• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, April 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Icyo amakuru avuga ku biganiro RDC na M23 birimo byo guhana imfungwa

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 17, 2025
in Conflict & Security
0
M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo amakuru avuga ku biganiro RDC na M23 birimo byo guhana imfungwa

You might also like

RDC na AFC/M23 Bageze ku Masezerano Akomeye y’Amahoro—Icyizere Gishya mu Burasirazuba

Igitero Simusiga cya Drone kuri Point Zero

Ibiganiro hagati ya Kinshasa na AFC/M23 mu Busuwisi byageze mu ihurizo rikomeye

Repubulika ya demokarasi ya Congo n’umutwe wa M23 uyirwanya biri mu biganiro byo guhana imfungwa, aho ibyo biganiro biri kubera i Doha muri Qatar.

RDC na M23 biri kuganira ku ngingo yo guhererekanya imfungwa, nyuma y’ukwezi kumwe impande zombi zemeranyije gushyiraho urwego rushinzwe gukurikirana iyo gahunda.

Iyi gahunda ikaba iri mu ngingo zigoye cyane zigomba kuganirwaho muri biriya biganiro, kuko n’ubwo RDC imaze amezi menshi yemeye ko igomba kurekura abantu bo ku ruhande rwa M23 ifite, ariko kugeza ubu ntacyo irabikoraho.

Bikaba bizwi ko Croix-Rouge ari yo yahawe ikiraka cyo kuba umuhuza udafite uruhande abogamiyeho mu kumenya kugenzura no kurekura mu mutekano imfungwa zifitwe na buri ruhande, yanatangaje ko igitegereje ko Leta na M23 bagera kubwumvikane, ubundi ikinjira mu gikorwa nyirizana.

Ibi biganiro bikurikiranirwa hafi na Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Qatar ndetse n’umuryango wa Afrika yunze ubumwe bifuza ko Kinshasa na M23 byashyira umukono ku masezerano y’amahoro, nyuma yaho iki gihugu cya RDC gisinyanye n’u Rwanda amasezerano y’amahoro ayo byasinyanye mu kwezi kwa gatandatu uyu mwaka.

Uyu mutwe wa M23 uvuga ko imfungwa zayo RDC ifunze zibarirwa muri 700 , ariko izo Leta yo isaba uyu mutwe wa M23 ntuzwi kugeza magingo aya.

Tags: Guhana imfungwaibiganiroM23Rdc
Share31Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

RDC na AFC/M23 Bageze ku Masezerano Akomeye y’Amahoro—Icyizere Gishya mu Burasirazuba

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Mahoro ya RDC Hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa

RDC na AFC/M23 Bageze ku Masezerano Akomeye y’Amahoro—Icyizere Gishya mu Burasirazuba Mu rwego rwo gushaka umuti urambye w’amakimbirane amaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Igitero Simusiga cya Drone kuri Point Zero

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Igitero Simusiga cya Drone kuri Point Zero

Igitero Simusiga cya Drone kuri Point Zero Amakuru yizewe aturuka mu gace ka Point Zero gaherereye muri teritware ya Mwenga, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa...

Read moreDetails

Ibiganiro hagati ya Kinshasa na AFC/M23 mu Busuwisi byageze mu ihurizo rikomeye

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Mahoro ya RDC Hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa

Ibiganiro hagati ya Kinshasa na AFC/M23 mu Busuwisi byageze mu ihurizo rikomeye Mu gihe amahanga yari ategereje ko ibiganiro by’amahoro bibera mu Busuwisi bizatanga umusaruro ugaragara, gahunda yo...

Read moreDetails

RDC: Ese ibiganiro byo mu Busuwisi bizaba intangiriro y’amahoro arambye cyangwa indi nshuro y’amasezerano adatanga umusaruro?

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Ubusesenguzi bwa MRC ku Masezerano hagati ya AFC/M23 na Leta ya Kinshasa mu Busuwisi

RDC: Ese ibiganiro byo mu Busuwisi bizaba intangiriro y’amahoro arambye cyangwa indi nshuro y’amasezerano adatanga umusaruro? Mu gihe umutekano muke ukomeje kuranga uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Kinshasa Yatangaje ku Bagororwa ba AFC/M23 Ifunze, Igaragaza n’abo Igiye Kurekura

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Severe Torture and Persecution of Banyamulenge in the DRC—The Cases of Col. Gapanda and Lt. Col. Muragizi Reveal a Disturbing Reality

Kinshasa Yatangaje ku Bagororwa ba AFC/M23 Ifunze, Igaragaza n’abo Igiye Kurekura Mu makuru yihariye akomeje gukurikiranwa n’abasesenguzi ku bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,...

Read moreDetails
Next Post
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?