• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 17, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ingabo z’u Burundi zagaruye Inka zari zanyazwe.

minebwenews by minebwenews
July 7, 2025
in Conflict & Security
0
Ingabo z’u Burundi zagaruye Inka zari zanyazwe.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi zagaruye Inka zari zanyazwe.

You might also like

Havutse imvururu hagati y’Abarega n’Ababembe muri Kivu y’Epfo

RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z’ikindi gihugu ku murinda

Abasirikare b’u Burundi bagaruye Inka zibarirwa mu icumi rirenga zari zanyazwe na Wazalendo i Luvungi muri teritware ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Ni amakuru akubiye mu butumwa bwanditse twahawe kuri Minembwe Capital News, aho bugaragaza ko icyo gikorwa cyo kugarura Inka Wazalendo bari banyaze, ingabo z’u Burundi zagikoze ku munsi w’ejo ku cyumweru tariki ya 06/07/2025.

Ubwo butumwa bunagaragaza ko izi nka zari zanyagiwe i Luvungi, ku bw’amahirwe ingabo z’u Burundi zirazigarura.

Bugira buti: “Ejo Wazalendo banyaze Inka 11 i Luvungi z’Abanyamulenge. Ariko abasirikare b’u Burundi barazigarura.”

Bukomeza bugira buti: “Mbere yuko ziriya nka zigarurwa, Abarundi babanje gushamirana na Wazalendo, ariko aba Wazalendo bisanga hasi niko kurambika intwaro zabo hasi.”

Nyuma Wazalendo barahambiriwe ndetse kandi bakubitwa n’inkoni nyinshi, ati: “Abarundi bahise bafata bariya Wazalendo barabahambira cyane babarambika hasi babakubita n’ibiboko byinshi babona kubarekura.”

Wazalendo kunyaga ziriya nka n’itegeko bari bahawe n’umuyobozi wabo uwo bahaye ipeti rya General, ari we Hamuri Yakutumba.

Ariko nyamara yamaze gutanga iryo tegeko amakuru yerekana ko yahise yerekeza gusenga mu itorero rimwe riherereye aha i Luvungi.

Abarundi bari muri RDC ku masezerano igihugu cyabo cyagiranye n’icya RDC arimo ubufatanye mu byagisirikare n’ibindi bitandukanye. Ni amasezerano yashyizweho umukono n’impande zombi mu mpera z’umwaka wa 2022.

Izi ngabo z’u Burundi nubwo zikorana byahafi n’iza Congo, hamwe n’imitwe yitwaje intwaro irimo aba Wazalendo na FDLR, rimwe na rimwe bigera igihe zigakorogana na Wazalendo. Hari ubwo bapfa imitegurire y’urugamba ubundi kandi hakaba n’ubwo zipfa ibyo Wazalendo bakora birimo gusahura imitungo y’arubanda n’ibindi.

Tags: Ingabo z'u BurundiInkaLuvungi
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Havutse imvururu hagati y’Abarega n’Ababembe muri Kivu y’Epfo

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Muri RDC abagabo bane batwitswe n’abaturage barashya barakongoka

Havutse imvururu hagati y'Abarega n'Ababembe muri Kivu y'Epfo Amakuru aturuka muri teritware ya Mwenga mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, avuga ko havutse umwuka mubi hagati y'Ababembe n'Abarega, nyuma...

Read moreDetails

RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

RDC yagaragaje impungenge itewe n'umujyi wa Nairobi nyuma y'ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya Umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, akaba na minisitiri w'itumanaho wayo, Patrick Muyaya, yavuze...

Read moreDetails

RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z’ikindi gihugu ku murinda

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z’ikindi gihugu ku murinda

RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z'ikindi gihugu ku murinda Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, igihugu cy'u Burundi cya mwoherereje Ingabo kabuhariwe zo ku murindira...

Read moreDetails

Kinshasa humvikanye urusaku rw’imbunda z’irimo nini havugwa n’impamvu yarwo

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Kinshasa humvikanye urusaku rw’imbunda z’irimo nini havugwa n’impamvu yarwo

I Kinshasa humvikanye urusaku rw'imbunda z'irimo nini havugwa n'impamvu yarwo Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'igipolisi cya yo, byahanganye n'abajura bateye Bank, hakoreshwa intwaro ziremereye n'izoroheje....

Read moreDetails

Aho AFC/M23/MRDP itarafata abaturage b’aho bakomeje kwicwa

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Havuzwe uduce Wazalendo bari kubabarizamo abaturage, n’icyakorwa kugira ngo bigire iherezo

Aho AFC/M23/MRDP itarafata abaturage b'aho bakomeje kwicwa Umutwe wa ADF ukomeje kuzahaza abaturage b'aho ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ritarabohoza muri teritware ya Lubero mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yateye indi ntambwe ikomeye mu rugamba irimo rwo kubohora RDC.

RDC: AFC/M23 yatanze impuruza

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?