• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, August 17, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 16, 2025
in World News
0
Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika.

You might also like

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Nigeria yemerewe kugura intwaro zikomeye muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika zihwanye na miliyoni 346 y’amadolali y’Amerika.

Ni byatangajwe na Amerika aho yavuze ko yemereye Nigeria kuyiguraho ibikoresho bya gisirikare bikomeye.

Amerika ikavuga ko yayemereye mu rwego rwo kuyifasha nk’umufatanyabikorwa wayo wihariye wo muri Afrika.

Minisiteri y’ubanyi n’amahanga ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika yatangaje ko iri soko rizafasha gushyira mu bikorwa intego za dipolomasi z’iki gihugu binyuze mu kongerera umutekano umufatanyabikorwa wingenzi wo munsi y’ubutayu bwa Sahara.

Ni mu gihe Leta ya Nigeria yari yasabye intwaro, zirimo bombe za MK-82 zifite ibiro 500 zirenga igihumbi intwaro ziherutse gukoreshwa n’ingabo za Israel mu gutera ibisasu muri Gaza.

Harimo kandi roketi 5000 za kill weapon systems (apkws) zifashisha ikoranabuhanga rya Laser, ibikoresho byo kwifashisha mu guhindura bombe zisanzwe zigahunduka iza Laser, roketi zikomeye zituritsa, ndetse n’inyunganyizi z’abatekinisiye.

Amerika ikavuga ko kugurisha izi ntwaro kuri Nigeria bizayongera ubushobozi bwo guhangana n’ibibazo by’umutekano biriho ubu n’ibishobora kuzaza hanyuma, binyuze mu bikorwa byo kurwanya imitwe y’iterabwoba no guhashya ubucuruzi bunyuranyije n’amategeko muri Nigeria no mu nyanja ya Gineya.

Bikozwe mu gihe iki gihugu cya Nigeria kigize igihe cy’ibasirwa n’ibitero bikorwa n’imitwe y’iterabwoba irimo uwa Boko Haram, Islamic State n’indi, ibyatumye imiryango myinshi yimuka ku gahato mu majyaruguru ya Nigeria ahakunze gukorwa ibyo bitero.

Nigeria ikaba ikomeje kongera ingabo zayo ubushobozi mu rwego rwo kugira ngo zongere kwigarurira ibice imitwe y’iterabwoba igenzura.

Tags: Ibikoresho bya gisirikareIsoko AmerikaKill weaponKill weapon systemsNigeria
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

by minebwenews
August 16, 2025
0
Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Russia is hailing the outcome of the high profile summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin in Alaska, even though no formal agreement was...

Read moreDetails

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Perezida Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Putin.

Ibyavuye mu nama yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yahuye na mugenzi we w'u Burusiya Vladimir Putin, umubonano...

Read moreDetails

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zamaganye kuba hatarabaye kubahiriza agahenge hagati y'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n'izo mu ihuriro rya...

Read moreDetails

Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

by minebwenews
August 16, 2025
0
Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

The long-awaited face-to-face summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin concluded in Alaska without a formal agreement, though both leaders described the discussions as...

Read moreDetails

Perezida Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Putin.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Perezida Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Putin.

Perezida Trump yahuye na mugenzi we w'u Burusiya Putin. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump na mugenzi we w'u Burusiya, Vladimir Putin bahuriye muri Alaska aho...

Read moreDetails
Next Post
Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?