• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y’ibiteye ubwoba abariyo bari babonye.

minebwenews by minebwenews
June 17, 2025
in Conflict & Security
0
Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y’ibiteye ubwoba abariyo bari babonye.
107
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y’ibiteye ubwoba abariyo bari babonye.

You might also like

RDC yagaragaje ko nta bushake ifite bwo kugirana amahoro na AFC/M23/MRDP nyuma y’ibisasu yateye

AFC/M23 yasubije abibaza ko bashaka ubwigenge bwa Kivu zombi

Col.Ntagawa wari wahamagajwe igitaraganya yagarutse mu birindiro bye

Nyuma y’aho abari mu Rugezi babwiwe ko bari butegwe n’ihuriro ry’Ingabo za Congo mu ijoro ryaraye rikeye, ndetse kandi barangiza n’amakombe y’umuriro mu bice biturukamo uriya mwanzi wabo, bahise babatayari kwirwanaho, nk’uko amakuru abivuga.

Bikubiye mu butumwa twahawe kuri Minembwe Capital News, ubwo abari mu Rugezi baduhaye, bagize bati: “Twararanye amakuru ko turi butegwe na Mai Mai hamwe n’ingabo za Congo.”

Ubutumwa bw’aba banyarugezi bukomeza buti: “Ku mugoroba twarangije n’ahantu bakomeje amakombe. Amakombe yari hakurya yo kwa Sabune.”

Ahavugwa ko hari hakomejwe amakombe ni ku musozi witwa uw’ihene, aha hakaba hakunze kubera n’ihangana rikomeye hagati y’uruhande rwa Leta n’uy’u mutwe wa Twirwaneho ufatanyije n’uwa M23.

Ibyariya makombe, byatumye abaturiye ibyo bice bagira ubwoba, ndetse kandi n’abarwanyi ba Twirwaneho barara bari tayari kwivuna Umwanzi ( stand by).

Ati: “Ku ruhande rw’abaturage bararanye ubwoba, ariko ku ruhande rwa Twirwaneho na M23 baraye bari stand by.”

Usibye kuba barabonye amakombe, ni misozi yarimo ishya mu ruhande ruherereyemo Ingabo za Congo, ariko imbere ugana i Lulenge rw’epfo.

Intambara muri aka gace yaherukaga mu ntangiriro zakiriya cyumweru gishize, aho uru ruhande rwa Leta rwagabye ibitero i Muchikachika, ku w’ihene no kuri Nyagisozi.

Ni bitero byarangiye Twirwaneho na M23 babisubije inyuma.

Izi ngabo za Leta ya Congo zigaba ibitero mu rwego rwo kugira ngo rwisubize uduce Twirwaneho yabambuye twaha mu Rugezi no mu nkengero zayo.

Ibi bitero babigaba baturutse za Gasiro, Kabanju no mu Matanganika.

Ku rundi ruhande i Mulenge babyutse neza, haba mu Minembwe centre, na Mikenke ndetse n’ahandi.

Tags: AmakombeIcyikangoRugezi
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC yagaragaje ko nta bushake ifite bwo kugirana amahoro na AFC/M23/MRDP nyuma y’ibisasu yateye

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
RDC yagaragaje ko nta bushake ifite bwo kugirana amahoro na AFC/M23/MRDP nyuma y’ibisasu yateye

RDC yagaragaje ko nta bushake ifite bwo kugirana amahoro na AFC/M23/MRDP nyuma y'ibisasu yateye Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagaragaje ubushake buke bwo kugirana amahoro n'ihuriro...

Read moreDetails

AFC/M23 yasubije abibaza ko bashaka ubwigenge bwa Kivu zombi

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
AFC/M23 yasubije abibaza ko bashaka ubwigenge bwa Kivu zombi

AFC/M23 yasubije abibaza ko bashaka ubwigenge bwa Kivu zombi Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC/M23 binyuze ku muvugizi wayo wungirije, Oscar Barinda yasubije abavuga ko iri huriro rishaka...

Read moreDetails

Col.Ntagawa wari wahamagajwe igitaraganya yagarutse mu birindiro bye

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya

Col.Ntagawa wari wahamagajwe igitaraganya yagarutse mu birindiro bye Colonel Rubaba Ntagawa wahamagajwe igitaraganya na Komanda secteur i Baraka ahazwi nk'umurwa mukuru wa teritware ya Fizi mu ntara ya...

Read moreDetails

Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe

Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe Amakuru aturuka i Uvira mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, avuga ko havukiye...

Read moreDetails

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n’uwahoze ayoboye iki gihugu

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n’uwahoze ayoboye iki gihugu

Abatavuga rumwe n'ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n'uwahoze ayoboye iki gihugu Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika ya demokarasi ya Congo imyaka 18, yahurije i Nairobi muri Kenya...

Read moreDetails
Next Post
Afrika y’Epfo iri mu bihugu M23 iheruka gukoza isoni yashomboroje Israel imboni y’ijisho ry’Imana.

Afrika y'Epfo iri mu bihugu M23 iheruka gukoza isoni yashomboroje Israel imboni y'ijisho ry'Imana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?