• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 12, 2025
in World News
0
Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.

You might also like

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Umuntu umwe ni we warokotse impanuka y’indege ya Air India yaritwaye abagenzi 243, aho iyi ndege yakoze impanuka ikomeye, nyuma y’aho yari imaze iminota mike ihagurutse ku kibuga mpuzamahanga cyo mu Buhinde.

Ni uyu munsi ku wa kane tariki ya 12/06/2025, Air India yakoze impanuka, abari bayirimo bakahasiga ubuzima umwe aba ari we wenyine urokoka.

Uwarokotse yitwa Vishwsh Kumar Remesh, nk’uko aya makuru yatangajwe n’abashinzwe ubutabazi muri iki gihugu.

Iyo ndege yariyo mu bwoko bwa Boing 787-8 Dreamline, yari mu rugendo rwerekeza i Londre mu Bwongereza, izagufatwa n’ibibazo bikomeye byatumye igwa ku nyubako iri hafi y’ikibuga cy’indege yahagurukiyeho cya Ahmedabad.

Mu mashusho yagiye hanze agaragaza Vishwsh Kumar Remesh warokotse iriya mpanuka aryamye mu bitaro, ubona yuzuye ibisebe mu maso n’ahandi ku mubiri nko ku maboko no mu mugongo.

Uwarokotse yakijijwe no kuba yasimbutse nyuma yuko yari amaze kubona ko indege yataye umurongo, ni ko guhita aca mu idirishya.

Uyu afite ubwenegihugu bw’u Bwongereza, amakuru akavuga ko yaramaze iminsi mike mu Buhinde gusura umuryango we.

Mu kiganiro yahaye itangazamakuru, yavuze ko nyuma yo kugera ku butaka yisanze akikijwe n’imirambo myinshi, ngo kuburyo kureba ibyabaye byari bimuteye ubwoba.

Yanavuze kandi ko yaravanye n’umuvandimwe we mu Buhinde bajanye i Londre, ariko ko we yaguye muri iyo mpanuka. Avuga ko yitwaga Ajay Kumar Ramash.

Vishwsh Kumar Ramash, yaje gufashwa n’abashinzwe ubutabazi bamujana kwa muganga kugira ngo yitabweho.

Amashusho kandi agaragaza iyi ndege yahiye irakongoka, ibisigazwa byayo bigahinduka umuyonga ndetse n’abari bayirimo.

Tags: AhmedabadAir IndiaImpanukaVishwsh Kumar
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

by minebwenews
August 16, 2025
0
Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Russia is hailing the outcome of the high profile summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin in Alaska, even though no formal agreement was...

Read moreDetails

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Perezida Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Putin.

Ibyavuye mu nama yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yahuye na mugenzi we w'u Burusiya Vladimir Putin, umubonano...

Read moreDetails

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zamaganye kuba hatarabaye kubahiriza agahenge hagati y'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n'izo mu ihuriro rya...

Read moreDetails

Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

by minebwenews
August 16, 2025
0
Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

The long-awaited face-to-face summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin concluded in Alaska without a formal agreement, though both leaders described the discussions as...

Read moreDetails

Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika.

Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika. Nigeria yemerewe kugura intwaro zikomeye muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika zihwanye na miliyoni 346...

Read moreDetails
Next Post
Iby’uruzinduko rw’umuyobozi wa MONUSCO i Goma hagenzurwa na AFC/M23.

Iby'uruzinduko rw'umuyobozi wa MONUSCO i Goma hagenzurwa na AFC/M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?