• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta y’u Rwanda yasubije abagize igihe bavuga ko Perezida Kagame arwaye.

minebwenews by minebwenews
June 24, 2025
in Regional Politics
0
Leta y’u Rwanda yasubije abagize igihe bavuga ko Perezida Kagame arwaye.
128
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta y’u Rwanda yasubije abagize igihe bavuga ko Perezida Kagame arwaye.

You might also like

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

U butegetsi bw’igihugu cy’u Rwanda bwasubije abagize igihe bavuga ko umukuru w’iki gihugu ko arwaye, ndetse hari nabavuga ko yapfuye.

Ni byatangajwe n’Umuvugizi w’u Rwanda, Yolande Makolo, aho yabitangaje kuri uyu wa kabiri tariki ya 24/06/2025.

Yolande Makolo mu kiganiro yagiranye na Taarifa, yayibwiye ko ayo makuru ko ari ibinyoma byambaye ubusa.

Yagize ati: “Ntimwite kuri aya makuru akomeje gusakazwa n’abanzi. Nta kintu nakimwe cyo guhangayikira cyangwa guhangayikisha.”

Ibi byo kuvuga ko Perezida Kagame arwaye cyangwa ko yapfuye, ababivugaga buriraga kukuba adaheruka kugaragara mu ruhame.

Ariko nk’uko Yolande Makolo yabwiye Taarifa ni uko Perezida Kagame ari mu kiruhuko kandi ko ari ibisanzwe ko afata igihe ntagaragare mu ruhame, by’umwihariko mu bihe biza bikurikira ibikorwa byo ku rwego rw’igihugu na Mpuzamahanga.

Aya makuru akomeza avuga ko iki gitangazamakuru cya Taarifa cyavuganye n’umuntu wo hafi ya Perezida Kagame, akakibwira ko ari ibisanzwe ko umukuru w’igihugu aja mu kiruhuko, ngo nk’uko na we ari ikiremwa muntu.

Si ubwo mbere ibihuha nk’ibi bizamurwa mu bantu, ariko ni cyo gihe byavuzwe wasangaga yari mu kiruhuko, bikaza kurangira ababivuze bakozwe n’isoni.

Ibi byatangajwe mu gihe hakwirakwiye itangazo ry’icunamo ryitiriwe ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda ryavugaga amakuru y’ibinyoma ku buzima bwa Paul Kagame.

Ni itangazo ryanamaganwe n’i ngabo z’u Rwanda, aho zanasabye abantu kwima agaciro iryo tangazo, ngo kuko amakuru ari kubiyemo yuzuye ibinyoma mpimbano.

Tags: KagameLeta y'u RwandaNi Muzima
Share51Tweet32Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails
Next Post
Kabila yageze i Bukavu muri Kivu y’Epfo, menya ikihamugenza.

Kabila yageze i Bukavu muri Kivu y'Epfo, menya ikihamugenza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?