• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 2, 2025
  • Login
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Mu rubanza rwa Mutamba yaruhamagajemo minisitiri w’intebe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 1, 2025
in Conflict & Security
0
Mu rubanza rwa Mutamba yaruhamagajemo minisitiri w’intebe.
70
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu rubanza rwa Mutamba yaruhamagajemo minisitiri w’intebe.

You might also like

Umugabo yakubiswe byo gupfa, nyuma y’aho akoze igikorwa kigayitse.

Umuyobozi w’ishuri rya Kaminuza i Goma yatawe muri yombi.

Iby’umurambo wasanzwe mu Bisambu bya Kalingi.

Constant Mutamba wahoze ari minisitiri w’ubutabera wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yasabye ko urukiko rumuburanisha rutumiza minisitiri w’intebe, Juduth Suminwa.

Ni icyifuzo yatanze tariki ya 30/07/2025 ubwo yasubiraga muri uru rukiko kuburana.

Mutamba, ashinjwa kunyereza miliyoni 19 z’amadolari y’Amerika yari agenewe kubaka gereza y’i Kisangani mu ntara ya Tshopo ubwo yari minisitiri.

Ariko nubwo ashinjwa icyo cyaha, yavuze ko ayo mafaranga atayariye ahubwo ko ari muri konti ya sosiyete Zion Construction SARL yatsindiye isoko ryo kubaka iriya gereza y’i Kisangani.

Noneho ejo bundi ku wa gatatu asubiye kuja kuburana abwira urukiko ko kubaka gereza y’i Kisangani bitari mu biganza bye wenyine, ahubwo ko hari n’abandi bayobozi benshi bayifasheho ibyemezo.

Ni nabwo yahise avuga minisitiri w’intebe,Judith n’abandi barimo na Rose Mutombo wabaye minisitiri w’ubutabera, Jules Alingeta wabaye umuyobozi w’urwego rushinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari, minisitiri wa sipiro n’abandi.

Tunabibutsa ko rugikubita, Mutamba yatunze agatoki Umushinjacyaha mukuru mu rukiko rusesa imanza, Firmin Mvonde, na minisitiri w’intebe, Judith Suminwa Tuluku, asobanura ko bamwibasiye kugira ngo bamwikize, ibikorwa byabo bibi bitazaja hanze.

Ubushinjacyaha bukuru buhamya ko miliyoni 19 z’amadolari y’Amerika Mutamba ashinjwa kunyereza zoherejwe kuri konti ya Zion Construction mu buryo bunyuranyije n’amategeko, abigizemo uruhare rukomeye nk’uwari ushinzwe gukurikirana ibikorwa byo kubaka gereza y’i Kisangani.

Mutamba yari yarabwiye abagize inteko ko ayo mafaranga yayoberejwe kuri konti y’ikigo cya baringa, anabisabira imbabazi ariko yageze mu rukiko ahindura imvugo, agaragaza uburyo Zion Construction yayahawe binyuze mu nzira zemewe n’amategeko.

Ubwo rero, urubanza ruzakomeza tariki ya 04/07/2025. Kandi ngo mu gihe uru rukiko ruzabona ko ari ngombwa, ruzahamagaza minisitiri w’intebe n’abandi bayobozi Mutamba yifuje ko barutangamo ibisobanuro.

Tags: Gereza y'i KisanganiMutambaUrubanza
Share28Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Umugabo yakubiswe byo gupfa, nyuma y’aho akoze igikorwa kigayitse.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
Umugabo yakubiswe byo gupfa, nyuma y’aho akoze igikorwa kigayitse.

Umugabo yakubiswe byo gupfa,nyuma y'aho akoze igikorwa kigayitse. Umugabo w'Umunye-Congo uri mu kigero cy'imyaka iri hagati ya 45 na 40, yafashe kungufu umwana w'umukobwa uri munsi y'imyaka 15,...

Read moreDetails

Umuyobozi w’ishuri rya Kaminuza i Goma yatawe muri yombi.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
Umuyobozi w’ishuri rya Kaminuza i Goma yatawe muri yombi.

Umuyobozi w'ishuri rya Kaminuza i Goma yatawe muri yombi. Abashinzwe umutekano w'umujyi wa Goma, mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 bataye muri yombi umuyobozi w'ishuri rya Kaminuza...

Read moreDetails

Iby’umurambo wasanzwe mu Bisambu bya Kalingi.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
FARDC, Ingabo z’u Burundi na FDLR bazindutse bagaba ibitero mu Banyamulenge.

Iby'umurambo wasanzwe mu Bisambu bya Kalingi. Mu Gisambu giherereye hagati ya Kalingi na Mikenke ho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu y'Amajyepfo, hatoraguwe umurambo w'Umuntu bigaragaza ko...

Read moreDetails

Abasirikare benshi b’u Burundi bafashwe mpiri na Twirwaneho.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
Abasirikare benshi b’u Burundi bafashwe mpiri na Twirwaneho.

Abasirikare benshi b'u Burundi bafashwe mpiri na Twirwaneho. Umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho urwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, wafashe mpiri abasirikare...

Read moreDetails

Byamenyekanye neza ko Kinshasa iri gutegura intambara karundura.

by Bruce Bahanda
July 31, 2025
0
Byamenyekanye neza ko Kinshasa iri gutegura intambara karundura.

Byamenyekanye neza ko Kinshasa iri gutegura intambara karundura. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryamaganye Repubulika ya demokarasi ya Congo, rivuga ko iri gutegura intambara ikomeye. Bikubiye mu...

Read moreDetails
Next Post
FARDC, Ingabo z’u Burundi na FDLR bazindutse bagaba ibitero mu Banyamulenge.

Iby'umurambo wasanzwe mu Bisambu bya Kalingi.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?