• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Minembwe: Umwana muto yarashe mugenzi we arapfa.

minebwenews by minebwenews
July 2, 2025
in Conflict & Security
0
Ubutumwa bw’Abanya-Minembwe buryoheye amatwi ku bahavuka n’inshuti zaho, gusa bitandukanye n’ibyabereye i Misisi.
109
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minembwe: Umwana muto yarashe mugenzi we arapfa.

You might also like

James Swan Visits Goma, an Area Controlled by the AFC/M23 Alliance

James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23

Impunzi z’Abanyekongo zatangiye gutahuka iwabo

Umwana uri mu kigero cy’imyaka umunani y’amavuko, yakinishije imbunda bari batoraguye ahantu arasa undi mwana mugenzi we, ako kanya ahita ahasiga ubuzima, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ni byabaye ku mugoroba w’ajoro wo kuri uyu wa gatatu tariki ya 02/07/2025, aho ibyo byabereye mu gace kitwa ku w’i Mishashu.

Aya makuru agira ati: “Abana babiri batoye imbunda bari kuyikinisha umwe arasa mugenzi we mw’ijosi ahita agwa aho.”

Ni amakuru kandi agaragaza ko bariya bana batoraguye iyo mbunda hafi n’amazu yabo, ariko bakaba bari bonyine.

Agace ko ku w’i Mishashu kabereyemo icyo gikorwa kibi, gaherereye mu ntera y’i birometero bibiri n’igice uvuye muri centre ya Minembwe.

Kubera intambara zikomeye zagiye zibera muri utu duce tw’i Mulenge, izo Mai Mai kubufatanye n’ingabo za Leta ya Congo zagiye zishyora ku Banyamulenge zagiye zitera impanuka nk’izi kuko no mu myaka itatu ishize hari undi mwana wishwe na grenade yari atoye ku musozi ku Ndondo ya Bijombo mu gace kitwa mu Kinyoni.

Ibyo bibaye mu gihe muri iki gice cya Minembwe hari agahenge ka mahoro, kuko ibitero uruhande rwa Leta rukunze kukigabamo, ntibyari biheruka, usibye ku wa mbere ni ho izi ngabo za RDC zagabye igitero cya drone ku ndege yari izaniye abaturage ibyokurya n’imiti.

Amashusho yagiye hanze, agaragaza iriya ndege iri gushya, kandi n’umwotsi uyivaho ugatumukira mu kirere. Ndetse kandi ayigaragaza yahindutse umuyonga.

Tags: MinembweMugenzi weYarashe
Share44Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

James Swan Visits Goma, an Area Controlled by the AFC/M23 Alliance

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23

James Swan Visits Goma, an Area Controlled by the AFC/M23 Alliance James Swan, the Special Representative of the UN Secretary-General and Head of MONUSCO, arrived this Friday, April...

Read moreDetails

James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23

James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23 James Swan, Intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni akaba n’Umuyobozi wa MONUSCO, yageze kuri uyu wa Gatanu tariki ya...

Read moreDetails

Impunzi z’Abanyekongo zatangiye gutahuka iwabo

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Impunzi z’Abanyekongo zatangiye gutahuka iwabo

Impunzi z’Abanyekongo zatangiye gutahuka iwabo Nubwo umutekano utaragaruka uko bikwiye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, impunzi z’Abanyekongo zari zarahungiye mu Burundi zatangiye gutahuka ku bushake,...

Read moreDetails

Kinshasa: Violent Clashes Between FARDC and Police in Makala Highlight Governance and Security Challenges

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Kinshasa: Violent Clashes Between FARDC and Police in Makala Highlight Governance and Security Challenges

Kinshasa: Violent Clashes Between FARDC and Police in Makala Highlight Governance and Security Challenges In the capital of the Democratic Republic of the Congo, Kinshasa, concerns over insecurity...

Read moreDetails

Kinshasa: Imirwano Ikomeye hagati ya FARDC na Polisi i Makala Yongeye Kugaragaza Ibibazo by’Imiyoborere n’Umutekano

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Kinshasa: Imirwano Ikomeye hagati ya FARDC na Polisi i Makala Yongeye Kugaragaza Ibibazo by’Imiyoborere n’Umutekano

Kinshasa: Imirwano Ikomeye hagati ya FARDC na Polisi i Makala Yongeye Kugaragaza Ibibazo by’Imiyoborere n’Umutekano Mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, hongeye kuvugwa ikibazo...

Read moreDetails
Next Post
Ayi gitero kigiye kwinuka i Lulenge kiyobowe n’umu-General w’Umunyamulenge.

Ayi gitero kigiye kwinuka i Lulenge kiyobowe n'umu-General w'Umunyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?