• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Amakuru avugwa ku ndege yakoze impanuka mu Minembwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 29, 2025
in Conflict & Security
0
Amakuru avugwa ku ndege yakoze impanuka mu Minembwe.
201
SHARES
5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru avugwa ku ndege yakoze impanuka mu Minembwe.

You might also like

Col. Gisore w’Umunyamulenge wo muri FARDC yaguye mu mpanuka y’indege.

Muri Manyema haravugwa imirwano y’amakundura hagati ya FARDC na Wazalendo.

Iby’uko Kivu yaba igiye kuba igihugu byongeye gufata indi ntera.

Mu Minembwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, hari indege yahakoreye impanuka yashakaga kwitura ku kibuga cyaho.

Ni amakuru akubiye mu butumwa bwanditse twahawe kuri Minembwe Capital News, aho avuga ko iyi ndege yahushije ubwo yari giye kwika hasi ku kibuga cyayo kiri ku Kiziba igwa hakurya ku w’i Gishigo.

Ubu butumwa bugira buti: “Hari indege yarije kwitura ku kibuga cy’indege cya Kiziba, irahusha igwa hakurya ku w’i Gishigo.”

Bwongeye buti: “Iyi ndege yangiritse ku ibaba ryayo ry’iburyo, ariko nta muntu wayiguyemo, usibye umwe mu bakozi bayo wayikomerekeyemo, ariko bitari cyane.”

Ni ubutumwa bukomeza buvuga ko kuri ubu iriya ndege bari kuyikora, kugira ngo ikomeze ibikorwa byayo.

Umwe mu baturage uherereye muri ibyo bice wavuganye na Minembwe Capital News yatubwiye ko atazi ubwoko bw’iyi ndege, ariko ko ariy’ishirahamwe rya Pamu rishyinzwe ibiryo mu muryango w’Abibumbye.

Ati: “Sinzi ubwoko bwayo, ariko si kajugujugu. Ni ya Pamu.”

Ibi byabaye ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru tariki ya 29/06/2025.

Binavugwa ko yari ivuye i Bukavu ku murwa mukuru w’iyi ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ikaba yarigemuye ibiryo ku baturage bagiye bakurwa mu byabo mu bice binyuranye bya Minembwe kubera intambara zayogoye aka gace.

Ku rundi ruhande haratinywa ko drone y’Ingabo za Congo ishobora kuyigabaho igitero, mu gihe ikirimo gukorwa, nk’uko n’ubundi uyu muturage yabivuze, ati: “Turatinya ko drone y’Ingabo za RDC zayirasaho. Icyo n’icyo kibazo giteye impungenge, kuko kwangirikaho nta bwo yangitse cyane. Ni akabazo gato yagize kw’ihembe ryayo.”

Tags: ImpanukaMinembwePamu
Share80Tweet50Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Col. Gisore w’Umunyamulenge wo muri FARDC yaguye mu mpanuka y’indege.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Auto Draft

Col. Gisore w'Umunyamulenge wo muri FARDC yaguye mu mpanuka y'indege. Colonel Gisore uzwi cyane ku izina rya Kigofero yaguye mu mpanuka y'indege y'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails

Muri Manyema haravugwa imirwano y’amakundura hagati ya FARDC na Wazalendo.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n’ingabo za RDC.

Muri Manyema haravugwa imirwano y'amakundura hagati ya FARDC na Wazalendo. Imirwano iracyakomeje hagati y'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya Wazalendo basanzwe bakorana byahafi mu ntara...

Read moreDetails

Iby’uko Kivu yaba igiye kuba igihugu byongeye gufata indi ntera.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Iby’uko Kivu yaba igiye kuba igihugu byongeye gufata indi ntera.

Iby'uko Kivu yaba igiye kuba igihugu byongeye gufata indi ntera. Repubulika ya Kivu yaba igiye kubaho, ni gikorwa cyibazwa nyuma y'aho igihugu cya Kenya cyohereje umuntu i Goma...

Read moreDetails

Imirwano yakajije umurego hagati ya Wazalendo na FARDC muri Manyema.

by Bruce Bahanda
August 15, 2025
0
Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n’ingabo za RDC.

Imirwano yakajije umurego hagati ya Wazalendo na FARDC muri Manyema. Imirwano ikomeye hagati y'ihuriro rya Wazalendo n'ingabo za Republika ya demokarasi ya Congo zisanzwe zifatanya kurwanya ihuriro rya...

Read moreDetails

Bibogobogo:Amafaranga yaragiye guhembwa Abalimu, Wazalendo bayanyaze.

by Bruce Bahanda
August 15, 2025
0
Bibogobogo:Amafaranga yaragiye guhembwa Abalimu, Wazalendo bayanyaze.

Bibogobogo:Amafaranga yaragiye guhembwa Abalimu, Wazalendo bayanyaze. Abarwanyi bo mu ihuriro rya Wazalendo basanzwe bakorana byahafi na Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, banyaze amafaranga yaragenewe guhemba Abalimu...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cya Kenya yagize icyo avuga ku myigaragambyo irimo gukorwa mu gihugu cye.

Umukuru w'igihugu cya Kenya yagize icyo avuga ku myigaragambyo irimo gukorwa mu gihugu cye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?