• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ubuyobozi bubi bwa RDC bwatumye ikena kandi yari ifite ubutunzi bukaze ku isi. Ibirambuye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 4, 2025
in Conflict & Security
0
Ubuyobozi bubi bwa RDC bwatumye ikena kandi yari ifite ubutunzi bukaze ku isi. Ibirambuye.
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bubi bwa RDC bwatumye ikena kandi yari ifite ubutunzi bukaze ku isi. Ibirambuye.

You might also like

AFC/M23 yavuze ko nta abasirikare b’u Burundi yarekuye.

Ni ki kirimo ku vugwa kuri Kiyana uwo bivugwa ko yageze ku Ndondo ya Bijombo.

Guhohotera abasirikare ba Banyamulenge muri RDC byongeye gufata indi ntera.

Ibice bibonetsemo ibirombe by’amabuye y’agaciro ababituriye ubuzima bwabo buhinduka mu kanya gato, ariko Repubulika ya demokarasi ya Congo ifite Cobalt nyinshi ku isi, ariko iri mu bihugu bikennye cyane ku isi.

Abahanga mu bukungu bemeza ko ibibazo by’umutekano, intambara n’ubukene biri muri RDC ntaho bihuriye n’umutungo kamere iki gihugu gitunze, ahubwo ko bikomoka ku miyoborere mibi.

Bagashimangira ko ikibazo cy’umutekano muke uhamaze imyaka myinshi kidafite aho gihuriye n’amabuye y’agaciro, cyane ko ntagihe atabayeho kuva isi yaremwa, ariko imvururu zihari zikaba zitarahahoze.

Abayobozi b’iki gihugu kenshi bavuga ko amabuye y’agaciro ari mu gihugu cyabo ari yo ntandaro y’ibibazo by’intambara bicugarije.

Ndetse bagashinja u Rwanda na Uganda kuba nyiribayazana w’ibibazo byose iki gihugu gifite.

Ariko ibi bihugu byombi birabihakana, bigasobanura ko imvururu za RDC zishingiye ku bibazo bya politiki biri hagati y’Abanyekongo ubwabo, kandi igisubizo kirambye mu kuzihoshya ari bo bagifite mu biganza byabo.

Mu ntambara y’ubukungu ishingiye kukurengera ibidukikije, ikomeje gufata indi ntera hagati y’ibihugu by’ibihangange ku isi, nyamara amabuye y’agaciro yo arimo Lithium, Cobalt, Nickel na Copper akarushaho gukenerwa cyane.

Ni mu gihe aya mabuye y’agaciro ari yo akenewe cyane kuko akora byinshi birimo bateri z’imodoka zikoreshwa n’amashanyarazi n’ibindi.

Izo modoka ni zo isi yose ihanze amaso mu guhangana n’ikibazo cy’imyuka ihumanya ikirere ituruka ku ikoreshwa rya lisansi na mazutu.

Sosiyete y’Abanyamerika, McKinney company, igaragaza ko mu 2025 Lithium izaba ikenerwa ku rugero rwa 76% na ho Cobalt yo igakemerwa ku rugero rwa 53% mu ikorwa rya bateri.

Ubundi kandi Cobalt inakenewe cyane mu ikorwa rya telephone zigezweho za smartphone na mudasobwa.

Imibare igaragaza ko hejuru ya 70% ya Cobalt iboneka ku isoko mu isi yose ituruka muri RDC.

Mu 2022, RDC yaturutsemo 73% ya Cobalt yacurujwe ku isi. Ndetse kandi iki gihugu cyavuyemo toni miliyoni 6 mu itoni 11 za Cobalt byabonetse ku isi yose.

Ziyongeraho toni miliyoni 6,6 za Lithium iherereye mu mujyi wa Manono, mu ntara ya Tanganyika. Hari n’andi mabuye y’agaciro yo mu bwoko butandukanye aboneka ku butaka bwa RDC.

Kumva igihugu gitunze beneka akageni, ariko kikaba icya kane gikennye cyane ku isi, bigora benshi kubisobanukorwa. RDC ikurikira Sudan y’Epfo, u Burundi na Centrafrique mu kugarizwa n’ubukene ku rutonde rw’isi.

Ibirombe byinshi byo muri iki gihugu bigenzurwa na sosiyete z’ibihugu bikomeye ku isi kandi urwego rushyinzwe mine ruhabwa amafaranga make cyane RDC yazize ubuyobozi bubi kuva kera.

Bivugwa ko RDC ubuyobozi bwayo bwimitse icyenewabo, irondabwoko, ruswa no kudahana kuva mu myaka myinshi ishize, bwatumye n’imitwe yitwaje intwaro yiyongera n’umutekano urushaho kuzamba mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Tags: ikennyeItunzeLithium CobaltRdc
Share27Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

AFC/M23 yavuze ko nta abasirikare b’u Burundi yarekuye.

by Bruce Bahanda
August 9, 2025
0
Ibisobanuro byatanzwe na perezida Bisimwa wa M23 ku bwicanyi bashinjwa.

AFC/M23 yavuze ko nta abasirikare b'u Burundi yarekuye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryanyomoje amakuru avuga ko ryarekuye abasirikare...

Read moreDetails

Ni ki kirimo ku vugwa kuri Kiyana uwo bivugwa ko yageze ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
August 9, 2025
0
Ni ki kirimo ku vugwa kuri Kiyana uwo bivugwa ko yageze ku Ndondo ya Bijombo.

Ni ki kirimo ku vugwa kuri Kiyana uwo bivugwa ko yageze ku Ndondo ya Bijombo. Seba Kiyana wamenyekanye cyane ku izina rya Munigantama, amakuru amuvugaho agaragaza neza ko...

Read moreDetails

Guhohotera abasirikare ba Banyamulenge muri RDC byongeye gufata indi ntera.

by Bruce Bahanda
August 9, 2025
0
Guhohotera abasirikare ba Banyamulenge muri RDC byongeye gufata indi ntera.

Guhohotera abasirikare ba Banyamulenge muri RDC byongeye gufata indi ntera. Muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuba Umututsi bikomeje gufatwa nk'icyaha, ni mu gihe Colonel Aaron Nyamushebwa wari...

Read moreDetails

AFC/M23/MRDP yigaruriye kamwe mu duce duherereye muri Kivu y’Epfo.

by Bruce Bahanda
August 8, 2025
0
AFC/M23/MRDP yigaruriye kamwe mu duce duherereye muri Kivu y’Epfo.

AFC/M23/MRDP yigaruriye kamwe mu duce duherereye muri Kivu y'Epfo. Ingabo zo mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Umwe mu miryango ikomeye ku isi, wamaganye ubugwari bwa FARDC na MONUSCO.

by Bruce Bahanda
August 8, 2025
0
FARDC ntiyemera ibyo ishinjwa na Twirwaneho.

Umwe mu miryango ikomeye ku isi, wamaganye ubugwari bwa FARDC na MONUSCO. Umuryango wa Human Right Watch wa maganye igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ingabo z'umuryango...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa ku masasu yavugiye mu Mibunda.

Ibivugwa ku masasu yavugiye mu Mibunda.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?