• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Icyo amakuru avuga kuri Col.Macunda.

minebwenews by minebwenews
July 4, 2025
in Conflict & Security
0
Icyo amakuru avuga kuri Col.Macunda.
114
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo amakuru avuga kuri Col.Macunda.

You might also like

Aho AFC/M23/MRDP itarafata abaturage b’aho bakomeje kwicwa

Iby’ihuriro rishya ryashinzwe na Kabila

Agace kamwe ko muri Uvira karavugwamo imirwano ikaze

Colonel Macunda Mutebutsi ukuriye Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo mu Cyohagati, yahamagajwe igitaraganya i Uvira ahimuriwe ibiro bikuru by’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo ku ruhande rwa Leta ya perezida Felix Tshisekedi.

Ni kuri uyu wa gatanu tariki ya 4/07/2025, Col.Macunda yahamagajwe i Uvira.

Ubutumwa Minembwe Capital News ikesha umwe mu basirikare ba FARDC uherereye muri ibyo bice byo mu Cyohagati bugira buti: “Col.Macunda wari ukuriye abasirikare ba Leta mu Cyohagati yamanutse i Uvira. Uburyo yamanutsemo ntiturabasha kugenzura ikibyihishe inyuma.”

Bukomeza bugira buti: “Ashobora kuba ari we ugiye koherezwa kwa Mulima kuyobora ibitero biteganywa kugabwa mu mihana ituwe n’Abanyamulenge mu Minembwe. Ariko kandi turategekereza ko yaba agiye gufungwa, nubwo ntacyaha tuzi azira.”

Aha mu Cyohagati havugwa ko Col. Macunda ayoboye, ni agace gaherereye hagati ya Bijombo na Mikenke, yagahawe kukayobora nyuma y’uko yaravuye ku wu Mugethi aho naho yayoboye igihe kirekire batayo y’izi ngabo za Congo.

Nyuma yo kuva ku wu Mugethi mu ntangiriro z’ukwezi kwa kabiri, amakuru avuga ko FARDC n’Ingabo z’u Burundi zihagenzura zibasiriye Abanyamulenge mu buryo budasanzwe, kuko zahise zitangira no kubica harimo umugabo ziciye mu Mitamba, Gatanga n’ahandi.

Mu gihe byaba ari ukuri Macunda akaba ari we ugiye koherezwa kwa Mulima kuyobora biriya bitero, icyo gihe byagaragaza ko abasirikare ba FARDC ba Banyamulenge ari bo bagiye gushyirwa imbere mu kurwanya benewabo.

Mu ntangiriro z’iki cyumweru turimo, byavuzwe kandi ko Brig.Gen. Olivier Gasita ko ari we ugiye kuzamukana igitero mu Rugezi akivanye i Kirembwe, nubwo kugeza ubu akiri i Kindu mu ntara ya Manyema, ariko bivugwa ko ari mu myiteguro.

Aba basirikare ba Banyamulenge bari muri Leta ya RDC bakora ibishoboka byose kugira ngo babe abizerwa kwa Tshisekedi, mu rwego rwo kugira ngo ntibicwe, ubundi kandi hakaba ubwo banabikora kugira ngo bahabwe agatubutse.

Ikindi cyavuzwe kuri Col.Macunda ni uko mu kumanuka i Uvira yajanye umu-esikoti umwe, mu gihe yarasanzwe aherekezwa n’abagera kuri bane, ndetse hakaba ubwo abarenza.

Tags: Col.macundaKwa MulimaUvira
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Aho AFC/M23/MRDP itarafata abaturage b’aho bakomeje kwicwa

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Havuzwe uduce Wazalendo bari kubabarizamo abaturage, n’icyakorwa kugira ngo bigire iherezo

Aho AFC/M23/MRDP itarafata abaturage b'aho bakomeje kwicwa Umutwe wa ADF ukomeje kuzahaza abaturage b'aho ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ritarabohoza muri teritware ya Lubero mu ntara ya...

Read moreDetails

Iby’ihuriro rishya ryashinzwe na Kabila

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Iby’ihuriro rishya ryashinzwe na Kabila

Iby'ihuriro rishya ryashinzwe na Kabila Joseph Kabila wayoboye Repubulika ya demokarasi ya Congo imyaka 18, iwe na bamushyigikiye bashyinze ihuriro rishya rifite intego yo gukiza iki gihugu cyabo....

Read moreDetails

Agace kamwe ko muri Uvira karavugwamo imirwano ikaze

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Amatsinda abiri yo muri Wazalendo yumvanye iminsi muri Kivu y’Epfo benshi muri bo babigwamo

Agace kamwe ko muri Uvira karavugwamo imirwano ikaze Imitwe ibiri ya Wazalendo isanzwe ifatanya n'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanya umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho, yasubiranyemo...

Read moreDetails

Umutwe ufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP, wahinduye intwaro ucakirana na yo karahava

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Abasirikare babaga ku Kavumu mu Bibogobogo bahakuwe

Umutwe ufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP, wahinduye intwaro ucakirana na yo karahava Abarwanyi bo mu ihuriro rya Wazalendo basanzwe bafatanya n'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo guhangana...

Read moreDetails

RDC yagaragaje ko nta bushake ifite bwo kugirana amahoro na AFC/M23/MRDP nyuma y’ibisasu yateye

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
RDC yagaragaje ko nta bushake ifite bwo kugirana amahoro na AFC/M23/MRDP nyuma y’ibisasu yateye

RDC yagaragaje ko nta bushake ifite bwo kugirana amahoro na AFC/M23/MRDP nyuma y'ibisasu yateye Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagaragaje ubushake buke bwo kugirana amahoro n'ihuriro...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yavuze uburyo Tshisekedi yageze ku ngoma.

Raporo zabo ko zitajya zivuga ubafasha FDLR ihabwa," Perezida Kagame.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?