarire ya Gisirikare Bikomeje Gukaza Umurego Hagati ya Iran na Amerika

by Bahanda Bruce
April 22, 2026
0
Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran

Intwaro Ziremereye, Ihagarikwa ry’Ibiganiro n’Imyitwarire ya Gisirikare Bikomeje Gukaza Umurego Hagati ya Iran na Amerika Mu murwa mukuru wa Iran, Tehran, Leta y’iki gihugu yongeye kwerekana imbaraga zayo...

Read moreDetails

Perezida Trump akomeje kongera igitutu, mu gihe Iran ihagaze ku cyemezo gikomeye

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Perezida yasibye ifoto yamugaragazaga nka Yesu

Perezida Trump akomeje kongera igitutu, mu gihe Iran ihagaze ku cyemezo gikomeye Mu gihe umubano hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ukomeje kujya mu kangaratete,...

Read moreDetails

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe Nubwo abantu bose bavuka bafite uburenganzira bungana, uko isi ibitaho n’uburyo abayobozi bakomeye bayirindamo biratandukanye cyane. Amakuru mashya ashingiye...

Read moreDetails

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa Mu gihe isi ikomeje guhangayikishwa n’umutekano w’inzira z’ubucuruzi zo ku nyanja, igihugu cya Iran cyongeye gutangaza icyemezo gikomeye cyo gufunga umuhora wa Strait...

Read moreDetails

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida yasibye ifoto yamugaragazaga nka Yesu

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi umutekano w’inyanja zifite akamaro kanini mu bucuruzi mpuzamahanga, by’umwihariko Umuhora wa Hormuz, Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yasubije abibaza ko bashaka ubwigenge bwa Kivu zombi

AFC/M23 yasubije abibaza ko bashaka ubwigenge bwa Kivu zombi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?