• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 19, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Havuzwe amakuru y’uburyo Abanyamulenge bongeye gutotezwa i Uvira.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 19, 2025
in Conflict & Security
0
Havuzwe amakuru y’uburyo Abanyamulenge bongeye gutotezwa i Uvira.
86
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe amakuru y’uburyo Abanyamulenge bongeye gutotezwa i Uvira.

You might also like

AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by’i Doha.

Abari mu Bibogobogo bishimiye imvura yahaguye.

AFC/M23 yashinje ingabo za FARDC gutera ibisasu mu basivili.

I Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, ahimuriwe ibiro bikuru by’intara ku ruhande rwa Leta ya Congo, amakuru ava yo avuga ko guhohotera Abanyamulenge byongeye gufata indi ntera.

Ni bikubiye mu butumwa bugufi bwanditse, umwe mu baherereye muri iki gice cya Uvira yahaye ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 19/06/2025.

Ubu butumwa yaduhahe bugira buti: “Hano i Uvira abantu turi gutotezwa cyane na Wazalendo. Biratubabaje si nabona uko mbisobanura!”

Uyu munya-b’Uvira mu butumwa bwe yakomeje agira ati: “Mu kanya aba Wazalendo binjiranye umugore wa Dr Ruturwa, bamufatiraho imbunda, barangije bamwaka amafaranga yose yar’afite aho. Rero sinzi uko abantu bagira ariko mudutabarize.”

Ni ubu butumwa bunagaragaza ko icyo gikorwa cyabaye igihe c’isaha ya saa ine z’igitondo cyo kuri uyu wa kane ku masaha ya Minembwe na Bukavu.

Mu bihe bitandukanye aha i Uvira Abanyamulenge bagiye bahototerwa, bagakorerwa n’iyicyarubozo, babikorewe n’imitwe yitwaje intwaro isanzwe ikorana byahafi n’Ingabo za Leta ya Congo.

Barahicirwa, bakanahafungirwa bazira inkomoko yabo n’amasura yabo, nk’uko biganda bisobanurwa n’imiryango itandukanye ahanini itegamiye kuri Leta.

Umusibo ejo ku wa gatatu, ni bwo hari hafashwe Abanyamulenge abari bageze aha i Uvira baturutse i Ndondo ya Bijombo.

Ni mu gihe bari bahazanye umurwanyi uwo baje bikoreye ku gipoyo. Wazalendo barabafata barabakubita, kandi babambura n’ibyabo.

Igitangaje, ibyo babikoze mu gihe aba Banyamulenge bari bazanye umurwanyi ku muvuriza i Uvira, baje baherekejwe n’abasirikare b’u Burundi bakorera muri iyo misozi y’i Ndondo ya Bijombo. Ariko ntacyo bafashije aba bari baherekeje.

Iyi Uvira ikomeje kuberamo ibi bikorwa byo guhohotera Abanyamulenge, ni yo yashyizwemo ibiro bikuru by’intara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yuko ihuriro rya AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho bifashe umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’iyi ntara tariki ya 16/02/2025.

Iyi mitwe yombi yanafashe n’ibindi bice byinshi byo muri iyi ntara harimo na komine ya Minembwe iherereye muri teritware ya Fizi.

Tags: AbanyamulengeGutotezwaUviraWazalendo
Share34Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by’i Doha.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by’i Doha.

AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by'i Doha. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ritazasubira mu biganiro by'i...

Read moreDetails

Abari mu Bibogobogo bishimiye imvura yahaguye.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
Abari mu Bibogobogo bishimiye imvura yahaguye.

Abari mu Bibogobogo bishimiye imvura yahaguye. Mu gace ka Bibogobogo gaherereye muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, haguye imvura abaturage barayishimira. Uyu munsi ku wa...

Read moreDetails

AFC/M23 yashinje ingabo za FARDC gutera ibisasu mu basivili.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
AFC/M23 yashinje ingabo za FARDC gutera ibisasu mu basivili.

AFC/M23 yashinje ingabo za FARDC gutera ibisasu mu basivili. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryatangaje...

Read moreDetails

RDC yamaganye Kenya yashyizeho uyihagararira i Goma.

by Bruce Bahanda
August 17, 2025
0
RDC yamaganye Kenya yashyizeho uyihagararira i Goma.

RDC yamaganye Kenya yashyizeho uyihagararira i Goma. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yamaganye iya Kenya yashyizeho uhagararira inyungu zayo i Goma hagenzurwa n'ihuriro rya Alliance Fleuve...

Read moreDetails

Col. Gisore w’Umunyamulenge wo mu ngabo za FARDC yaguye mu mpanuka y’indege.

by Bruce Bahanda
August 17, 2025
0
Auto Draft

Col. Gisore w'Umunyamulenge wo mu ngabo za FARDC yaguye mu mpanuka y'indege. Colonel Gisore Patrick uzwi cyane ku izina rya Kigofero hamwe n'umugore we n'abandi bantu batandatu baguye...

Read moreDetails
Next Post
Iby’ibitero byongeye kugabwa mu duce tw’i Mulenge, none tariki ya 19/06/2025.

Iby'ibitero byongeye kugabwa mu duce tw'i Mulenge, none tariki ya 19/06/2025.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?