• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, April 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y’ibiteye ubwoba abariyo bari babonye.

minebwenews by minebwenews
June 17, 2025
in Conflict & Security
0
Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y’ibiteye ubwoba abariyo bari babonye.
107
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y’ibiteye ubwoba abariyo bari babonye.

You might also like

RDC: Politiki ya Perezida Tshisekedi hagati y’impinduka zidahoraho n’icyizere kigenda kiyoyoka mu baturage

AFC/M23 Yateye Intambwe Ikomeye mu Kubaka Abayobozi Bafite Icyerekezo n’Imiyoborere Inoze

Impaka Zikomeye ku Nshingano z’Inteko Ishinga Amategeko muri RDC

Nyuma y’aho abari mu Rugezi babwiwe ko bari butegwe n’ihuriro ry’Ingabo za Congo mu ijoro ryaraye rikeye, ndetse kandi barangiza n’amakombe y’umuriro mu bice biturukamo uriya mwanzi wabo, bahise babatayari kwirwanaho, nk’uko amakuru abivuga.

Bikubiye mu butumwa twahawe kuri Minembwe Capital News, ubwo abari mu Rugezi baduhaye, bagize bati: “Twararanye amakuru ko turi butegwe na Mai Mai hamwe n’ingabo za Congo.”

Ubutumwa bw’aba banyarugezi bukomeza buti: “Ku mugoroba twarangije n’ahantu bakomeje amakombe. Amakombe yari hakurya yo kwa Sabune.”

Ahavugwa ko hari hakomejwe amakombe ni ku musozi witwa uw’ihene, aha hakaba hakunze kubera n’ihangana rikomeye hagati y’uruhande rwa Leta n’uy’u mutwe wa Twirwaneho ufatanyije n’uwa M23.

Ibyariya makombe, byatumye abaturiye ibyo bice bagira ubwoba, ndetse kandi n’abarwanyi ba Twirwaneho barara bari tayari kwivuna Umwanzi ( stand by).

Ati: “Ku ruhande rw’abaturage bararanye ubwoba, ariko ku ruhande rwa Twirwaneho na M23 baraye bari stand by.”

Usibye kuba barabonye amakombe, ni misozi yarimo ishya mu ruhande ruherereyemo Ingabo za Congo, ariko imbere ugana i Lulenge rw’epfo.

Intambara muri aka gace yaherukaga mu ntangiriro zakiriya cyumweru gishize, aho uru ruhande rwa Leta rwagabye ibitero i Muchikachika, ku w’ihene no kuri Nyagisozi.

Ni bitero byarangiye Twirwaneho na M23 babisubije inyuma.

Izi ngabo za Leta ya Congo zigaba ibitero mu rwego rwo kugira ngo rwisubize uduce Twirwaneho yabambuye twaha mu Rugezi no mu nkengero zayo.

Ibi bitero babigaba baturutse za Gasiro, Kabanju no mu Matanganika.

Ku rundi ruhande i Mulenge babyutse neza, haba mu Minembwe centre, na Mikenke ndetse n’ahandi.

Tags: AmakombeIcyikangoRugezi
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Politiki ya Perezida Tshisekedi hagati y’impinduka zidahoraho n’icyizere kigenda kiyoyoka mu baturage

by Bahanda Bruce
April 30, 2026
0
RDC: Politiki ya Perezida Tshisekedi hagati y’impinduka zidahoraho n’icyizere kigenda kiyoyoka mu baturage

RDC: Politiki ya Perezida Tshisekedi hagati y’impinduka zidahoraho n’icyizere kigenda kiyoyoka mu baturage Mu mateka ya politiki ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi...

Read moreDetails

AFC/M23 Yateye Intambwe Ikomeye mu Kubaka Abayobozi Bafite Icyerekezo n’Imiyoborere Inoze

by Bahanda Bruce
April 30, 2026
0
AFC/M23 Yateye Intambwe Ikomeye mu Kubaka Abayobozi Bafite Icyerekezo n’Imiyoborere Inoze

AFC/M23 Yateye Intambwe Ikomeye mu Kubaka Abayobozi Bafite Icyerekezo n’Imiyoborere Inoze Mu rwego rwo gukomeza gushimangira imiyoborere n’imyumvire y’abayobozi bayo, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko wasoje ku mugaragaro...

Read moreDetails

Impaka Zikomeye ku Nshingano z’Inteko Ishinga Amategeko muri RDC

by Bahanda Bruce
April 30, 2026
0
Impaka Zikomeye ku Nshingano z’Inteko Ishinga Amategeko muri RDC

Impaka Zikomeye ku Nshingano z’Inteko Ishinga Amategeko muri RDC Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) ikomeje guhangana n’ibibazo bitandukanye birimo umutekano muke mu Burasirazuba bwayo n’ihungabana...

Read moreDetails

Baraka: Haravugwa ibikorwa by’ihohoterwa n’itotezwa bivugwa gukorwa na bamwe mu basirikare ba FARDC

by Bahanda Bruce
April 30, 2026
0
Baraka: Haravugwa ibikorwa by’ihohoterwa n’itotezwa bivugwa gukorwa na bamwe mu basirikare ba FARDC

Baraka: Haravugwa ibikorwa by’ihohoterwa n’itotezwa bivugwa gukorwa na bamwe mu basirikare ba FARDC Mu Mujyi wa Baraka, uherereye muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, hakomeje...

Read moreDetails

Leta y’i Kinshasa mu mvururu z’imbere mu gihugu; Abayigize barimo guterana amagambo no kudacana uwaka

by Bahanda Bruce
April 30, 2026
0
Les opposants politiques au pouvoir de Kinshasa s’unissent pour critiquer Tshisekedi et réclament des réformes fondées sur l’intérêt général

Leta y’i Kinshasa mu mvururu z’imbere mu gihugu; Abayigize barimo guterana amagambo no kudacana uwaka Ku wa Gatatu, tariki ya 29/04/2026, Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Afrika y’Epfo iri mu bihugu M23 iheruka gukoza isoni yashomboroje Israel imboni y’ijisho ry’Imana.

Afrika y'Epfo iri mu bihugu M23 iheruka gukoza isoni yashomboroje Israel imboni y'ijisho ry'Imana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?