• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, August 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amakuru mashya: Iran yateye ibirindiro by’ingabo z’Amerika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 23, 2025
in World News
0
Amakuru mashya: Iran yateye ibirindiro by’ingabo z’Amerika.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru mashya: Iran yateye ibirindiro by’ingabo z’Amerika.

You might also like

Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

Bidasubirwaho igisirikare cya Iran cyagabye igitero gikomeye ku birindiro by’ingabo za Leta Zunze ubumwe z’Amerika biherereye muri Qatar n’ibiri muri Iraq.

Ni amakuru yemejwe n’ibiro ntara makuru bya Iran, bizwi nka Tasnim, aho byanavuze ko iyo operasiyo yahawe izina rya “Annunciation of Victory.”

Amakuru avuga ko mu masaha make ashize humvikanye uguturika kw’intwaro zihambaye mu kigo cya gisirikare cya Amerika giherereye muri Qutar.

Ni iturika ryabaye nyuma gato Iran ivuze ko igiye kwihorera kuri America kandi ko izabangamira inyungu zayo mu buryo budasanzwe.

Bizwi ko iki kigo cy’ingabo za Amerika kiri muri Qatar kibarizwamo abasirikare bakabakaba ibihumbi icumi, gusa kugeza ubu ntiharamenyekana ibyangijwe cyangwa abapfuye.

Iran yagabye iki gitero mu gihe Amerika yari yasabye abaturage bayo baba muri Qatar kwitwararika ndetse ngo byashoboka bakajya mu bwihisho.

Hari nyuma y’aho ku munsi w’ejo hashize, Leta Zunze ubumwe z’Amerika zagabye ibitero ku bikorwa remezo bikora intwaro kirimbuzi bya Iran.

Icyo gitero, amakuru avuga ko cyasize gisenye ibigo bitatu birimo n’ikizwi ko cyari mu bikomeye.

Ubundi kandi ibyo bibaye mu gihe perezida Donald Trump yari yatangaje ko ngwasanga Abanya-Iran bakwiye guhirika ubutegetsi bwabo ni ba bwanze kujya mu biganiro ku bijyanye na porogaramu y’icyo gihugu ya nucléaire.
Ariko ngo we ku giti cye, ngwaracyifuza dipolomasi.

Nyamara kurundi ruhande bivugwa ko Iran mu kugaba iki gitero yagabye ku birindiro by’ingabo za Amerika muri Qatar, ngo yakoresheje ibisasu bitandatu byo mu bwoko bwa “misile ballestic.”

Byanatumye Qatar ifunga ikibuga cy’indege cyayo giherereye muri ibyo bice.

Tags: AmerikaIranMisile ballesticQatar
Share35Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

by Bruce Bahanda
August 24, 2025
0
Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Koreya y'Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane. Igisirikare cya Koreya y'Epfo cyarashe ku basirikare ba Koreya Yaruguru barinda umupaka uhuza ibihugu...

Read moreDetails

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

by Bruce Bahanda
August 21, 2025
0
Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe. Abana babarirwa mu bihumbi 19 biciwe mu ntambara ihanganishije Israel na Hamas mu ntara ya Gaza mu Burasirazuba...

Read moreDetails

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin. Perezida Zelenskyy Volodymyr wa Ukraine yavuze ko afite ubushake bwo kuzahurira mu biganiro bizamuhuza na perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara. Leta Zunze ubumwe z'Amerika yo keje igitutu Ukraine, iyisaba guhagarike intambara vuba na bwangu, kandi ikemera ibyumvikanyweho mu biganiro biheruka guhuriramo perezida...

Read moreDetails

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

by minebwenews
August 16, 2025
0
Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Russia is hailing the outcome of the high profile summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin in Alaska, even though no formal agreement was...

Read moreDetails
Next Post
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

Ibitero bya Iran ku ngabo za Amerika byahuye n'igikuta.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?