• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Thomas Lubanga yemeje ko ashigikiye AFC/M23 avuga n’icyo yifuza bakora mu maguru mashya.

minebwenews by minebwenews
July 16, 2025
in Regional Politics
0
Thomas Lubanga yemeje ko ashigikiye AFC/M23 avuga n’icyo yifuza  bakora mu maguru mashya.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Thomas Lubanga yemeje ko ashigikiye AFC/M23 avuga n’icyo yifuza bakora mu maguru mashya.

You might also like

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Thomas Lubanga uheruka gushyinga umutwe witwaje intwaro ugamije gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bw’i Kinshasa, yatangaje ko ashigikiye ko we n’umutwe wa AFC/M23 bahirika ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Lubanga ya bitangaje kuri uyu wa gatatu tariki ya 16/07/2025, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru i Kampala muri Uganda.

Iki kiganiro yagikoze mu gihe mu mezi abiri ashize yemeje ko yashyinze umutwe witwaje intwaro witwa CRP urwanira muri Ituri mu Burasizuba bwa RDC. Avuga ko uyu mutwe abereye umuyobozi mukuru, ko ugamije gukuraho ubutegetsi buriho muri iki gihugu cya RDC

Muri iki kiganiro Lubanga yabwiye itangazamakuru ko we na AFC/M23 n’undi wese urwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi bifuza ku buhirika, kandi avuga ko ashigikiye AFC/M23 cyane

Yagize ati: “Turashima kandi dushyigikiye aho AFC/M23 ihagaze, cyo kimwe n’icyabatavuga rumwe n’ubutegetsi, ugucyungurwa kwa RDC gushingiye ku iherezo ry’ubutegetsi bubi bwa perezida Felix Tshisekedi.”

Thomas Lubanga umaze igihe aba muri Uganda yavuze ko aba muri iki gihugu kubera ko yahatirijwe guhungira i Kampala nyuma yigihe na bene wabo batotezwa.

Avuga ko uku gutotezwa kwaturutse kukuba yarakunze kunenga ibitegenda neza mu butegetsi bw’i Kinshasa.

Lubanga wigeze gufungirwa muri gereza y’i La Haye mu Buholandi, uyu mutwe wa AFC/M23 yavuze ko ashigikiye wakunze kugaragaza kenshi ko nta kindi cyatumye abawugize batora imbunda, usibye kuba benewabo bicwa bazira inkomoko yabo.

Bavuga ko aba benewabo bamaze imyaka myinshi batotezwa, ubundi kandi bakanakorerwa iyica rubozo na Leta y’i Kinshasa ifatanyije n’imitwe yitwaje intwaro irimo n’uwa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Tags: AFC/m23Guhirika ubutegetsiThomas LubangaTshisekedi
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Icyo amakuru avuga kuri Col.Macunda.

Imirwano ikaze yongeye kwaduka mu duce dutandukanye two muri Kivu y'Amajyepfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?