• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y’umurengera.

minebwenews by minebwenews
August 12, 2025
in World News
0
U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y’umurengera.
65
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y’umurengera.

You might also like

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy’indembe

U Bushinwa bwanenze Leta Zunze ubumwe z’Amerika yabushyiriyeho imisoro y’umurengera zishingiye kukuba bugurira peteroli mu Burusiya.

Byagarutsweho na minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Bushinwa, mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru hirya y’ejo hashize.

Avuga ko igihugu cye kizakomeza kugendera ku nyungu zacyo mu bucuruzi mpuzamahanga.

Umuvugizi wa minisiteri y’ubanyi n’amahanga y’iki gihugu, ahita atangaza ko ubufatanye bwa Beijing na Moscow buhamye kandi ko busobanutse ndetse yongeraho ko ingamba zishingiye ku nyungu z’u Bushinwa zizakomeza mupaka.

Yasobanuye kandi ko u Bushinwa bufite uburenganzira bwemewe n’amategeko bwo gufatanya mu bucuruzi, ubukungu no mu by’ingufu n’ibindi bihugu birimo n’u Burusiya, anemeza kandi ko bazafata ingamba zishingiye ku nyungu zabo mu bijyanye n’ingufu.

Amerika yamaganye ibihugu bikomeye bigura peteroli mu Burusiya birimo u Bushinwa n’u Buhinde, ikavuga ko iryo gura nta kindi rigamije atari ugushyigikira intambara.

Ikavuga ko imisoro ko ari bwo buryo bwo guhangana n’ubucuruzi budakurikiza amahame y’ubunyangamugayo.

Ariko kandi bizwi ko u Bushinwa n’u Burusiya bigirana umubano wihariye urimo ubufatanye budasanzwe mu bya politiki no gushakira hamwe ibisubizo.

Umukuru w’iki gihugu cya Amerika, Donald Trump ashinja ibihugu bihuriye mu muryango wa BRICS birimo u Bushinwa, u Burusiya, u Buhinde n’ibindi, gushaka gukura idolari rya Amerika ku mwanya waryo nk’ifaranga riyoboye ayandi ku isi, ari naho ahera akavuga ko azabishyiriraho imisoro y’umurengera.

Ibi bihugu nabyo bigashinja Amerika gushaka inyungu zayo yonyine, kuburyo ihutaza ibindi, ndetse no gushaka kuburizamo uburinganire ku isi.

Tags: AmerikaImisoroU Bushinwa
Share26Tweet16Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo...

Read moreDetails

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri Ijambo Abarabu rigiye gukurwa mu izina ry'igihugu cya Misiri, aho ryari rimenyerewe cyane nka Repubulika y'Abarabu ya Misiri, nk'uko bikomeje gucikana kumbuga nkoranyambaga...

Read moreDetails

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy’indembe

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy'indembe Lieutenant General Alain Guillaume Bonyoni wahoze ari minisitiri w'intebe w'u Burundi, yamaze kujya muri "coma." Gen Guillaume Bonyoni yagiye muri coma nyuma y'iminsi...

Read moreDetails

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu Perezida Andry Rojoeline wa Madagascar yahungiye mu gihugu cy'u Bufaransa, nyuma yo kweguzwa n'umutwe wa basirikare witwa CAPSAT. Mu ijoro ryo...

Read moreDetails

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas  bigiye kuba impamo

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo Leta ya Israel n'umutwe wa Hamas umaze igihe iwugabaho ibitero karahabutaka, bigiye guhurira i Sharm muri Misiri, maze bitere...

Read moreDetails
Next Post
Hagati ya Newcastle na Isak Rurageretse – Impagarara mu Isoko rya Transfer.

Hagati ya Newcastle na Isak Rurageretse – Impagarara mu Isoko rya Transfer.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?