Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 12, 2025
in World News
0
Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.

You might also like

Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….

Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza.

Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye.

Umuntu umwe ni we warokotse impanuka y’indege ya Air India yaritwaye abagenzi 243, aho iyi ndege yakoze impanuka ikomeye, nyuma y’aho yari imaze iminota mike ihagurutse ku kibuga mpuzamahanga cyo mu Buhinde.

Ni uyu munsi ku wa kane tariki ya 12/06/2025, Air India yakoze impanuka, abari bayirimo bakahasiga ubuzima umwe aba ari we wenyine urokoka.

Uwarokotse yitwa Vishwsh Kumar Remesh, nk’uko aya makuru yatangajwe n’abashinzwe ubutabazi muri iki gihugu.

Iyo ndege yariyo mu bwoko bwa Boing 787-8 Dreamline, yari mu rugendo rwerekeza i Londre mu Bwongereza, izagufatwa n’ibibazo bikomeye byatumye igwa ku nyubako iri hafi y’ikibuga cy’indege yahagurukiyeho cya Ahmedabad.

Mu mashusho yagiye hanze agaragaza Vishwsh Kumar Remesh warokotse iriya mpanuka aryamye mu bitaro, ubona yuzuye ibisebe mu maso n’ahandi ku mubiri nko ku maboko no mu mugongo.

Uwarokotse yakijijwe no kuba yasimbutse nyuma yuko yari amaze kubona ko indege yataye umurongo, ni ko guhita aca mu idirishya.

Uyu afite ubwenegihugu bw’u Bwongereza, amakuru akavuga ko yaramaze iminsi mike mu Buhinde gusura umuryango we.

Mu kiganiro yahaye itangazamakuru, yavuze ko nyuma yo kugera ku butaka yisanze akikijwe n’imirambo myinshi, ngo kuburyo kureba ibyabaye byari bimuteye ubwoba.

Yanavuze kandi ko yaravanye n’umuvandimwe we mu Buhinde bajanye i Londre, ariko ko we yaguye muri iyo mpanuka. Avuga ko yitwaga Ajay Kumar Ramash.

Vishwsh Kumar Ramash, yaje gufashwa n’abashinzwe ubutabazi bamujana kwa muganga kugira ngo yitabweho.

Amashusho kandi agaragaza iyi ndege yahiye irakongoka, ibisigazwa byayo bigahinduka umuyonga ndetse n’abari bayirimo.

Tags: AhmedabadAir IndiaImpanukaVishwsh Kumar
Share35Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….

Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk'imvura, ibyinshi birapfuba…. Igisirikare cya Israel cyatangaje ko Iran yayiteyeho ibisasu bibarigwa mu magana, ariko ko ibyinshi muri byo byapfubiye mu kirere. Ubwo...

Read moreDetails

Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza.

Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza. Mu buryo bwo kwihimura, Iran yohereje muri Israel drones zirenga 100 na za misile,...

Read moreDetails

Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye.

Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye. Abayobozi b'Ingabo muri Iran baguye mu gitero gikomeye cyagabwe n'igisirikare cya Israel muri icyo gihugu. Ni igitero Israel...

Read moreDetails

Indege ya Air India yaritwaye abantu yakoze impanuka ikomeye.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Indege ya Air India yaritwaye abantu yakoze impanuka ikomeye.

Indege ya Air India yaritwaye abantu yakoze impanuka ikomeye. Mu Buhinde habereye impanuka idasanzwe y'indege yaritwaye abantu 242 nyuma y'aho yarimaze akanya gato imaze gufata ikirere. Uyu munsi...

Read moreDetails

Amatora yatangajwe ejo ku wa gatatu mu Burundi, aravugwamo uburiganya bukomeye.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Amatora yatangajwe ejo ku wa gatatu mu Burundi, aravugwamo uburiganya bukomeye.

Amatora yatangajwe ejo ku wa gatatu mu Burundi, aravugwamo uburiganya bukomeye. Ishyaka rya CNDD-FDD rya perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ryikubiye imyanya yose mu nteko ishinga amategeko, ni...

Read moreDetails
Next Post
Iby’uruzinduko rw’umuyobozi wa MONUSCO i Goma hagenzurwa na AFC/M23.

Iby'uruzinduko rw'umuyobozi wa MONUSCO i Goma hagenzurwa na AFC/M23.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?