• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Perezida Tshisekedi yatanze icyizere ku masezerano u Rwanda na RDC baheruka gusinyana.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 30, 2025
in Conflict & Security
0
RDC: Tshisekedi yasabwe kwegura mu maguru mashya.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi yatanze icyizere ku masezerano u Rwanda na RDC baheruka gusinyana.

You might also like

AFC/M23 yashinje ingabo za FARDC gutera ibisasu mu basivili.

RDC yamaganye Kenya yashyizeho uyihagararira i Goma.

Col. Gisore w’Umunyamulenge wo mu ngabo za FARDC yaguye mu mpanuka y’indege.

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yatangaje ko amasezerano y’amateka igihugu cye cyasinyanye n’u Rwanda i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, ari intambwe ikomeye kandi itanga icyizere ku kugera ku mahoro arambye mu Burasirazuba bw’iki gihugu abereye perezida.

Ibi uyu mukuru w’iki gihugu cya RDC, yabigarutseho ubwo yagezaga ijambo ku Banye-Congo kuri uyu munsi bizihiza isabukuru y’ubwigenge ku nshuro ya 65, kuko yahise avuga ko ubu bagiye kwizihiza bafite impamvu nyayo.

Tshisekedi yatangaje ko kwizihiza iyi sabukuru bihuriranye n’amasezerano yashyiriweho umukono i Washington DC tariki ya 27/06/2025.

Yagize ati: “Amasezerano duheruka gusinyira, si inyandiko gusa, ahubwo ni icyizere cy’amahoro ku baturage b’i Goma, Bukavu, Rutshuru, Masisi, no mu bindi bice byose byakunze kuba mu ntambara.”

Aha ntabwo uyu mukuru w’iki gihugu cya RDC yumvikana ashinja u Rwanda ibirego by’ibinyoma, nk’uko yakunze kujya abigarukaho inshuro nyinshi. Yasobanuye ko aya masezerano ari intambwe ishimishije mu gushyiraho iherezo ryanyuma amakimbirane y’intambara mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Ubundi kandi yavuze ko azazana umwuka mwiza ku mikoranire y’igihugu cye n’ibindi bihugu byibituranyi.

Avuga kandi ko hari inzira za dipolomasi zishinze imizi ku biganiro birimo kuba i Doha muri Qatar, avuga ko RDC ishyize imbere ko hasubiraho ubutegetsi bw’uzuye buri mu maboko ya Leta.

Yasoje abwira abanyagihugu be ko bagomba kugirira icyizere intambwe bateye basinya amasezerano y’amahoro, kandi abizeza ko bazagera ku butabera, ngo kuburyo abagize uruhare muntambara bazabiryozwa.

Tags: AmasezeranoIcyizereRdcTshisekedi
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

AFC/M23 yashinje ingabo za FARDC gutera ibisasu mu basivili.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
AFC/M23 yashinje ingabo za FARDC gutera ibisasu mu basivili.

AFC/M23 yashinje ingabo za FARDC gutera ibisasu mu basivili. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryatangaje...

Read moreDetails

RDC yamaganye Kenya yashyizeho uyihagararira i Goma.

by Bruce Bahanda
August 17, 2025
0
RDC yamaganye Kenya yashyizeho uyihagararira i Goma.

RDC yamaganye Kenya yashyizeho uyihagararira i Goma. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yamaganye iya Kenya yashyizeho uhagararira inyungu zayo i Goma hagenzurwa n'ihuriro rya Alliance Fleuve...

Read moreDetails

Col. Gisore w’Umunyamulenge wo mu ngabo za FARDC yaguye mu mpanuka y’indege.

by Bruce Bahanda
August 17, 2025
0
Auto Draft

Col. Gisore w'Umunyamulenge wo mu ngabo za FARDC yaguye mu mpanuka y'indege. Colonel Gisore Patrick uzwi cyane ku izina rya Kigofero hamwe n'umugore we n'abandi bantu batandatu baguye...

Read moreDetails

Muri Manyema haravugwa imirwano y’amakundura hagati ya FARDC na Wazalendo.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n’ingabo za RDC.

Muri Manyema haravugwa imirwano y'amakundura hagati ya FARDC na Wazalendo. Imirwano iracyakomeje hagati y'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya Wazalendo basanzwe bakorana byahafi mu ntara...

Read moreDetails

Iby’uko Kivu yaba igiye kuba igihugu byongeye gufata indi ntera.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Iby’uko Kivu yaba igiye kuba igihugu byongeye gufata indi ntera.

Iby'uko Kivu yaba igiye kuba igihugu byongeye gufata indi ntera. Repubulika ya Kivu yaba igiye kubaho, ni gikorwa cyibazwa nyuma y'aho igihugu cya Kenya cyohereje umuntu i Goma...

Read moreDetails
Next Post
Kivu y’Epfo: AFC/M23 izindutse yambikana n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

Imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 n'ingabo za RDC muri Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?