Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Putin ibyo yatangaje byatunguye benshi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 21, 2025
in World News
0
Perezida Putin ibyo yatangaje byatunguye benshi.
86
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Putin ibyo yatangaje byatunguye benshi.

You might also like

Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran.

Intambara ya Israel na Iran yahinduye isura, Amerika yayinjiyemo bidasubirwaho.

Abashinwa bavumbuye ikorana buhanga rikaze rishobora gukoreshwa nk’intwaro.

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yavuze ko Ukraine n’u Burusiya ko ari igihugu kimwe, kandi ko bidashobora gutandukanywa.

Ni amagambo yatangaje ubwo yari mu nama yaberaga i St Petersburg, yigaga ku bukungu bw’u Burusiya.

Muri iyo nama perezida Vladimir Putin yabajijwe amaherezo y’intambara hagati y’igihugu cye cy’u Burusiya na Ukraine.

Mu gusubiza iki kibazo yagize ati: “Nabivuze kenshi ko mbona Abanya-Ukraine n’Abarusiya nk’abaturage b’igihugu kimwe. Ku bw’ibyompamvu rero, Ukraine ni iyacu.”

Amakuru avuga ko iki gisubizo Putin yatanze cyakiranwe amashyi menshi muri iyi nama yari yitabiriwe n’Abanyapolitiki n’abacuruzi.

Yakomeje agira ati: “Hari itegeko rya kera, rivuga ko aho umusirikare w’u Burusiya akandagije ikirenge, haba ari ahacu.”

Yanaboneyeho no gusobanura ko igihe Ukraine izihenda igakoresha intwaro ziremereye muri iyi ntambara ihanganishije ibihugu byombi, icyo gihe ko izahura n’ibyago bikomeye cyane.

Avuga ko izaba ikoze ikosa ndengakamere, kandi ko rizaba rikarishye, ngo kuburyo bayisubiza mu buryo burimo kuyihana kutigeze kubaho mu Isi.

Tags: Ni iyacuPutinU BurusiyaUkraine
Share34Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran.

Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran. Minisitiri w'intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yari yasabye Leta Zunze ubumwe z'Amerika ibintu bibiri,...

Read moreDetails

Intambara ya Israel na Iran yahinduye isura, Amerika yayinjiyemo bidasubirwaho.

by Bruce Bahanda
June 22, 2025
0
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

Intambara ya Israel na Iran yahinduye isura, Amerika yayinjiyemo bidasubirwaho. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zarashe kuri Iran bwa mbere mu gitero gikaze zayigabyeho zirasa ahantu hatandukanye ku bigo...

Read moreDetails

Abashinwa bavumbuye ikorana buhanga rikaze rishobora gukoreshwa nk’intwaro.

by Bruce Bahanda
June 20, 2025
0
Auto Draft

Abashinwa bavumbuye ikorana buhanga rikaze rishobora gukoreshwa nk'intwaro. Igihugu cy'u Bushinwa cyavumbuye ikorana buhanga rishya bwakwifashisha nk'intwaro yabangamira indege z'ibindi bihugu bibanye na bwo nka mu keba. Amakuru...

Read moreDetails

Amerika yabwiwe akaga isi yakwinjwiramo mu gihe yoramuka yivanze mu ntambara ya Israel na Iran.

by Bruce Bahanda
June 20, 2025
0
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

Amerika yabwiwe akaga isi yakwinjwiramo mu gihe yoramuka yivanze mu ntambara ya Israel na Iran. Abategetsi bo mu bihugu bitandukanye basabye Leta Zunze ubumwe z'Amerika kutinjira mu ntambara...

Read moreDetails

Isi igiye kubona ikintu gikomeye nyuma y’impinduka zagaragaye ku ntambara ya Israel na Iran.

by Bruce Bahanda
June 20, 2025
0
Isi igiye kubona ikintu gikomeye nyuma y’impinduka zagaragaye ku ntambara ya Israel na Iran.

Isi igiye kubona ikintu gikomeye nyuma y'impinduka zagaragaye ku ntambara ya Israel na Iran. Yaba uruhande rwa Israel cyangwa urwa Iran, buri rumwe rugenda rurushaho gutera urwabo ubwoba,...

Read moreDetails
Next Post
Uwashinjwaga kuba ishyano ku Banya-Bibogobogo ntakiriho.

Abanya-Bibogobogo babwiwe amakuru yabateye ubwoba.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?