• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 28, 2025
in Regional Politics
0
Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye.
96
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye.

You might also like

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye na M23 i Doha.

Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma.

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ni umwe mu bagabo n’abakuru b’ibihugu bo muri iki gihe ku mugabane wa Afrika no hanze yawo, bashimwa kandi bazwiho imiyoborere myiza ku gihugu cye, ikiganisha ku ntego, ndetse akitwa Umunyabwenge udasanzwe.

Ibi nibyo MCN yakusanyije, aho yabikuye mu kiganiro yagiranye na Bravo uri mubakunzi b’iki gitangazamakuru. Iki kiganiro twakigiranye na we biciye kuri telefone mu minsi mike ishize.

Bravo uri mu bakunzi ba MCN(Minembwe Capital News) kuva intambara zubura i Mulenge mu mwaka wa 2017, yavuze ko impamvu uyu mukuru w’igihugu cy’u Rwanda afatwa “nk’Umunyabwenge mu ntambara no mu bikorwa byo kuyobora igihugu, ari uko icyo yerekejemo cyose agikora abikuye ku mutima wo gukunda igihugu cye u Rwanda.”

Yongeye ati: “Kagame igituma yitwa Umunyabwenge ni uko agira [ubushishozi] muri politiki iyariyo yose. Agira intego ndende, mu mahoro no mu buzima bwiza ku baturage be.”

Yakomeje agira ati: “Muri we mubonamo ubushobozi bwo gutora umuti waburi kibazo kandi akawubona mu buryo bwihuse. Mu bihe by’intambara zizwiho kuba yaraziyoboye zo kubohoza u Rwanda na nyuma yo kurobohoza yaranzwe no gufata ibyemezo bidahutaza abanyagihugu be, kandi akabikora anyuze mu nzira y’ amahoro.”

Sibyo gusa kuko kandi Bravo yavuze ko perezida w’u Rwanda yubaha amategeko n’ubutabera, ati: Yubaha itegeko nshinga kandi ntarobanura abantu ku butoni, cyangwa ngwagire uwo avuga ko ava mu idini runaka. Ibyo yarabirenze.”

Ndetse kandi ngo afite n’ubuhanga bwo kumenya kumvisha abantu icyo yumva ko aricyo. Ngo ntabiba amacakubiri ahubwo arayarwanya akanayarandura ahereye mu mizi.

Yasoje avuga ko perezida Paul Kagame areba kure, afata ingingo zigihe kirekire zitagamije gushimisha abantu. Ibyemezo ngo byose afata bimara igihe kandi bikarushaho kuzamura ubukungu bw’iki gihugu cy’u Rwanda.

Tags: KagameRwandaUmunyabwenge uhambaye
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 23, 2025
0
U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC. Leta y'u Rwanda yamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo byasohowe n'umuryango w'Abibumbye ushinzwe uburenganzira bwa muntu,...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye na M23 i Doha.

by Bruce Bahanda
August 20, 2025
0
Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye  na M23  i Doha.

Perezida Tshisekedi yabwiye u Bubiligi ko atashimye umushinga w'amasezerano y'amahoro y'i Doha. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yabwiye minisitiri w'intebe w'u Bubiligi, Maxime Prevot,...

Read moreDetails

Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma.

Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma. Minisitiri w'ubanye n'amahanga wa Kenya yatanze ibisobanuro ku muntu wayo yashyizeho uyihagararira i Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w’amasezerano y’amahoro.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w’amasezerano y’amahoro.

RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w'amasezerano y'amahoro. Guverinoma ya Qatar yashyikirije iya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 umushinga w'amasezerano y'amahoro kugira ngo...

Read moreDetails

Gen Muhoozi yagaragaje uruhande ashyigikiye hagati ya RDC na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
Gen Muhoozi yagaragaje uruhande ashyigikiye hagati ya RDC na AFC/M23.

Gen Muhoozi yagaragaje uruhande ashyigikiye hagati ya RDC na AFC/M23. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda akaba n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, Yoweli Kaguta Museveni, General Kainarugaba Muhoozi yerekanye...

Read moreDetails
Next Post
Rwongeye kwambikana bikomeye hagati y’Ingabo za RDC na AFC/M23.

Aka-Biroze-Bishambuke kashobotse n'ubu bari kurasana byakaze ibyabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?