• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Amakuru avugwa ku ndege yakoze impanuka mu Minembwe.

minebwenews by minebwenews
June 29, 2025
in Conflict & Security
0
Amakuru avugwa ku ndege yakoze impanuka mu Minembwe.
203
SHARES
5.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru avugwa ku ndege yakoze impanuka mu Minembwe.

You might also like

RDC yemeye kutazongera kwica abasivile no gusahura imitungo yabo

Ibibazo by’Abimukira Baturutse muri Amerika Byahungabanyije Leta ya RDC

RDC na AFC/M23 Bageze ku Masezerano Akomeye y’Amahoro—Icyizere Gishya mu Burasirazuba

Mu Minembwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, hari indege yahakoreye impanuka yashakaga kwitura ku kibuga cyaho.

Ni amakuru akubiye mu butumwa bwanditse twahawe kuri Minembwe Capital News, aho avuga ko iyi ndege yahushije ubwo yari giye kwika hasi ku kibuga cyayo kiri ku Kiziba igwa hakurya ku w’i Gishigo.

Ubu butumwa bugira buti: “Hari indege yarije kwitura ku kibuga cy’indege cya Kiziba, irahusha igwa hakurya ku w’i Gishigo.”

Bwongeye buti: “Iyi ndege yangiritse ku ibaba ryayo ry’iburyo, ariko nta muntu wayiguyemo, usibye umwe mu bakozi bayo wayikomerekeyemo, ariko bitari cyane.”

Ni ubutumwa bukomeza buvuga ko kuri ubu iriya ndege bari kuyikora, kugira ngo ikomeze ibikorwa byayo.

Umwe mu baturage uherereye muri ibyo bice wavuganye na Minembwe Capital News yatubwiye ko atazi ubwoko bw’iyi ndege, ariko ko ariy’ishirahamwe rya Pamu rishyinzwe ibiryo mu muryango w’Abibumbye.

Ati: “Sinzi ubwoko bwayo, ariko si kajugujugu. Ni ya Pamu.”

Ibi byabaye ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru tariki ya 29/06/2025.

Binavugwa ko yari ivuye i Bukavu ku murwa mukuru w’iyi ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ikaba yarigemuye ibiryo ku baturage bagiye bakurwa mu byabo mu bice binyuranye bya Minembwe kubera intambara zayogoye aka gace.

Ku rundi ruhande haratinywa ko drone y’Ingabo za Congo ishobora kuyigabaho igitero, mu gihe ikirimo gukorwa, nk’uko n’ubundi uyu muturage yabivuze, ati: “Turatinya ko drone y’Ingabo za RDC zayirasaho. Icyo n’icyo kibazo giteye impungenge, kuko kwangirikaho nta bwo yangitse cyane. Ni akabazo gato yagize kw’ihembe ryayo.”

Tags: ImpanukaMinembwePamu
Share81Tweet51Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC yemeye kutazongera kwica abasivile no gusahura imitungo yabo

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Ubusesenguzi bwa MRC ku Masezerano hagati ya AFC/M23 na Leta ya Kinshasa mu Busuwisi

RDC yemeye kutazongera kwica abasivile no gusahura imitungo yabo Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yemereye abahuza mu biganiro biyihuza n’ihuriro rya AFC/M23 ko...

Read moreDetails

Ibibazo by’Abimukira Baturutse muri Amerika Byahungabanyije Leta ya RDC

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Ibibazo by’Abimukira Baturutse muri Amerika Byahungabanyije Leta ya RDC

Ibibazo by’Abimukira Baturutse muri Amerika Byahungabanyije Leta ya RDC Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Judith Suminwa, yahuye n’ikibazo gikomeye ubwo yasobanuraga uburyo igihugu cye...

Read moreDetails

RDC na AFC/M23 Bageze ku Masezerano Akomeye y’Amahoro—Icyizere Gishya mu Burasirazuba

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Mahoro ya RDC Hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa

RDC na AFC/M23 Bageze ku Masezerano Akomeye y’Amahoro—Icyizere Gishya mu Burasirazuba Mu rwego rwo gushaka umuti urambye w’amakimbirane amaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Igitero Simusiga cya Drone kuri Point Zero

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Igitero Simusiga cya Drone kuri Point Zero

Igitero Simusiga cya Drone kuri Point Zero Amakuru yizewe aturuka mu gace ka Point Zero gaherereye muri teritware ya Mwenga, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa...

Read moreDetails

Ibiganiro hagati ya Kinshasa na AFC/M23 mu Busuwisi byageze mu ihurizo rikomeye

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Mahoro ya RDC Hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa

Ibiganiro hagati ya Kinshasa na AFC/M23 mu Busuwisi byageze mu ihurizo rikomeye Mu gihe amahanga yari ategereje ko ibiganiro by’amahoro bibera mu Busuwisi bizatanga umusaruro ugaragara, gahunda yo...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cya Kenya yagize icyo avuga ku myigaragambyo irimo gukorwa mu gihugu cye.

Umukuru w'igihugu cya Kenya yagize icyo avuga ku myigaragambyo irimo gukorwa mu gihugu cye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?