• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibivugwa mu nshe z’u Lurenge ahongeye kumvikana ibiturika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 8, 2025
in Conflict & Security
0
Ibivugwa mu nshe z’u Lurenge ahongeye kumvikana ibiturika.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa mu nshe z’u Lurenge ahongeye kumvikana ibiturika.

You might also like

I Goma no mu nkengero zayo hagabwe ibitero bikaze.

Umwe mu barinzi ba komanda secteur yishwe arashwe i Uvira.

Akavuyo katejwe na Wazalendo i Uvira kateje impagarara ku Banyamulenge.

Nyuma y’uko mu nshe za Rugezi no mu nkengero zayo hari hamaze iminsi hatumvikana urusaku rw’intwaro, ku munsi w’ ejo Wazalendo baharasiye amasasu menshi n’ubwo bitatwaye umwanya munini.

Ni bikubiye mu butumwa bugufi bwanditse twahawe kuri minembwe Capital News, aho bugira buti: “Nyuma y’icyumweru cyose twari dufite agahenge, ahar’ejo hongye kumvikana ibiturika byinshi.”

Aya makuru agaragaza neza ko ibi biturika byarimo byumvikanira mu Kabanju haherereye mu ntera ngufi uvuye mu Rugezi.

Ati: “Mai Mai yarasiye mu Kabanju. Twamenye ko bari basubiranyemo, ariko barwana akanya gato.”

Imbunda ziheruka kumvikana muri ibyo bice mu cyumweru cyo hirya y’iki gishize, n’ubundi zari iza Mai Mai yari yasubiranyemo.

Isubiranamo ryabo ryabereye i Gasiro mu birometero nka bitanu uvuye mu Rugezi kwa Sabune no mu Kabunju aha tuvuze barwaniye n’ejo ku wa mbere.

Kimwecyo, ku nshuro ya mbere bisa nibyari bikomeyeho, kuko byanatwaye ubuzima bw’abantu barenga bane, ni mu gihe i Gasiro haguye umukomanda umwe n’umugore ufitanye isano rya bugufi na Col-Ngomanzito umuyobozi mukuru w’uyu mutwe wa Mai-Mai-Biroze-Bishambuke.

Naho mu Kabanju hapfuye abakomando babiri, ndetse umwe umurambo we utabwa mu ruzi rurawutwara, nk’uko amakuru yabivuze icyo gihe.

Nyamara kuri uyu wa mbereho, usibye amasasu menshi yamvikanye umwanya utari munini, nta kindi amakuru atugaragariza cyangijwe, usibye ibyo biturika no kumenya ko ari Mai-Mai-Biroze-Bishambuke yasubiranyemo.

Ku rundi ruhande haracyari agahenge mu Rugezi ahanini mu bice byayo bigenzurwa n’u ruhande rwa Twirwaneheho na M23.

Si mu Rugezi honyine hari agahenge, kari no mu bindi bice bigenzurwa n’iy’i mitwe yombi nka Minembwe centre no mu nkengero zayo, ndetse na Mikenke.

Ubundi kandi abakozi b’indege ya gisivile iheruka kugabwaho igitero cya drone y’Ingabo za RDC mu cyumweru gishize mu Minembwe, kikayihindura umuyonga yose ariko bo kubw’amahirwe bakarokoka, ku munsi w’ejo nyine ku wa mbere babonye indi irahabakura ibasubiza iyo bari baje baturuka.

Hagataho, muri ibi bice hari amakuru yatangiye kubivugwamo mu mpera zakiriya cyumweru gishize, agaragaza ko ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi ko buri gutegura kubigabamo ibitero.

Ni amakuru anahamya ko Ingabo ubu butegetsi bwateguye kugaba ibyo bitero, zimwe zizaturuka i Kindu mu ntara ya Manyema, i Kalemi mu ntara ya Tanganyika n’i Uvira muri iyi ntara ya Kivu y’Epfo iherereyemo na Minembwe.

Tags: IbiturikaLurengeRugezi
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

I Goma no mu nkengero zayo hagabwe ibitero bikaze.

by Bruce Bahanda
August 25, 2025
0
I Goma no mu nkengero zayo hagabwe ibitero bikaze.

I Goma no mu nkengero zayo hagabwe ibitero bikaze. Ihuriro ry'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zagabye ibitero mu duce turi mu nkengero z'umujyi wa Goma ndetse...

Read moreDetails

Umwe mu barinzi ba komanda secteur yishwe arashwe i Uvira.

by Bruce Bahanda
August 25, 2025
0
Umwe mu barinzi ba komanda secteur yishwe arashwe i Uvira.

Umwe mu barinzi ba komanda secteur yishwe arashwe i Uvira. Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo wo mu ngabo zishinzwe umutekano wa Komanda secteur wa Uvira muri...

Read moreDetails

Akavuyo katejwe na Wazalendo i Uvira kateje impagarara ku Banyamulenge.

by Bruce Bahanda
August 25, 2025
0
Akavuyo katejwe na Wazalendo i Uvira kateje impagarara ku Banyamulenge.

Akavuyo katejwe na Wazalendo i Uvira kateje impagarara ku Banyamulenge. Mu mujyi wa Uvira muri Kivu y'Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Wazalendo bakorera ubutegetsi...

Read moreDetails

AFC/M23/MRDP yafashe umwanzuro ukakaye ku ba canshuro barwana ku ruhande rwa RDC.

by Bruce Bahanda
August 25, 2025
0
AFC/M23/MRDP yafashe umwanzuro ukakaye ku ba canshuro barwana ku ruhande rwa RDC.

AFC/M23/MRDP yafashe umwanzuro ukakaye ku ba canshuro barwana ku ruhande rwa RDC. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ryafashe icyemezo gishya ivuga ko itazongera kubabarira abacanshuro barwanirira ubutegetsi...

Read moreDetails

Abantu 14 barimo n’abanyamahanga bakatiwe urwo gupfa muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 25, 2025
0
Abantu 14 barimo n’abanyamahanga bakatiwe urwo gupfa muri RDC.

Abantu 14 barimo n'abanyamahanga bakatiwe urwo gupfa muri RDC. Urukiko rukuru rw'igisirikare muri Repubulika ya demokarasi ya Congo ruherereye i Beni muri Kivu y'Amajyaruguru, rwakatiye abantu 14 barimo...

Read moreDetails
Next Post
Urupfu rubabaje rwahitanye Roman wahoze ari minisitiri mu Burusiya.

Urupfu rubabaje rwahitanye Roman wahoze ari minisitiri mu Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?