Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Gen.Muhoozi yavuze igisirikare cy’ikindi gihugu kirutwa na FARDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 6, 2025
in Regional Politics
0
Gen.Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda anabagaragariza impamvu yabyo.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gen Muhoozi yavuze igisirikare cy’ikindi gihugu kirutwa na FARDC.

You might also like

Ikizakorwa mbere y’uko FDLR isenywa.

Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Raporo zabo ko zitajya zivuga ubafasha FDLR ihabwa,” Perezida Kagame.

Umugaba mukuru w’Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yibasiye igisirikare cya Kenya (KDF), avuga ko kirutwa n’icya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), ndetse ko kikiruta inshuro icumi.

Umugaba mukuru w’Ingabo za Uganda, yabitangaje akoresheje urubuga rwa x, aho yagize ati: “Ngomba kuvuga ko igisirikare cya RDC nubwo gifite ibibazo, ariko benecyo nibeza kurusha igisirikare cya Kenya inshuro 10.”

Muhoozi yanenze Kenya ku kuba inzego z’umutekano zayo zoherejwe muri Haiti zarananiwe kugarura amahoro muri icyo gihugu. Avuga ko zana niwe kwirukana amabandi yigaruriye umurwa mukuru w’iki gihugu ari wo Port -au-Prince.

Yavuze ko akazi kananiye abanyakenya mu myaka hafi ibiri ishize ingabo za Uganda zagakora mu kwezi kumwe gusa.

Yagize ati: “Kwigarurira Port -au-Prince byadusaba ukwezi kumwe. Abanyakenya byarabananiye mu myaka hafi ibiri ishize, ibyo ni na byo twari twiteze. Ni ibigwari.

Yanaboneyeho gusaba umuryango w’Abibumbye ko ugomba guha ingabo za Uganda inshingano zo kujya gukora ibyananiye Kenya.

Ni mu gihe kandi yatanze ubundi butumwa asaba ingabo za Kenya ziri muri Haiti gusubiza ibintu mu buryo mu gihe kitarenze ukwezi kumwe, bitaba ibyo UPDF ikijya gukora akazi.

Tags: FardcHaitiIrutwaMuhoozi
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ikizakorwa mbere y’uko FDLR isenywa.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Ikizakorwa mbere y’uko FDLR isenywa.

Ikizakorwa mbere y'uko FDLR isenywa. Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yatanze umucyo kubibaza uko umutwe w'iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda...

Read moreDetails

Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

by Bruce Bahanda
July 5, 2025
0
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yaburiye buri muntu wese ngo wigamba ko azatera u Rwanda, ababwira ko kuba rudafite...

Read moreDetails

Raporo zabo ko zitajya zivuga ubafasha FDLR ihabwa,” Perezida Kagame.

by Bruce Bahanda
July 5, 2025
0
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yavuze uburyo Tshisekedi yageze ku ngoma.

"Raporo zabo ko zitajya zivuga ubafasha FDLR ihabwa," Perezida Kagame. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagaragaje ko raporo z'impuguke za L'oni zitajya zivuga ubufasha Congo iha umutwe wa FDLR,...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze icyo yifuza ku Rwanda.

by Bruce Bahanda
July 4, 2025
0
Gen.Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda anabagaragariza impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze icyo yifuza ku Rwanda. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko u Rwanda na Uganda byifuza amahoro arambye, u bushuti n'ubufatanye mu baturage...

Read moreDetails

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yavuze uburyo Tshisekedi yageze ku ngoma.

by Bruce Bahanda
July 4, 2025
0
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yavuze uburyo Tshisekedi yageze ku ngoma.

Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yavuze uburyo Tshisekedi yageze ku ngoma. Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame yatangaje ko mugenzi we wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yashyizwe...

Read moreDetails
Next Post
Ikizakorwa mbere y’uko FDLR isenywa.

Ikizakorwa mbere y'uko FDLR isenywa.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?