• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, June 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy’indembe

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 14, 2025
in World News
0
Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy’indembe

You might also like

BYAKOMEYE: Iran yongereye kugaragaza uburakari bukarishye kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Iran Yasubije Perezida Trump mu Magambo Akomeye mu Gihe Umwuka wa Politiki Wongeye Kuzamo Ubukana

Isesengura Ryimbitse ku Masezerano Ashobora Guhindura Politiki y’Isi

Lieutenant General Alain Guillaume Bonyoni wahoze ari minisitiri w’intebe w’u Burundi, yamaze kujya muri “coma.”

Gen Guillaume Bonyoni yagiye muri coma nyuma y’iminsi itanu avanwe muri gereza nkuru ya Gitega afungiwemo akajyanwa kuvurizwa mu bitaro bikuru by’iyi ntara ya Gitega.

Ubuzima bwa Alain Guillaume Bonyoni buri mu kaga, mu gihe bisanzwe bizwi ko kuva afunzwe mu kwezi kwa cyenda umwaka wa 2023, yafungiwe mu kumba ka wenyine.

Binazwi kandi ko yakatiwe igifungo cya burundu, kuko ubutegetsi bw’iki gihugu bumushinja ibyaha byinshi, birimo gushaka kugirira nabi umukuru w’iki gihugu, ndetse no guhirika ubutegetsi bwe.

Bumushinja kandi gukoresha ububasha yarafite mu nyungu ze bwite zitari iz’igihugu.

Uyu akaba yarahoze ari igikomerezwa muri Leta ya CNDD-FDD, kuko yari mu bategetsi bavuga rikijana. Mbere y’uko agirwa minisitiri w’intebe yaravuye mu nshingano zo kuyobora igipolisi cy’iki gihugu.

Ariko kuri ubu, amakuru avugwa n’Abarundi bageze aho arwariye avuga ko yajanwe mu cumba cy’indembe cy’ibitaro bya Gitega bikuru.

Bakavuga ko ari gukurikiranwa bidasanzwe n’itsinda ry’Abaganga baturutse i Bujumbura ku murwa mukuru w’ubukungu w’iki gihugu. Ibi bitaro ari kuvurirwamo umutekano wabyo na wo wakajijwe, ni mu gihe hasutswe Abapolisi n’abasirikare benshi bo mu ishami ry’iperereza.

Amakuru yo ku ruhande akavuga ko Bonyoni arembye cyane, ndetse ko n’amahirwe ye yo gusubira mu ibohero gufungwa ubuzima bwe bwose ari make.

Tags: BunyoniGitegaIcumba cy'indembeImfungwa
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

BYAKOMEYE: Iran yongereye kugaragaza uburakari bukarishye kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika

by Bahanda Bruce
June 23, 2026
0
BYAKOMEYE: Iran yongereye kugaragaza uburakari bukarishye kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika

BYAKOMEYE: Iran yongereye kugaragaza uburakari bukarishye kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Iran yongeye kugaragaza umwuka w’uburakari n’ubwumvikane buke bukomeye ku mibanire yayo na Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Iran Yasubije Perezida Trump mu Magambo Akomeye mu Gihe Umwuka wa Politiki Wongeye Kuzamo Ubukana

by Bahanda Bruce
June 21, 2026
0
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Iran Yasubije Perezida Trump mu Magambo Akomeye mu Gihe Umwuka wa Politiki Wongeye Kuzamo Ubukana

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Iran Yasubije Perezida Trump mu Magambo Akomeye mu Gihe Umwuka wa Politiki Wongeye Kuzamo Ubukana Mu gihe umwuka wa politiki n’umutekano hagati ya...

Read moreDetails

Isesengura Ryimbitse ku Masezerano Ashobora Guhindura Politiki y’Isi

by Bahanda Bruce
June 19, 2026
0
Amerika na Iran Bigeze ku Ntera Ikomeye mu Biganiro by’Amahoro; Ibyatumye Perezida Trump Atangaza Amagambo Akomeye

Isesengura Ryimbitse ku Masezerano Ashobora Guhindura Politiki y’Isi Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi ibibazo by’umutekano muke n’ihangana rya dipolomasi hagati y’ibihugu bikomeye, ibiganiro hagati ya Leta Zunze...

Read moreDetails

Amerika na Iran Bigeze ku Ntera Ikomeye mu Biganiro by’Amahoro; Ibyatumye Perezida Trump Atangaza Amagambo Akomeye

by Bahanda Bruce
June 14, 2026
0
Amerika na Iran Bigeze ku Ntera Ikomeye mu Biganiro by’Amahoro; Ibyatumye Perezida Trump Atangaza Amagambo Akomeye

Amerika na Iran Bigeze ku Ntera Ikomeye mu Biganiro by’Amahoro; Ibyatumye Perezida Trump Atangaza Amagambo Akomeye Mu gihe isi yose ikomeje gukurikiranira hafi umwuka mubi wari umaze amezi...

Read moreDetails

Perezida Trump Yatangaje ko Amahoro Hagati ya Amerika na Iran Yegereje, Nubwo Tehran Igikemanga Amasezerano

by Bahanda Bruce
June 12, 2026
0
Perezida Trump Yatangaje ko Amahoro Hagati ya Amerika na Iran Yegereje, Nubwo Tehran Igikemanga Amasezerano

Perezida Trump Yatangaje ko Amahoro Hagati ya Amerika na Iran Yegereje, Nubwo Tehran Igikemanga Amasezerano Mu gihe amakimbirane hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?