• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Raporo zabo ko zitajya zivuga ubafasha FDLR ihabwa,” Perezida Kagame.

minebwenews by minebwenews
July 5, 2025
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yavuze uburyo Tshisekedi yageze ku ngoma.
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

“Raporo zabo ko zitajya zivuga ubafasha FDLR ihabwa,” Perezida Kagame.

You might also like

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagaragaje ko raporo z’impuguke za L’oni zitajya zivuga ubufasha Congo iha umutwe wa FDLR, ahubwo zigahora zivuga ko u Rwanda rufasha abarwanyi ba M23.

Ibi umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yabigarutseho ku munsi w’ejo ku wa gatanu tariki ya 04/07/2025, ubwo igihugu cye cyizihizaga umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 31.

Mu bihe bitandukanye impuguke z’umuryango w’Abibumbye zisohora raporo zivuga ko iba isobanura ibibera mu Burasizuba bwa Congo.

Iherutse yashinje u Rwanda kohereza abasirikare barwo muri RDC mu bice bigenzurwa na AFC/M23, ndetse ko hari n’izindi ngabo zarwo ziri ku mupaka zitegura koherezwa yo nazo.

U Rwanda rwanenze iby’iyi raporo , ruvuga ko yuzuye ibinyoma, ahubwo ko ziriya mpuguke zigoreka ukuri ntizigaragaze FDLR ubufasha ihabwa na RDC.

Mu kiganiro rero perezida w’u Rwanda yagiranye n’abanyamakuru ku munsi w’ejo ku wa gatanu, yagaragaje ko izo raporo zisohorwa ntacyo ziba zije gukora kubihari kuko ziba zaranditswe mbere.

Yagize ati: “Izo nzobere raporo zandika mu by’ukuri ntacyo iba ije gukora ku bihari, izo raporo ziba zarakozwe kera cyane, igihe bahabwaga ubwo butumwa. Niyo mpamvu buri igihe ubona zisa.”

Perezida Kagame yavuze ko nta narimwe uzabona banditse ibyimbitse ku mutwe wa FDLR, uyu ukaba ugizwe n’abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Yagize ati: “Ntuzigera ubona banditse ikintu ku buryo ibigo bya leta bikorana na FDLR mu gukwirakwizwa urwango n’ingengabitekerezo ya jenocide, ibintu bikorwa buri munsi habona, buri wese yagakwiriye kubibona.

“Wibaza uburyo inzobere zitabibona. Raporo zose 75% zibasira AFC/M23 n’u Rwanda, bati ‘u Rwanda rufasha M23.”

Yavuze ko FDLR nidasenywa u Rwanda ruzakomeza guhangana n’ikibazo cyayo.

Ati: “Ikibazo cya FDLR nikiramuka kidakemuwe kandi twashyizeho uburyo bwo guhangana na yo mu masezerano, ibyo bizaba bivuze ko FDLR izakomeza kubaho, n’ikibazo kizakomeza kubaho kandi u Rwanda ruzakomeza gukora icyo rukwiye gukora mu gihe FDLR iri hafi n’imipaka yacu.”

Tags: FDLRKagameLoniraporo
Share28Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?