• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abanye-Congo babarirwa mu mirongo biciwe mu ikanisa.

minebwenews by minebwenews
July 28, 2025
in Conflict & Security
0
Abanye-Congo babarirwa mu mirongo biciwe mu ikanisa.
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanye-Congo babarirwa mu mirongo biciwe mu ikanisa.

You might also like

Havutse imvururu hagati y’Abarega n’Ababembe muri Kivu y’Epfo

RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z’ikindi gihugu ku murinda

Umutwe w’iterabwoba wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Uganda, ariko ukaba ukorera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, wiciye abantu babarirwa mu mirongo mu i Kanisa riherereye mu ntara ya Ituri.

Ku munsi w’ejo ku cyumweru tariki ya 26/07/2025, ni bwo uriya mutwe wakoze ariya mahano.

Bivugwa ko ikinisa uriya mutwe wicyiyemo abantu barimo basenga, riri mu gace kitwa Komanda, muri Ituri.

Iri kanisa rikaba ari iry’idini Gatolika, nk’uko aya makuru akomeza abivuga.

Ni amakuru kandi ahamya ko abishwe ari abantu 43. Aba barimo abagabo, abagore ndetse n’abana 6.

Amashusho yagiye hanze agaragaza ko nyuma yo kubica, bararangije batwika iryo kanisa.

Urebye abona urwotsi rwinshi rututumba hejuru, ndetse n’ikanisa ryahindutse umuyonga.

Umutwe wa ADF umaze imyaka irenga 30 ukorera mu Burasirazuba bwa Congo, urwanya ubutegetsi bwa perezida Yoweli Kaguta Museveni.

Mu bice ukoreramo byo muri Ituri no mu mashyamba yo muri Kivu y’Amajyaruguru, umaze kubyiciramo abantu benshi.

Igitangaje uyu mutwe nubwo wica abantu, Leta y’i Kinshasa ntiwuhiga nk’uko ihiga umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho.

Mu gihe bizwi ko iyi mitwe yo irinda abasivili, ubundi ikanazana n’iterambere mu bice igenzura, Goma, Bukavu, Minembwe, n’ahandi.

Ibyegeranyo bitandukanye byagiye bitangwa n’impuguke z’u muryango w’Abibumbye, bigaragaza ko uyu mutwe wa ADF ko umaze kwica abasivili babarirwa mu bihumbi, mu myaka umaze ukorera muri ibyo bice.

Tags: ADFIturiKamandaYishe abantu
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Havutse imvururu hagati y’Abarega n’Ababembe muri Kivu y’Epfo

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Muri RDC abagabo bane batwitswe n’abaturage barashya barakongoka

Havutse imvururu hagati y'Abarega n'Ababembe muri Kivu y'Epfo Amakuru aturuka muri teritware ya Mwenga mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, avuga ko havutse umwuka mubi hagati y'Ababembe n'Abarega, nyuma...

Read moreDetails

RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

RDC yagaragaje impungenge itewe n'umujyi wa Nairobi nyuma y'ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya Umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, akaba na minisitiri w'itumanaho wayo, Patrick Muyaya, yavuze...

Read moreDetails

RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z’ikindi gihugu ku murinda

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z’ikindi gihugu ku murinda

RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z'ikindi gihugu ku murinda Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, igihugu cy'u Burundi cya mwoherereje Ingabo kabuhariwe zo ku murindira...

Read moreDetails

Kinshasa humvikanye urusaku rw’imbunda z’irimo nini havugwa n’impamvu yarwo

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Kinshasa humvikanye urusaku rw’imbunda z’irimo nini havugwa n’impamvu yarwo

I Kinshasa humvikanye urusaku rw'imbunda z'irimo nini havugwa n'impamvu yarwo Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'igipolisi cya yo, byahanganye n'abajura bateye Bank, hakoreshwa intwaro ziremereye n'izoroheje....

Read moreDetails

Aho AFC/M23/MRDP itarafata abaturage b’aho bakomeje kwicwa

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Havuzwe uduce Wazalendo bari kubabarizamo abaturage, n’icyakorwa kugira ngo bigire iherezo

Aho AFC/M23/MRDP itarafata abaturage b'aho bakomeje kwicwa Umutwe wa ADF ukomeje kuzahaza abaturage b'aho ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ritarabohoza muri teritware ya Lubero mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
FARDC, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo zahondaguriwe i Mulenge.

AFC/M23 yamaganye yivuye inyuma ubwicanyi bwakorewe abasivili, ivuga n'icyo igiye gukora.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?