• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 17, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

FCC yagize icyo ivuga nyuma y’aho Kabila atangiye kuburanishwa.

minebwenews by minebwenews
August 4, 2025
in Conflict & Security
0
RDC: Kabila agiye gutangira kuburanishwa.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FCC yagize icyo ivuga nyuma y’aho Kabila atangiye kuburanishwa.

You might also like

Havutse imvururu hagati y’Abarega n’Ababembe muri Kivu y’Epfo

RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z’ikindi gihugu ku murinda

Ihuriro ry’amashyaka rya Front Commun pour le Congo, FCC, ryatangaje ko ritewe impungenge n’umwuka mubi wa Politiki uri muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, rigaragaza ko urikuzanwa n’ubutegetsi buriho bwatangiye kuburanisha Joseph Kabila wayoboye iki gihugu rivuga ko bitanyuze mu mucyo.

Bikubiye mu itangazo iri huriro ry’amashyaka ryashyize hanze, aho ryamaganiye kure urubanza ruregwamo Kabila watangiye kuburanishwa n’urukiko rukuru rw’igisirikare.

Rivuga ko gukurikirana Kabila bigamije kumusibira amayira mu rugendo rwe rwa politiki, kandi ko uru rubanza rugamije guhungabanya umwuka wa politiki, ndetse kandi ngo bikaba bishobora gutiza n’umurindi ibibazo biri muri iki gihugu.

Joseph Kabila aregwa ibyaha bikomeye birimo iby’intambara n’ibyibasira inyokomuntu, ibyaha bishingiye ku gushinjwa gufasha ihuriro rya AFC/M23.

Rikomeza rivuga ko Kabila ari impirimbanyi y’amahoro, ishyize imbere ubumwe bw’igihugu kandi ko yiteguye gukoresha ubunararibonye bwe mu miyoborere y’igihugu.

FCC iri mu mahuriro y’amashyaka akomeye arwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, rivuga ko ryafashe ingamba zikomeye zo kwamagana ryivuye inyuma ubu buryo bwo kugira ubutabera igikoresho cya politiki.

Hagataho, rihamagarira kandi abanyagihugu guhuza imbaraga, kandi rigasaba ko ubutegetsi bugomba kubahiriza uburenganzira bw’ibanze bw’abanyapolitiki bose, barimo n’abatavutavuga rumwe na bwo.

Tags: AFCCKabilaRdcUrubanza
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Havutse imvururu hagati y’Abarega n’Ababembe muri Kivu y’Epfo

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Muri RDC abagabo bane batwitswe n’abaturage barashya barakongoka

Havutse imvururu hagati y'Abarega n'Ababembe muri Kivu y'Epfo Amakuru aturuka muri teritware ya Mwenga mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, avuga ko havutse umwuka mubi hagati y'Ababembe n'Abarega, nyuma...

Read moreDetails

RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

RDC yagaragaje impungenge itewe n'umujyi wa Nairobi nyuma y'ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya Umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, akaba na minisitiri w'itumanaho wayo, Patrick Muyaya, yavuze...

Read moreDetails

RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z’ikindi gihugu ku murinda

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z’ikindi gihugu ku murinda

RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z'ikindi gihugu ku murinda Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, igihugu cy'u Burundi cya mwoherereje Ingabo kabuhariwe zo ku murindira...

Read moreDetails

Kinshasa humvikanye urusaku rw’imbunda z’irimo nini havugwa n’impamvu yarwo

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Kinshasa humvikanye urusaku rw’imbunda z’irimo nini havugwa n’impamvu yarwo

I Kinshasa humvikanye urusaku rw'imbunda z'irimo nini havugwa n'impamvu yarwo Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'igipolisi cya yo, byahanganye n'abajura bateye Bank, hakoreshwa intwaro ziremereye n'izoroheje....

Read moreDetails

Aho AFC/M23/MRDP itarafata abaturage b’aho bakomeje kwicwa

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Havuzwe uduce Wazalendo bari kubabarizamo abaturage, n’icyakorwa kugira ngo bigire iherezo

Aho AFC/M23/MRDP itarafata abaturage b'aho bakomeje kwicwa Umutwe wa ADF ukomeje kuzahaza abaturage b'aho ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ritarabohoza muri teritware ya Lubero mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Menya impamvu Abarundi bakumiriwe kwinjira muri Amerika.

Menya impamvu Abarundi bakumiriwe kwinjira muri Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?