Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibyo wamenya ku ntwaro kirimbuzi n’ibihugu bizitunze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 24, 2025
in Conflict & Security
0
Ibyo wamenya ku ntwaro kirimbuzi n’ibihugu bizitunze.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wamenya ku ntwaro kirimbuzi n’ibihugu bizitunze.

You might also like

Ingabo z’u Burundi zari mu Bibogobogo zahambiriye.

FARDC n’abambari bayo bongeye kurasira mu duce tw’i Mulenge.

Uwari uragiye Inka zundi akanabihemberwa, yazise ize ari nokuzigurishya ku giciro yishakiye.

Intwaro kirimbuzi ziri mu ziteye ubwoba bwinshi ku Isi, zitunzwe n’ibihugu icumi numwe (11) gusa, byo kuri uyu mubumbe utuwe n’abantu babarirwa muri miliyari zirenga zirindwi ku migabane itanu iwugize.

Kirimbuzi ni gisasu cy’ingufu za nucléaire, gikozwe mu bumara bwa “atome(uranium) cyangwa platinum).”

Iki gisasu, bivugwa ko iyo gituritse kivamo: umuriro ufite “ubushyuhe” budasanzwe, kuko buba buri kuri degree irenze igipimo.

Kiba kandi gifite “umuyaga” wangiza cyangwa wica ibiri mbere byose aho uba unyuze.

Ndetse bivugwa ko ubumara buri muri uwo muyaga buzwi nka “radiyasi” bukomeza kwica ibiri harya hantu wanyuze imyaka ni myaka.
Bivuze ko imijyi irahasenyukira igashyira burundu.

Amateka avuga ko mu 1945- Amerika yateye igisasu cya kirimbuzi i Hiroshima na Nagasaki, ho mu gihugu cy’u Buyapani, abantu barenga 200,000 barapfa, abatarapfuye barwara cancer, n’bagiye bahavukira nyuma bakavukana ubumuga butandukanye.
Ibidukikije birangirika ku kukigero kidasanzwe.

Ibi byatumye ibihugu byari muri iyo ntambara ibyinshi muribyo bikuramo akababo karenge. Kugeza n’ubu ibi bihugu bitinya ko intambara ya gatatu y’isi yakubura, isi ikaba igiye kwinjira mu kaga gakomeye.

Kuri ubu ibihugu bitunze intwaro kirimbuzi, harimo Leta Zunze ubumwe z’Amerika, izitunze kuva mu mwaka wa 1946, aho ifite izigera kuri 5,244.

U Burusiya, na bwo buzitunze kuva mu mwaka wa 1949. Bukaba butunze izigera kuri 5,889.

U Bwongereza buzifite kuva mu 1952. Bukaba butunze izigera kuri 225.

U Bufaransa na bwo buzifite kuva mu 1960, bukagira izigera kuri 290.

Pakistan izifite kuva mu 1970, bukagira izigera kuri 164.

Koreya ya Ruguru izitunze kuva mu mwaka wa 2006, ikagira iziri hagati ya 30 na 50.

Ikindi gihugu gitunze nyinshi muri izo ntwaro ni u Bushinwa, nubwo umubare w’izo butunze utazwi. Ndetse Kandi n’u Buhinde.

Igihugu cya nyuma gitunze intwaro kirimbuzi ni Israel, aho amakuru agaragaza ko gitunze iziri hagati ya 90 ni 100.

Kwirinda ko izi ntwaro zidakoreshwa, ni uguhitamo amahoro no kumvikana hagati y’ibihugu.

Ibihugu byo ku mugabane wa Afrika mu mwaka wa 1996, byiyemeje kutazitunga, bihitamo kuzaguma gutyo, nubwo byenda mu bihe biri mbere bishobora gusesea ayo masezerano.

Mu mwaka wa 1960 na 1990, Amerika n’u Burusiya byakoze intwaro nyinshi zitandukanye z’ubumara, hari nyuma y’intambara y’amagambo hagati yabyo. Ibi byatumye impande zombi zigirana amasezerano nka treaty the non-profiteration of the nuclear weapons.

Nyuma y’aho kandi byagize andi ya start treaties. Byari mu rwego rwo kugira ngo habe kwirinda batazaja kuzikoresha bikangiza byinshi ku isi. Bivuze ko bazitunze ariko na bo ubwabo zibateye ubwoba, kuko zirashwe byaba ari imperuka y’isi.

Ku rundi ruhande hari amakuru atangwa n’abemera Imana, aho basobanura ko nubwo ibi bihugu bitunze intwaro kirimbuzi, ariko ko ziteganyirijwe kuzazirasa igihe cy’imperuka, kabone nubwo zarashwe i Hiroshima na Nagasaki mu Buyapani.

Tags: Ibihugu bizitunzeIcumi n'umweIntwaro Kirimbuzi
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ingabo z’u Burundi zari mu Bibogobogo zahambiriye.

by Bruce Bahanda
June 25, 2025
0
Abasirikare b’u Burundi bongeye guhemukira Abanyamulenge bari baherekeje.

Ingabo z'u Burundi zari mu Bibogobogo zahambiriye. Abasirikare b'u Burundi bari bagize igihe mu Bibogobogo ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo zahavuye zerekeza umuhanda...

Read moreDetails

FARDC n’abambari bayo bongeye kurasira mu duce tw’i Mulenge.

by Bruce Bahanda
June 24, 2025
0
Mu Bijombo haravugwa imirwano.

FARDC n'abambari bayo bongeye kurasira mu duce tw'i Mulenge. Nubwo i Mulenge bamaze kangahe ntahabereye imirwano kuva ku cyumweru, ariko hari uduce ihuriro ry'ingabo za Congo zasubiye kurasiramo...

Read moreDetails

Uwari uragiye Inka zundi akanabihemberwa, yazise ize ari nokuzigurishya ku giciro yishakiye.

by Bruce Bahanda
June 24, 2025
0
Uwari uragiye Inka zundi akanabihemberwa, yazise ize ari nokuzigurishya ku giciro yishakiye.

Uwari uragiye Inka zundi akanabihemberwa, yazise ize ari no kuzigurishya ku giciro yishakiye. Inka zibarirwa mu mirongo z'Umunyamulenge pasiteri Gahungu, izo yari yarahaye umugabo wo mu bwoko bw'Abafulero...

Read moreDetails

Hasobanuwe icyatumye ingabo z’u Burundi zikubita bamwe mu baturage b’i Ndondo zikabahindura intera.

by Bruce Bahanda
June 24, 2025
0
Hasobanuwe icyatumye ingabo z’u Burundi zikubita bamwe mu baturage b’i Ndondo zikabahindura intera.

Hasobanuwe icyatumye ingabo z'u Burundi zikubita bamwe mu baturage b'i Ndondo zikabahindura intera. Nyuma y'aho umusirikare wo mu ngabo z'u Burundi ziherereye ku Ndondo ya Bijombo muri teritware...

Read moreDetails

Kivu y’Epfo: AFC/M23 izindutse yambikana n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

by Bruce Bahanda
June 24, 2025
0
Kivu y’Epfo: AFC/M23 izindutse yambikana n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

Kivu y'Epfo: AFC/M23 izindutse yambikana n'ihuriro ry'ingabo za RDC. Ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryazindutse rigaba ibitero ku barwanyi bo mu ihuriro rya Alliance Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Leta y’u Rwanda yasubije abagize igihe bavuga ko Perezida Kagame arwaye.

Leta y'u Rwanda yasubije abagize igihe bavuga ko Perezida Kagame arwaye.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?