Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Umuyobozi wo muri RDC wise Nangaa na Kabila Abanye-Congo ari kurira ayo kwarika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 9, 2025
in Conflict & Security
0
Umuyobozi wo muri RDC wise Nangaa na Kabila Abanye-Congo ari kurira ayo kwarika.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi wo muri RDC wise Nangaa na Kabila Abanye-Congo ari kurira ayo kwarika.

You might also like

Uko i Mulenge byifashe n’uduce FDLR n’Ingabo za RDC zagaragayemo.

Amasasu ya Mag yarimo amanuka mu Kabanju nk’imvura.

RDC: Abavugwa mu mugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi.

Guverineri w’intara ya Haut-Katanga, Jacques Kyabula, yahamagajwe igitaraganya i Kinshasa kugira ngo atange ibisobanuro nyuma y’uko aheruka gutangaza akavuga kuri Joseph Kabila wahoze ari perezida wa RDC na Nangaa ukuriye AFC/M23 akabita Abanye-Congo ibyo iyi Leta ye itigeze ishima namba!

Ubutegetsi bw’i Kinshasa bubinyujije kuri minisitiri wabwo w’u mutekano, Jaquemin Shabani, yahise atumiza guverineri w’i ntara ya Haut-Katanga kugira ngo yisigure kubyo yatangaje.

Mu ibaruwa yandikiye uriya guverineri, yavuze ko mu kumutumiza ko ari tegeko yahawe n’umukuru w’iki gihugu, Felix Tshisekedi.

Iyo baruwa ikavuga ko agomba guhita ahagarika ibikorwa byose yarigukora, akitaba i Kinshasa bitarenze amasaha 48.

Uyu guverineri yahamagajwe mu gihe yari aheruka gutangaza ko nyiribayazana w’ibibazo byose by’i ntambara iri mu Burasirazuba bwa Congo ko ari Kagame w’u Rwanda, aho kuba Kabila cyangwa Nangaa b’Abanyekongo.

Ati: “Kabila na Nangaa ni Abanye-Congo, ibibazo byabo bikwiye gukemurirwa mu muryango.”

Ubutegetsi bw’i Kinshasa bwumvise guverineri w’i ntara ya Haut-Katanga nabi, kuko bwo bufata Kabila na Nangaa nk’abagambanyi ndetse nk’abanzi ruharwa babwo.

Nyuma y’aho Nangaa yiyunze ku mutwe wa M23 urwanya ubu butegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, we n’ubuyobozi bw’uyu mutwe bahise bashyinga ihuriro banaryita “Alliance Fleuve Congo.”
Nyuma gato Kinshasa imushinja kugambanira igihugu, ubundi imukatira gufungwa ubuzima bwe bwose.

Kuri ubu iri huriro ayoboye rigenzura hafi u Burasirazuba bwose bw’iki gihugu, nk’umujyi wa Goma uherereye muri Kivu y’Amajyaruguru na Bukavu na yo iri mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, n’ibindi bice byinshi byo muri izo ntara zombi biri mu maboko yaryo. Ndetse abarwanyi bo muri iri huriro bakomeza kwagura ibirindiro byabo, igihe cyose ingabo za FARDC n’iz’u Burundi zibagabyeho ibitero.

Share35Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uko i Mulenge byifashe n’uduce FDLR n’Ingabo za RDC zagaragayemo.

by Bruce Bahanda
July 12, 2025
0
Uko i Mulenge byifashe n’uduce FDLR n’Ingabo za RDC zagaragayemo.

Uko i Mulenge byifashe n'uduce FDLR n'Ingabo za RDC zagaragayemo. Nyuma y'aho i Mulenge ho muri Kivu y'Amajyepfo hakomeje kuvugwa ibitero byenda kuhagabwa, hari uduce ihuriro ry'Ingabo za...

Read moreDetails

Amasasu ya Mag yarimo amanuka mu Kabanju nk’imvura.

by Bruce Bahanda
July 10, 2025
0
Ibivugwa mu nshe z’u Lurenge ahongeye kumvikana ibiturika.

Amasasu ya Mag yarimo amanuka mu Kabanju nk'imvura. Mu gace ka Kabanju gaherereye mu majy'Epfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe, kabereyemo imirwano ikomeye iyo bivugwa ko yari...

Read moreDetails

RDC: Abavugwa mu mugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi.

by Bruce Bahanda
July 10, 2025
0
RDC: Abavugwa mu mugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi.

RDC: Abavugwa mu mugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi. General Christian Tshiwewe Songesa n'abagenzi be batatu batawe muri yombi kubera gukekwaho gushaka guhirika ubutegetsi bwa perezida Felix...

Read moreDetails

Byakaze, uwahoze ari umugaba mukuru w’ingabo za RDC, ari mu mazi abira.

by Bruce Bahanda
July 10, 2025
0
Byakaze, uwahoze ari umugaba mukuru w’ingabo za RDC, ari mu mazi abira.

Byakaze, uwahoze ari umugaba mukuru w'ingabo za RDC, ari mu mazi abira. General Christian Tshiwewe wahoze ari umugaba mukuru w'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo yatawe muri...

Read moreDetails

RDC: Abantu babarirwa mu mirongo bishwe na korera(cholera).

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
RDC: Abantu babarirwa mu mirongo bishwe na korera(cholera).

RDC: Abantu babarirwa mu mirongo bishwe na korera(cholera). Mu murwa mukuru wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ari wo Kinshasa, abantu 78, byatangajwe ko bishwe na Cholera, mu...

Read moreDetails
Next Post
Abakoresha YouTube murasabwa kumenya impinduka nshya yazanye, izo igiye guhita itangira gushyira mungiro.

Abakoresha YouTube murasabwa kumenya impinduka nshya yazanye, izo igiye guhita itangira gushyira mungiro.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?