• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, August 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibivugwa ku masasu yavugiye mu Mibunda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 4, 2025
in Conflict & Security
0
Ibivugwa ku masasu yavugiye mu Mibunda.
96
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa ku masasu yavugiye mu Mibunda.

You might also like

Aramukiye mu misozi miremire y’i Mulenge.

Mu gihe ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za RDC bikomeje kwibasira Abanyamulenge, MRDP yavuze icyo yifuza.

Perezida Tshisekedi yashyizeho abayobozi bashya bashinzwe iperereza.

Urusaku rw’imbunda rwinshi rw’umvikanye ku munsi w’ejo ku cyumweru mu bice byo mu Mibunda muri secteur ya Itombwe teritware ya Mwenga muri Kivu y’Amajyepfo.

Ahagana isaha z’igicyamunsi ni bwo ruriya rusaku rw’imbunda rw’umvikanye cyane mu bice bitandukanye byo muri Mibunda.

Ubutumwa bugera kuri Minembwe Capital News bugaragaza ko ari Wazalendo barasaguraga amasasu mu gace ka Turambo na Marunde.

Bugira buti: “Ejo Mai Mai yaraje ituruka mu Marunde na Turambo ikomeza kurasagura amasasu, irongera isubirayo.”

Burongera buti: “Yararasaguraga ariko ntawe yarihanganye na yo.”

Ibi bice Wazalendo barasiragamo amasasu byahoze bituwe n’Abanyamulenge, ariko kubera ibitero bagiye bagabwaho hagati mu mwaka wa 2017 na 2020 barahunga. Kuri ubu bituwe gutyo.

U ruhande rwa Twirwaneho rurwanirira abaturage rugenzura igice cya Mikenke gipakanye na turiya duce twombi twumvikaniragamo urusaku rw’imbunda rwinshi.

Hajuru y’ibyo hari aba Mai Mai bagaragaye ari benshi i Mutunda na ho hatari kure y’iki gice cya Mikenke kigenzurwa n’umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23.

Bikavugwa ko baba bashaka kugaba ibitero mu mihana ituwe hafi aho nka Kalingi, Mikenke n’ahandi.

Ariko nubwo biruko hari agahenge ka mahoro mu bice bigenzurwa na Twirwaneho na M23, aho ni mu Minembwe, n’inkengero zayo ndetse na Rugezi.

Kimwecyo, umwanzi utera Abanyamulenge ntari kure kuko na we ari hafi yabyo.

Tags: AmasasuMibunda
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Aramukiye mu misozi miremire y’i Mulenge.

by Bruce Bahanda
August 7, 2025
0
Umurundi yishe umugore we n’abandi bari kumwe mu nzu.

Aramukiye mu misozi miremire y'i Mulenge. Nyuma y'aho ihuriro ry'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ririmo FARDC, FDLR, ingabo z'u Burundi na Wazalendo zigabye ibitero mu duce...

Read moreDetails

Mu gihe ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za RDC bikomeje kwibasira Abanyamulenge, MRDP yavuze icyo yifuza.

by Bruce Bahanda
August 6, 2025
0
Mu gihe ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za RDC bikomeje kwibasira Abanyamulenge, MRDP yavuze icyo yifuza.

Mu gihe ibitero by'ihuriro ry'Ingabo za RDC bikomeje kwibasira Abanyamulenge, MRDP yavuze icyo yifuza. Umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko ushaka amahoro, ariko ko ufite uburenganzira bwo kurwana ku...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yashyizeho abayobozi bashya bashinzwe iperereza.

by Bruce Bahanda
August 6, 2025
0
Perezida Tshisekedi yavuze ko agiye gukora impinduka muri guverinoma ye, anagaragaza umuyobozi utazahindurwa.

Perezida Tshisekedi yashyizeho abayobozi bashya bashinzwe iperereza. Umukuru w'igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yashyizeho abayobozi bashya mu ishami rw'iperereza rya ANR. Bikubiye mu itangazo ryasomewe kuri...

Read moreDetails

Uganda Faces Refugee Crisis as Numbers Nears  2 Million

by minebwenews
August 6, 2025
0
Uganda Faces Refugee Crisis as Numbers Nears  2 Million

Uganda is bracing for a historic milestone as its refugee population approaches 2 million by the end of 2025, solidifying its position as Africa’s largest refugee-hosting nation and...

Read moreDetails

Imirwano yongeye gukaza umurego mu misozi miremire y’i Mulenge.

by Bruce Bahanda
August 6, 2025
0
Imirwano yongeye gukaza umurego mu misozi miremire y’i Mulenge.

Imirwano yongeye gukaza umurego mu misozi miremire y'i Mulenge. Ihuriro ry'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ryagabye ibitero mu duce dutandukanye dutuwe n'Abanyamulenge two mu misozi miremire...

Read moreDetails
Next Post
Ambasaderi wa RDC i Bujumbura ari mu kaga gakomeye.

Ambasaderi wa RDC i Bujumbura ari mu kaga gakomeye.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?