Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Minembwe: Umwana muto yarashe mugenzi we arapfa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 2, 2025
in Conflict & Security
0
Ubutumwa bw’Abanya-Minembwe buryoheye amatwi ku bahavuka n’inshuti zaho, gusa bitandukanye n’ibyabereye i Misisi.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minembwe: Umwana muto yarashe mugenzi we arapfa.

You might also like

RDC: Yishwe azira gusa n’Abatutsi.

Ayi gitero kigiye kwinuka i Lulenge kiyobowe n’umu-General w’Umunyamulenge.

Twirwaneho yashyizeho ubuyobozi bwayo bushya.

Umwana uri mu kigero cy’imyaka umunani y’amavuko, yakinishije imbunda bari batoraguye ahantu arasa undi mwana mugenzi we, ako kanya ahita ahasiga ubuzima, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ni byabaye ku mugoroba w’ajoro wo kuri uyu wa gatatu tariki ya 02/07/2025, aho ibyo byabereye mu gace kitwa ku w’i Mishashu.

Aya makuru agira ati: “Abana babiri batoye imbunda bari kuyikinisha umwe arasa mugenzi we mw’ijosi ahita agwa aho.”

Ni amakuru kandi agaragaza ko bariya bana batoraguye iyo mbunda hafi n’amazu yabo, ariko bakaba bari bonyine.

Agace ko ku w’i Mishashu kabereyemo icyo gikorwa kibi, gaherereye mu ntera y’i birometero bibiri n’igice uvuye muri centre ya Minembwe.

Kubera intambara zikomeye zagiye zibera muri utu duce tw’i Mulenge, izo Mai Mai kubufatanye n’ingabo za Leta ya Congo zagiye zishyora ku Banyamulenge zagiye zitera impanuka nk’izi kuko no mu myaka itatu ishize hari undi mwana wishwe na grenade yari atoye ku musozi ku Ndondo ya Bijombo mu gace kitwa mu Kinyoni.

Ibyo bibaye mu gihe muri iki gice cya Minembwe hari agahenge ka mahoro, kuko ibitero uruhande rwa Leta rukunze kukigabamo, ntibyari biheruka, usibye ku wa mbere ni ho izi ngabo za RDC zagabye igitero cya drone ku ndege yari izaniye abaturage ibyokurya n’imiti.

Amashusho yagiye hanze, agaragaza iriya ndege iri gushya, kandi n’umwotsi uyivaho ugatumukira mu kirere. Ndetse kandi ayigaragaza yahindutse umuyonga.

Tags: MinembweMugenzi weYarashe
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

RDC: Yishwe azira gusa n’Abatutsi.

by Bruce Bahanda
July 3, 2025
0
RDC: Yishwe azira gusa n’Abatutsi.

Yishwe azira gusa n'Abatutsi. Umunye-Congo wo mu bwoko bw'Abashi yishwe arashwe na Wazalendo nyuma yo kumukeho ko ari Umututsi. Uyu yishwe aha'rejo ku wa gatatu tariki ya 02/07/2025,...

Read moreDetails

Ayi gitero kigiye kwinuka i Lulenge kiyobowe n’umu-General w’Umunyamulenge.

by Bruce Bahanda
July 3, 2025
0
Ayi gitero kigiye kwinuka i Lulenge kiyobowe n’umu-General w’Umunyamulenge.

Ayi gitero kigiye kwinuka i Lulenge kiyobowe n'umu-General w'Umunyamulenge. General Olivier Gasita wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, azinuka i Lulenge n'ingabo ayoboye agabe ibitero...

Read moreDetails

Twirwaneho yashyizeho ubuyobozi bwayo bushya.

by Bruce Bahanda
July 2, 2025
0
Twirwaneho yashyizeho ubuyobozi bwayo bushya.

Twirwaneho yashyizeho ubuyobozi bwayo bushya. Umutwe wa MRDP/Twirwaneho ukorera muri Kivu y'Amajyepfo, ukaba urwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, washyinze ubuyobozi bwayo bushya. Bikubiye mu itangazo uyu mutwe...

Read moreDetails

I Mulenge: Inka zibarirwa mu mirongo zanyazwe.

by Bruce Bahanda
July 1, 2025
0
I Mulenge: Inka zibarirwa mu mirongo zanyazwe.

I Mulenge: Inka zibarirwa mu mirongo zanyazwe. Inka z'Abanye-Congo bo mu bwoko bw'Abanyamulenge zibarirwa mu mirongo zanyazwe n'umutwe witwaje intwaro wa Mai Mai wibumbiye muciswe Wazalendo ukorana byahafi...

Read moreDetails

FARDC yagize icyo ivuga ku ndege ya gisivile yarasiye mu Minembwe.

by Bruce Bahanda
July 1, 2025
0
FARDC yagize icyo ivuga ku ndege ya gisivile yarasiye mu Minembwe.

FARDC yagize icyo ivuga ku ndege ya gisivile yarasiye mu Minembwe. Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kizwi nka FARDC cyatangaje ko cyarashe indege ya gurutse mu...

Read moreDetails
Next Post
Ayi gitero kigiye kwinuka i Lulenge kiyobowe n’umu-General w’Umunyamulenge.

Ayi gitero kigiye kwinuka i Lulenge kiyobowe n'umu-General w'Umunyamulenge.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?