Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Umunye-Congo Dr.Paluku yapfuye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 6, 2025
in Conflict & Security
0
Umunye-Congo Dr.Paluku yapfuye.
74
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunye-Congo Dr.Paluku yapfuye.

You might also like

Uvira bari mu marira menshi nyuma y’aho FARDC yishe irashe umuyobozi waho ukomeye.

AFC/M23 yateye indi ntambwe ikomeye mu rugamba irimo rwo kubohora RDC.

Tshisekedi yiyambaje izindi ngabo zo ku mufasha kurwanya M23, izo abona ko zikomeyeho.

Dr.Paluku Musumba Obedi, wayoboraga zone y’ubuvuzi ya karisimbi iherereye mu mujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yapfuye.

Ahagana ku itariki ya 26/05/2025, ni bwo Dr Paluku yarasiwe iwe mu rugo, maze ahita ajanwa ku bitaro bya Vilunga, mu rwego rwo kugira ngo ahabwe ubuvuzi bwibanze.

Amakuru avuga ko Dr Paluku yarashwe n’amabandi akicyihishyanye imbunda mu duce tugenzurwa n’umutwe wa M23.

Bivugwa ko yaje kuvanwa mu bitaro bya Vilunga ibyo yahitijwemo mbere akimara kuraswa, yimurirwa mu bya Ndosho, aba ari nabyo akorerwamo operation.

Ariko na none yaje kongera kwimurirwa i Nairobi mu gihugu cya Kenya, aha ni naho yarangirije azize ibikomere yatewe n’icyo gitero yagabweho.

Abo mu muryango we batangaje ko bagerageje ku mwitaho no ku muvuza bishoboka, ariko bikarangira yitabye Imana.

Umwe mu bo mu muryango we yagize ati: “Turababaye cyane, kuko twabuze umuvandimwe. Abaganga bagerageje kumwitaho bishoboka, ariko byaranze.”

Iraswa rya Dr Paluku ryaje rikurikira umushoferi we Kabuyaya Malimukono hamwe n’umuhungu we, Tsongo Malimingi Amos, na bo bishwe barashwe mu gitero cyagabwe n’abitwaje intwaro batamenyekanye mu ijoro ryo ku itariki ya 14/04/2025.

AFC/M23 igenzura igice kinini cy’i ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ntihwema gusaba abaturage gutanga amakuru mu buyobozi mu gihe cyose babonye abantu bakekwaho ubugizi bwa nabi, ndetse no kudahishyira bamwe mu bagifite imbunda bakibihishemo, kuko bateza umutekano muke no kwica abasivili.

Tags: Dr PalukuGomaNairobiyapfuye
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uvira bari mu marira menshi nyuma y’aho FARDC yishe irashe umuyobozi waho ukomeye.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Uvira bari mu marira menshi nyuma y’aho FARDC yishe irashe umuyobozi waho ukomeye.

Uvira bari mu marira menshi nyuma y'aho FARDC yirashe irashe umuyobozi waho ukomeye. Umukozi wari ushinzwe itumanaho mu biro bya guverineri w'i ntara ya Kivu y'Amajyepfo ku ruhande...

Read moreDetails

AFC/M23 yateye indi ntambwe ikomeye mu rugamba irimo rwo kubohora RDC.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
AFC/M23 yateye indi ntambwe ikomeye mu rugamba irimo rwo kubohora RDC.

AFC/M23 yateye indi ntambwe ikomeye mu rugamba irimo rwo kubohora RDC. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho ryasoje amahugurwa y'abasirikare bayo bagera...

Read moreDetails

Tshisekedi yiyambaje izindi ngabo zo ku mufasha kurwanya M23, izo abona ko zikomeyeho.

by Bruce Bahanda
July 5, 2025
0
Tshisekedi yiyambaje izindi ngabo zo ku mufasha kurwanya M23, izo abona ko zikomeyeho.

Tshisekedi yiyambaje izindi ngabo zo ku mufasha kurwanya M23, izo abona ko zikomeyeho. Repubulika ya demokarasi ya Congo yiyambaje abandi bacanshuro kuza kuyifasha gutsinsura umutwe wa M23 n'uwa...

Read moreDetails

Haratutumba intambara ikomye, nyuma y’amakuru avugwa ku ngabo zavuye i Kalemi.

by Bruce Bahanda
July 5, 2025
0
Haratutumba intambara ikomye, nyuma y’amakuru avugwa ku ngabo zavuye i Kalemi.

Haratutumba intambara Ikomeye, nyuma y'amakuru avugwa ku ngabo zavuye i Kalemi. Amakuru aturuka i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo ahimuriwe ibiro bikuru by'iyi ntara ku ruhande rwa Leta ya...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga kuri Col.Macunda.

by Bruce Bahanda
July 4, 2025
0
Icyo amakuru avuga kuri Col.Macunda.

Icyo amakuru avuga kuri Col.Macunda. Colonel Macunda Mutebutsi ukuriye Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo mu Cyohagati, yahamagajwe igitaraganya i Uvira ahimuriwe ibiro bikuru by'i ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yateye indi ntambwe ikomeye mu rugamba irimo rwo kubohora RDC.

AFC/M23 yateye indi ntambwe ikomeye mu rugamba irimo rwo kubohora RDC.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?