• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 17, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Havuzwe amakuru y’uburyo Abanyamulenge bongeye gutotezwa i Uvira.

minebwenews by minebwenews
June 19, 2025
in Conflict & Security
0
Havuzwe amakuru y’uburyo Abanyamulenge bongeye gutotezwa i Uvira.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe amakuru y’uburyo Abanyamulenge bongeye gutotezwa i Uvira.

I Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, ahimuriwe ibiro bikuru by’intara ku ruhande rwa Leta ya Congo, amakuru ava yo avuga ko guhohotera Abanyamulenge byongeye gufata indi ntera.

READ ALSO

Martin Fayulu Yashyize Hanze Ibyamubayeho mu Myigaragambyo ya C64; Anagaragaza Ibyo Yasabye Abapolisi

RDC : L’Assemblée nationale rejette la participation de l’AFC/M23 au dialogue national et fixe une ligne rouge

Ni bikubiye mu butumwa bugufi bwanditse, umwe mu baherereye muri iki gice cya Uvira yahaye ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 19/06/2025.

Ubu butumwa yaduhahe bugira buti: “Hano i Uvira abantu turi gutotezwa cyane na Wazalendo. Biratubabaje si nabona uko mbisobanura!”

Uyu munya-b’Uvira mu butumwa bwe yakomeje agira ati: “Mu kanya aba Wazalendo binjiranye umugore wa Dr Ruturwa, bamufatiraho imbunda, barangije bamwaka amafaranga yose yar’afite aho. Rero sinzi uko abantu bagira ariko mudutabarize.”

Ni ubu butumwa bunagaragaza ko icyo gikorwa cyabaye igihe c’isaha ya saa ine z’igitondo cyo kuri uyu wa kane ku masaha ya Minembwe na Bukavu.

Mu bihe bitandukanye aha i Uvira Abanyamulenge bagiye bahototerwa, bagakorerwa n’iyicyarubozo, babikorewe n’imitwe yitwaje intwaro isanzwe ikorana byahafi n’Ingabo za Leta ya Congo.

Barahicirwa, bakanahafungirwa bazira inkomoko yabo n’amasura yabo, nk’uko biganda bisobanurwa n’imiryango itandukanye ahanini itegamiye kuri Leta.

Umusibo ejo ku wa gatatu, ni bwo hari hafashwe Abanyamulenge abari bageze aha i Uvira baturutse i Ndondo ya Bijombo.

Ni mu gihe bari bahazanye umurwanyi uwo baje bikoreye ku gipoyo. Wazalendo barabafata barabakubita, kandi babambura n’ibyabo.

Igitangaje, ibyo babikoze mu gihe aba Banyamulenge bari bazanye umurwanyi ku muvuriza i Uvira, baje baherekejwe n’abasirikare b’u Burundi bakorera muri iyo misozi y’i Ndondo ya Bijombo. Ariko ntacyo bafashije aba bari baherekeje.

Iyi Uvira ikomeje kuberamo ibi bikorwa byo guhohotera Abanyamulenge, ni yo yashyizwemo ibiro bikuru by’intara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yuko ihuriro rya AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho bifashe umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’iyi ntara tariki ya 16/02/2025.

Iyi mitwe yombi yanafashe n’ibindi bice byinshi byo muri iyi ntara harimo na komine ya Minembwe iherereye muri teritware ya Fizi.

Tags: AbanyamulengeGutotezwaUviraWazalendo

Related Posts

Martin Fayulu Yashyize Hanze Ibyamubayeho mu Myigaragambyo ya C64; Anagaragaza Ibyo Yasabye Abapolisi
Conflict & Security

Martin Fayulu Yashyize Hanze Ibyamubayeho mu Myigaragambyo ya C64; Anagaragaza Ibyo Yasabye Abapolisi

September 17, 2026
Inteko Ishinga Amategeko ya RDC yanze uruhare rwa AFC/M23 mu biganiro by’Abanyekongo, ishyiraho umurong
Conflict & Security

RDC : L’Assemblée nationale rejette la participation de l’AFC/M23 au dialogue national et fixe une ligne rouge

September 17, 2026
Inteko Ishinga Amategeko ya RDC yanze uruhare rwa AFC/M23 mu biganiro by’Abanyekongo, ishyiraho umurong
Conflict & Security

Inteko Ishinga Amategeko ya RDC yanze uruhare rwa AFC/M23 mu biganiro by’Abanyekongo, ishyiraho umurong

September 17, 2026
RDC: Imirwano Ikomeye muri Masisi na Kalehe, Abaturage Batangiye Guhunga Imihana Yabo
Conflict & Security

RDC: Imirwano Ikomeye muri Masisi na Kalehe, Abaturage Batangiye Guhunga Imihana Yabo

September 17, 2026
RDC: Ibitero bya Drone mu Rugezi Mu gihe FARDC, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi Bavugwaho Imyiteguro ya Gisirikare
Conflict & Security

RDC : Des frappes de drones signalées à Rugezi alors que les FARDC, les Wazalendo et l’armée burundaise seraient engagés dans des préparatifs militaires

September 17, 2026
RDC: Ibitero bya Drone mu Rugezi Mu gihe FARDC, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi Bavugwaho Imyiteguro ya Gisirikare
Conflict & Security

RDC: Ibitero bya Drone mu Rugezi Mu gihe FARDC, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi Bavugwaho Imyiteguro ya Gisirikare

September 17, 2026
Next Post
Iby’ibitero byongeye kugabwa mu duce tw’i Mulenge, none tariki ya 19/06/2025.

Iby'ibitero byongeye kugabwa mu duce tw'i Mulenge, none tariki ya 19/06/2025.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Martin Fayulu Yashyize Hanze Ibyamubayeho mu Myigaragambyo ya C64; Anagaragaza Ibyo Yasabye Abapolisi
  • RDC : L’Assemblée nationale rejette la participation de l’AFC/M23 au dialogue national et fixe une ligne rouge
  • Inteko Ishinga Amategeko ya RDC yanze uruhare rwa AFC/M23 mu biganiro by’Abanyekongo, ishyiraho umurong
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?