Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Indege y’ingabo za Uganda yakoze impanuka.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 2, 2025
in World News
0
Indege y’ingabo za Uganda yakoze impanuka.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Indege y’ingabo za Uganda yakoze impanuka.

You might also like

Abarimo abasirikare ba kuru bafunzwe muri Uganda.

Israel yagize ibyo yemera kugira ngo amahoro agaruke.

Intambara ibera muri Ukraine, yatumye perezida Macro avugana na Putin anamugaragariza uruhande ashyigikiye.

Indege y’igisirikare cya Uganda yo mu bwoko bwa Kajugujugu yaritwaye abantu yakoze impanuka nyuma y’aho yari maze kugera ku kibuga mpuzamahanga cya Somalia.

Ni ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 02/07/2025, iriya ndege ya kujugujugu y’igisirikare cya Uganda yakoze impanuka.

Amakuru avuga ko iyi ndege yari itwaye abantu umunani, ubwo yageraga ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Somalia giherereye ku murwa mukuru wayo, ari wo Mogadishu ihita ihanuka itangira kwakaho umuriro n’umwotsi uyivaho uzamuka mu kirere.

Nta makuru menshi arabasha kumenyekana kuri iyi mpanuka, gusa agira ati: “Kugeza ubu ntiharamenyekana imibare yabayiburiyemo ubuzima cyangwa abakomeretse.”

Umuyobozi w’urwego rwa Somalia rushyinzwe indege za gisivile, Ahmed Maalim, yasobanuye ko iyi ndege yaguye ahantu hahariwe indege za gisirikare. Anavuga ko yavaga mu ntara ya Lower Shebelle.

Bikaba bisanzwe bizwi ko iyi ntara ikoreramo abasirikare ba Uganda bari mu butumwa bw’umuryango wa Afrika Yunze ubumwe, ni ubutumwa bugamije kurwanya umutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab.

Kugeza ubu icyaba cyateye iyo mpanuka ntikiramenyekana, uriya muyobozi yatangaje gusa ko iperereza rigikomeje kugira ngo hamenyekane icyabiteye, ndetse naboba bayigiriyemo ikibazo.

Tags: Igisirikare cya UgandaIndegeSomalia
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Abarimo abasirikare ba kuru bafunzwe muri Uganda.

by Bruce Bahanda
July 2, 2025
0
Abarimo abasirikare ba kuru bafunzwe muri Uganda.

Abarimo abasirikare ba kuru bafunzwe muri Uganda. Abasirikare ba Uganda barimo ba ofisiye n'ufite ipeti rya General bakoraga mu ishami ry'ubwubatsi byategetswe ko bafungwa. Ni umugaba mukuru w'Ingabo...

Read moreDetails

Israel yagize ibyo yemera kugira ngo amahoro agaruke.

by Bruce Bahanda
July 2, 2025
0
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

Israel yagize ibyo yemera kugira ngo amahoro agaruke. Leta ya Israel yemeye ibikenewe byose kugira ngo hashyirweho ihagarikwa ry'intambara muri Gaza hagati yayo na Hamas iyo bavuga ko...

Read moreDetails

Intambara ibera muri Ukraine, yatumye perezida Macro avugana na Putin anamugaragariza uruhande ashyigikiye.

by Bruce Bahanda
July 2, 2025
0
Intambara ibera muri Ukraine, yatumye perezida Macro avugana na Putin anamugaragariza uruhande ashyigikiye.

Intambara ibera muri Ukraine, yatumye perezida Macro avugana na Putin anamugaragariza uruhande ashyigikiye. Perezida w'u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuganye na mugenzi we w'u Burusiya Vradimir Putin, ikiganiro cyabo...

Read moreDetails

Perezida Trump ngo akwiye igihembo cy’amahoro.

by Bruce Bahanda
July 1, 2025
0
Perezida Trump yavuze impamvu akwiye guhabwa ishimwe rya Nobel ashiramo n’ibihugu byo mu karere RDC iherereyemo .

Perezida Trump ngo akwiye igihembo cy'amahoro. Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yatangaje ko ari ngombwa ko Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, akwiye igihembo...

Read moreDetails

Iran yasabye L’oni ikintu gikomeye gukora kuri America na Israel.

by Bruce Bahanda
June 30, 2025
0
Iran yigambye gukubita Amerika inkonji iremereye.

Iran yasabye L'oni ikintu gikomeye gukora kuri America na Israel. Iran yasabye umuryango w'Abibumbye guhatiriza Israel na Leta Zunze ubumwe z'Amerika kwemera ko aribyo byazanye intambara yamaze iminsi...

Read moreDetails
Next Post
Abarimo abasirikare ba kuru bafunzwe muri Uganda.

Abarimo abasirikare ba kuru bafunzwe muri Uganda.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?