Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Undi General uvuka muri Fizi yaguye muri gereza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 26, 2025
in Conflict & Security
0
Undi General uvuka muri Fizi yaguye muri gereza.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Undi General uvuka muri Fizi yaguye muri gereza.

You might also like

Twirwaneho yagize icyo ivuga ku Burundi na FDLR.

Perezida Tshisekedi ngo asigaranye ibintu bibiri gusa, ubundi ibintu bigahinduka.

AFC/M23 yigaruriye agace k’ingenzi.

Nyuma y’urupfu rwa General Shabani Sikatende uheruka kugwa muri gereza ya Ndolo i Kinshasa ku murwa mukuru wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, General Aoci Lomona Augustin na we yayiguyemo.

Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatandatu tariki ya 26/07/2025, ni bwo Gen. Aoci Lomona yarangije.

Amakuru avuga ko yitabye Imana igihe cy’urukerera, maze umurambo we uhita ujanwa mu ikambi ya gisirikare ya Tshashi.

Gen. Aoci cyo kimwe na mugenzi we Gen. Sikatende we wapfuye mu kwezi gushize uyu mwaka, bari bamaze umwaka bafunzwe, aho aya makuru agaragaza ko kugeza ubu bari bataragezwa imbere y’ubutabera ngo hamenyekane icyatumye bafungwa.

Bombi bakomoka muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu Burasizuba bwa RDC. Bakaba ari Ababembe.

Umwe wo mu muryango we yabwiye itangazamakuru ko bataramenya neza icyaba cya muhitanye, ariko amakuru ava i Kinshasa agaragaza ko yazize ubuzima bubi yarabayemo muri gereza.

Ku rundi ruhande, amakuru akomeza avuga ko muri Fizi, bari gutegura gukora imyigaragambyo yo kwamagana Leta kubera imfu zi dasobanutse zashyikiye bariya basirikare.

Hagataho, bivugwa ko Mai Mai na yo yaburiwe kwitandukanya na Wazalendo mu rwego rwo kugaragaza umubabaro w’abantu babo bakomeje kugwa muri gereza.

Tags: AociGerezaNdolo
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Twirwaneho yagize icyo ivuga ku Burundi na FDLR.

by Bruce Bahanda
July 27, 2025
0
Twirwaneho yagize icyo ivuga ku Burundi na FDLR.

Twirwaneho yagize icyo ivuga ku Burundi na FDLR. Umutwe wa Twirwaneho uyobowe na Freddy Kaniki Rukema, ukaba ukorera muri Kivu y'Amajyepfo, watangaje ko hari abarwanyi ba FDLR batorejwe...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi ngo asigaranye ibintu bibiri gusa, ubundi ibintu bigahinduka.

by Bruce Bahanda
July 26, 2025
0
Leta y’i Kinshasa yagaragaje ko igiye kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu.

Perezida Tshisekedi ngo asigaranye ibintu bibiri gusa, ubundi ibintu bigahinduka. Umukuru w'igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, ngo asigaranye kwegura cyangwa agahunga, bitaba ibyo agukurwa...

Read moreDetails

AFC/M23 yigaruriye agace k’ingenzi.

by Bruce Bahanda
July 26, 2025
0
FARDC, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo zahondaguriwe i Mulenge.

AFC/M23 yigaruriye agace k'ibgenzi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryigaririye agace gaherereye muri teritware ya Masisi mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi ari kanga umuhisi n’umugenzi.

by Bruce Bahanda
July 26, 2025
0
RDC: Abavugwa mu mugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi.

Perezida Tshisekedi ari kanga umuhisi n'umugenzi. Nyuma y'aho umukuru w'igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, aketse ko hari abasirikare bashaka ku muhirika k'u butegetsi, yahise...

Read moreDetails

Amasasu yo gupfusha ubusa y’ingabo za RDC n’iz’u Burundi yateye icyikango mu Rugezi.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Amasasu yo gupfusha ubusa y’ingabo za RDC n’iz’u Burundi yateye icyikango mu Rugezi.

Amasasu yo gupfusha ubusa y'ingabo za RDC n'iz'u Burundi yateye icyikango mu Rugezi. Amakuru aturuka mu Rugezi mu majy'Epfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe, avuga ko ihuriro...

Read moreDetails
Next Post
Leta y’i Kinshasa yagaragaje ko igiye kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu.

Perezida Tshisekedi ngo asigaranye ibintu bibiri gusa, ubundi ibintu bigahinduka.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?