• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Rurambo hazamutse igitero gikanganye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 8, 2025
in Conflict & Security
0
Haratutumba intambara ikomye, nyuma y’amakuru avugwa ku ngabo zavuye i Kalemi.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Rurambo hazamutse igitero gikanganye.

You might also like

AFC/M23/MRDP yafashe umwanzuro ukakaye ku ba canshuro barwana ku ruhande rwa RDC.

Abantu 14 barimo n’abanyamahanga bakatiwe urwo gupfa muri RDC.

Utundi duce dushya twi Tombwe twigaruriwe na AFC/M23/MRDP.

Rurambo ho mu misozi ya Uvira hazamutse igitero cyaturutse mu gicye cy’epfo cy’umushyashya wa Uvira, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Bikubiye mu makuru MCN ikesha abaturiye umujyi wa Uvira, aho bahamya ko iki gitero cyazamutse igihe c’isaha z’iri joro ryo ku wa mbere rishyira kuri uyu wa kabiri tariki ya 08/07/2025.

Umwe muri aba baduhaye aya makuru yagize ati: “Abasirikare benshi ba Leta bazamutse igihe c’isaha ya saa tatu z’iri joro ryo ku wa mbere. Bahaye iya Kageregere mu Rurambo.”

Yongeye ati: “Abasirikare bazamutse ni batayo ya Col.Juste wari usanzwe mu Kibaya cya Rusizi.”

Nanone kandi andi makuru avuga kuri iki gitero avuga ko Ingabo ziheruka kuvugwa muri Uvira, bivugwa ko zaturutse i Kalemi, ni uko zigabuyemo gatatu: “zimwe zerekeje umuhanda wa Fizi, izindi Gatobwe n’izindi i Luvungi ahazwi nko mu Kibaya cya Rusizi.”

Bigasobanurwa ko izerekeje i Fizi zizafatanya n’izindi bivugwa ko ziri i Kilembwe izo na zo amakuru agaragaza ko zaturutse i Kindu mu ntara ya Manyema, maze ngo zigabe ibitero kuri Twirwaneho na M23 mu Rugezi no mu bindi bice biherereye bugufi na centre ya Minembwe.

Naho izerekeje i Luvungi bitaganijwe ko zizagaba ibitero i Gatogota, Kamanyola n’ahandi mu bindi bice byamaze kubohozwa n’uyu mutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho byerekeza i Bukavu ahazwi nk’umurwa mukuru w’iyi ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Mu gihe izi zaganye i Gatobwe akaba arizo zavuyemo izafatanyije n’iza Col.Juste zizamura igitero i Kageregere.

Hari n’abavuga ko iki gitero cyazamutse i Kageregere ko gishobora kuzabitangira mu minsi itatu iri imbere uherereye kuri uyu wa kabiri.

Ati: “Bafite gutera mu Rurambo muri iyi minsi itatu utangiye kubara ku wa kabiri.”

Tags: FardcHazamutseIgiteroKageregere
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

AFC/M23/MRDP yafashe umwanzuro ukakaye ku ba canshuro barwana ku ruhande rwa RDC.

by Bruce Bahanda
August 25, 2025
0
AFC/M23/MRDP yafashe umwanzuro ukakaye ku ba canshuro barwana ku ruhande rwa RDC.

AFC/M23/MRDP yafashe umwanzuro ukakaye ku ba canshuro barwana ku ruhande rwa RDC. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ryafashe icyemezo gishya ivuga ko itazongera kubabarira abacanshuro barwanirira ubutegetsi...

Read moreDetails

Abantu 14 barimo n’abanyamahanga bakatiwe urwo gupfa muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 25, 2025
0
Abantu 14 barimo n’abanyamahanga bakatiwe urwo gupfa muri RDC.

Abantu 14 barimo n'abanyamahanga bakatiwe urwo gupfa muri RDC. Urukiko rukuru rw'igisirikare muri Repubulika ya demokarasi ya Congo ruherereye i Beni muri Kivu y'Amajyaruguru, rwakatiye abantu 14 barimo...

Read moreDetails

Utundi duce dushya twi Tombwe twigaruriwe na AFC/M23/MRDP.

by Bruce Bahanda
August 24, 2025
0
Utundi duce dushya twi Tombwe twigaruriwe na AFC/M23/MRDP.

Utundi duce dushya twi Tombwe twigaruriwe na AFC/M23/MRDP. Nyuma yaho ku munsi w'ejo ku wa gatandatu tariki ya 23/08/2025, ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho bafashe uduce tugera...

Read moreDetails

Nakivale: Yamaze kwicwa atabwa munsi y’inzira, ubuhamya.

by Bruce Bahanda
August 24, 2025
0
Nakivale: Yamaze kwicwa atabwa munsi y’inzira, ubuhamya.

Nakivale: Yamaze kwicwa atabwa munsi y'inzira, ubuhamya. I Nakivale haherereye muri district ya Isingiro mu majy'Epfo ya Uganda, bahasanze umuntu wahiciwe, ariko utaramenyekana neza umwirondoro we, nk'uko amakuru...

Read moreDetails

Iby’imishyikirano yabereye mu Bibogobogo hagati y’amako ahaturiye.

by Bruce Bahanda
August 24, 2025
0
Iby’imishyikirano yabereye mu Bibogobogo hagati y’amako ahaturiye.

Iby'imishyikirano yabereye mu Bibogobogo hagati y'amako ahaturiye. Imishyikirano yabereye mu Bibogobogo, iyahuje Abanyamulenge, Abanyindu, Abapfulelo n'Ababembe, bayiganiriyemo byinshi bitandukanye, n'abungeri bashyirirwaho imipaka batagomba kurenga baragiye amatungo yabo. Iyi...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa mu nshe z’u Lurenge ahongeye kumvikana ibiturika.

Ibivugwa mu nshe z'u Lurenge ahongeye kumvikana ibiturika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?