• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, August 21, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Putin ibyo yatangaje byatunguye benshi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 21, 2025
in World News
0
Perezida Putin ibyo yatangaje byatunguye benshi.
94
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Putin ibyo yatangaje byatunguye benshi.

You might also like

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yavuze ko Ukraine n’u Burusiya ko ari igihugu kimwe, kandi ko bidashobora gutandukanywa.

Ni amagambo yatangaje ubwo yari mu nama yaberaga i St Petersburg, yigaga ku bukungu bw’u Burusiya.

Muri iyo nama perezida Vladimir Putin yabajijwe amaherezo y’intambara hagati y’igihugu cye cy’u Burusiya na Ukraine.

Mu gusubiza iki kibazo yagize ati: “Nabivuze kenshi ko mbona Abanya-Ukraine n’Abarusiya nk’abaturage b’igihugu kimwe. Ku bw’ibyompamvu rero, Ukraine ni iyacu.”

Amakuru avuga ko iki gisubizo Putin yatanze cyakiranwe amashyi menshi muri iyi nama yari yitabiriwe n’Abanyapolitiki n’abacuruzi.

Yakomeje agira ati: “Hari itegeko rya kera, rivuga ko aho umusirikare w’u Burusiya akandagije ikirenge, haba ari ahacu.”

Yanaboneyeho no gusobanura ko igihe Ukraine izihenda igakoresha intwaro ziremereye muri iyi ntambara ihanganishije ibihugu byombi, icyo gihe ko izahura n’ibyago bikomeye cyane.

Avuga ko izaba ikoze ikosa ndengakamere, kandi ko rizaba rikarishye, ngo kuburyo bayisubiza mu buryo burimo kuyihana kutigeze kubaho mu Isi.

Tags: Ni iyacuPutinU BurusiyaUkraine
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin. Perezida Zelenskyy Volodymyr wa Ukraine yavuze ko afite ubushake bwo kuzahurira mu biganiro bizamuhuza na perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara. Leta Zunze ubumwe z'Amerika yo keje igitutu Ukraine, iyisaba guhagarike intambara vuba na bwangu, kandi ikemera ibyumvikanyweho mu biganiro biheruka guhuriramo perezida...

Read moreDetails

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

by minebwenews
August 16, 2025
0
Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Russia is hailing the outcome of the high profile summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin in Alaska, even though no formal agreement was...

Read moreDetails

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Perezida Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Putin.

Ibyavuye mu nama yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yahuye na mugenzi we w'u Burusiya Vladimir Putin, umubonano...

Read moreDetails

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zamaganye kuba hatarabaye kubahiriza agahenge hagati y'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n'izo mu ihuriro rya...

Read moreDetails
Next Post
Uwashinjwaga kuba ishyano ku Banya-Bibogobogo ntakiriho.

Abanya-Bibogobogo babwiwe amakuru yabateye ubwoba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?