Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Icyo Trump yatangaje nyuma y’isinywa ry’amasezerano y’amateka hagati ya RDC n’u Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 28, 2025
in Regional Politics
0
Icyo Trump yatangaje nyuma y’isinywa ry’amasezerano y’amateka hagati ya RDC n’u Rwanda.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo Trump yatangaje nyuma y’isinywa ry’amasezerano y’amateka hagati ya RDC n’u Rwanda.

You might also like

Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye.

Perezida Museveni yavuze ku Banyarwanda bimwa ubwenegihugu bwa Uganda, ubwe na we avuga ku bwoko bwe.

Ibyimbitse ku masezerano u Rwanda na RDC byasinyanye.

Umukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump yatangaje ko akarere k’ibiyaga bigari gatangiye amateka mashya y’ubumwe, ubufatanye n’iterambere, ibi yabitangaje nyuma y’aho hasinywa amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo Kinshasa.

Ni amasezerano yashyizweho umukono n’impande arebwa na yo u Rwanda na Congo ku munsi w’ejo ku wa gatanu tariki ya 27/06/2025.

Zimwe mu ngingo zigize aya masezerano u Rwanda na Congo byasinyanye, ni ugushyiraho iherezo ryanyuma amakimbirane yaragize igihe azonze ibi bihugu byombi bivuye ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Congo.

Ubufatanye mu by’ubukungu harimo no kubaha ubusugire bwa buri gihugu no kwirinda ibibatanya.

Nyuma y’aho aya masezerano ashyizweho umukono, perezida Trump yahise yakira mu biro bye ba minisitiri b’ubanye n’amahanga bibi bihugu byombi byagiranye ariya masezerano, maze atangaza ati: “Intambara yar’imaze imyaka 30 mu karere k’ibiyaga bigari, uyu munsi igeze ku iherezo, kandi n’akarere kose gatangiye ubuzima bushya.”

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda wasinye kuruhande rw’iki gihugu cye, na we yavuze ko impande zombi zasinye amasezerano y’amahoro, kandi ko kugira ngo icyo gikorwa kigerweho byaturutse ku muhate wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, anayisaba gukomeza kubishyiramo intege kugira ngo ibyumvikanyweho bigere ku ntego yanyayo.

Byatumye kandi Perezida Trump yongera kuvuga ibyo amaze gukora, ahamya ko ari we wagize uruhare ubu vuba kugira ngo intambara y’u Buhinde na Pakistan ibashye guhagarara, ndetse kandi ngo na Iran na Israel ngo none kandi hiyongereye u Rwanda na RDC.

Tags: AmasezeranoAmatekaRdcRwandaTrump
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye.

by Bruce Bahanda
June 28, 2025
0
Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye.

Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye. Perezida w'u Rwanda Paul Kagame ni umwe mu bagabo n'abakuru b'ibihugu bo muri iki gihe ku mugabane wa Afrika no...

Read moreDetails

Perezida Museveni yavuze ku Banyarwanda bimwa ubwenegihugu bwa Uganda, ubwe na we avuga ku bwoko bwe.

by Bruce Bahanda
June 28, 2025
0
Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

Perezida Museveni yavuze ku Banyarwanda bimwa ubwenegihugu bwa Uganda, ubwe na we avuga ku bwoko bwe. Yoweli Kaguta Museveni perezida wa Uganda yatangaje ko igihugu cye kitazemera ko...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku masezerano u Rwanda na RDC byasinyanye.

by Bruce Bahanda
June 28, 2025
0
Ibyimbitse ku masezerano u Rwanda na RDC byasinyanye.

Ibyimbitse ku masezerano u Rwanda na RDC byasinyanye. Guverinoma y'u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo byasinyanye amasezerano y'amahoro aganisha ku muti w'ibibazo by'intambara mu Burasirazuba bwa...

Read moreDetails

Ibyingenzi ku byisinywa ry’amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC, nubwo impungenge zikiri zose.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y’u Rwanda na RDC.

Ibyingenzi ku byisinywa ry'amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Congo, nubwo impungenge zikiri zose. U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo barasinya amasezerano yo gushyiraho akadomo kanyuma...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda anabagaragariza impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Gen.Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda anabagaragariza impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda anabagaragariza impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, umuhungu wa perezida Museveni, yatumiye Abanyarwanda muri Uganda ku basura mu buryo...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Abasirikare ba FARDC barenga 40 bakurikiranyweho ibyaha bikomeye kandi biteye n’isoni.

RDC: Abasirikare ba FARDC barenga 40 bakurikiranyweho ibyaha bikomeye kandi biteye n'isoni.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?