Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amatora aheruka kuba i Burundi yanenzwe bikomeye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 29, 2025
in Regional Politics
0
Amatora aheruka kuba i Burundi yanenzwe bikomeye.
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amatora aheruka kuba i Burundi yanenzwe bikomeye.

You might also like

Umukuru w’igihugu cya Kenya yagize icyo avuga ku myigaragambyo irimo gukorwa mu gihugu cye.

Igikurikiraho niyo ntambwe ikomeye, ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC. Ibirambuye…

Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye.

L’oni yasabye ko amatora y’abadepite n’abayobozi ba makomine aheruka kuba mu gihugu cy’u Burundi asubirwamo, ngo kuko yabayemo uburiganya bukabije.

Aya matora y’abadepite n’abayobozi ba makomine yabaye i Burundi ku itariki ya 05/06/2025, ishyaka riri ku butegetsi rya CNDD-FDD riyatsinda ijana ku ijana.

Bitandukanye no mu mwaka wa 2020, kuko ho iri shyaka rya CNDD-FDD ryayatsinze kuri 68% mu gihe mu mwaka wa 2015 ryagize amanota 60%.

Nyuma y’aya aheruka mu byumweru bibiri bishize, amashyirahamwe ategamiye kuri Leta yanenze ibyayavuyemo, ndetse kandi yamaganwa n’abarimo umunyapolitiki uzwi cyane muri iki gihugu cy’u Burundi, Agatho Rwasa. Uyu Rwasa yavuze ko atari amatora ahubwo ko yari agakino ka CNDD-FDD.

Ibi kandi byamaganwe n’ intumwa idasanzwe ya L’oni mu Burundi, Fortune Gaetan Zongo, wasabye ko ariya matora asubirwamo.

Ibi yabitangarije mu kanama ka L’oni mu nama yako yabaye muri iki cyumweru turimo, aho yasobanuye ko ibyabaye atari amatora ahubwo ko byari ibindi.

Anenga kandi ko n’abagerageje kwerekana utunenge twayabayemo abari bahagarariye komisiyo ishinzwe ariya matora itabihaye agaciro. Ubundi kandi agaragaza ko ibyayavuyemo byakuruye umwuka mubi hagati mu gihugu no muri politiki yacyo.

Yavuze kandi ko ngo nubwo aya matora atabayemo guhungabana mu buryo bw’umutekano, ariko ngo habaye gutera abantu ubwoba babaga baje gutora bagategekwa uwo batora.

Iyi ntumwa ya L’oni mu Burundi yakomeje ivuga ko ibyo ibona nk’umuti ari uko amatora yongera gutegurwa bundi bushya, maze hakaba amatora yizewe na bose. Isoza ivuga ko ibyo n’ibikorwa gutyo, bizatuma buri wese yiyumva ubuyobozi buriho.

Tags: 2025AmatoraBurundiLoni
Share27Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Umukuru w’igihugu cya Kenya yagize icyo avuga ku myigaragambyo irimo gukorwa mu gihugu cye.

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
Umukuru w’igihugu cya Kenya yagize icyo avuga ku myigaragambyo irimo gukorwa mu gihugu cye.

Umukuru w'igihugu cya Kenya yagize icyo avuga ku myigaragambyo irimo gukorwa mu gihugu cye. Perezida wa Kenya William Ruto, yavuze ko atumva impamvu abari mu gukora imyigaragambyo yo...

Read moreDetails

Igikurikiraho niyo ntambwe ikomeye, ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC. Ibirambuye…

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
Ibyimbitse ku masezerano u Rwanda na RDC byasinyanye.

Igikurikiraho niyo ntambwe ikomeye, ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC. Ibirambuye… Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda Olivier Nduhungurehe na mugenzi we minisitiri wa Congo, Therese Kayikwamba...

Read moreDetails

Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye.

by Bruce Bahanda
June 28, 2025
0
Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye.

Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye. Perezida w'u Rwanda Paul Kagame ni umwe mu bagabo n'abakuru b'ibihugu bo muri iki gihe ku mugabane wa Afrika no...

Read moreDetails

Icyo Trump yatangaje nyuma y’isinywa ry’amasezerano y’amateka hagati ya RDC n’u Rwanda.

by Bruce Bahanda
June 28, 2025
0
Icyo Trump yatangaje nyuma y’isinywa ry’amasezerano y’amateka hagati ya RDC n’u Rwanda.

Icyo Trump yatangaje nyuma y'isinywa ry'amasezerano y'amateka hagati ya RDC n'u Rwanda. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yatangaje ko akarere k'ibiyaga bigari gatangiye amateka...

Read moreDetails

Perezida Museveni yavuze ku Banyarwanda bimwa ubwenegihugu bwa Uganda, ubwe na we avuga ku bwoko bwe.

by Bruce Bahanda
June 28, 2025
0
Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

Perezida Museveni yavuze ku Banyarwanda bimwa ubwenegihugu bwa Uganda, ubwe na we avuga ku bwoko bwe. Yoweli Kaguta Museveni perezida wa Uganda yatangaje ko igihugu cye kitazemera ko...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yabohoje akandi gace muri Kivu y’Epfo.

Amerika yikomye umutwe wa M23.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?