• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

AFC/M23/MRDP yagaragaje ibyo ingabo za RDC ziri gukora muri iki gihe muri Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
August 20, 2025
in Conflict & Security
0
AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by’i Doha.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23/MRDP yagaragaje ibyo ingabo za RDC ziri gukora muri iki gihe muri Kivu y’Epfo.

You might also like

Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya

Uduce 8 FARDC n’abambari bayo badukubitiwemo iza kabwana nyuma y’uko bishe abasivili

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ryagaragaje ko nubwo hari ibiri gukorwa kugira ngo amahoro agaruke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ariko ko RDC ikomeje kurunda abasirikare bayo mu bice bitandukanye n’intwaro ziremereye.

Bikubiye mu itangazo AFC/M23/MRDP yaraye ishyize hanze risubiza iryo igisirikare cya RDC cyabashinjaga kurenga ku masezerano bagiranye , ubwo hatangazwaga imbanzirizamushinga y’amahoro i Doha mu kwezi gushize.

Itangazo rya FARDC ryasohowe mbere yirya AFC /M23/MRDP ryashinjaga iyi mitwe yombi kuyigabaho ibitero mu duce dutandukanye two muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Mu kuyisubiza, AFC/M23/MRDP yavuze ko ingabo za FARDC iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo FDLR ndetse n’imbonerakure bakomeje kugaba ibitero mu duce dutuwe cyane, kandi ko bakoresha za drones zitagira abapilote n’intwaro zirimo iziremereye.

Iri tangazo rikavuga ko ibyo bikorwa birenga ku masezerano yagahenge yemejwe, kandi ko bigize ibyaha by’intambara.

Rivuga kandi ko leta ikomeje kurunda abasirikare bayo n’intwaro mu bice birimo Bijombo, Rurambo, kandi ko abo yaharunze ari abu Burundi, FDLR na Wazalendo.

Ahandi ni mu duce twa Runingu, Kashatu, Gatobwe na Kahololo.

AFC/M23/MRDP ikavuga ko izakomeza kurinda abaturage b’abasivili, ngo kuko itabikoze bokomeza kuba mu kaga.

Hagataho, biragaragara ko amasezerano y’amahoro yasinyiwe i Washington DC, na mahame impande zishyamiranye zagiranye i Doha muri Qatar, hagati ya M23 na Leta y’i Kinshasa atanga.

Ahanini ayo masezerano yombi asaba izi mpande zombi guhagarika imirwano bya burundu. Ariko ibitero bikorwa umunsi ku munsi.

Tags: AFC/M23/mrdpIbiteroIngabo za RDCKivu yamajy'Epfo
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya

Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya Colonel Rubaba Ntagawa, umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo ukuriye ibatayo ifite ibirindiro mu Bibogobogo muri teritware ya...

Read moreDetails

Uduce 8 FARDC n’abambari bayo badukubitiwemo iza kabwana nyuma y’uko bishe abasivili

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Havuzwe uduce Wazalendo bari kubabarizamo abaturage, n’icyakorwa kugira ngo bigire iherezo

Uduce 8 FARDC n'abambari bayo badukubitiwemo iza kabwana nyuma y'uko bishe abasivili Uduce tubarirwa mu 8 duherereye muri grupema ya Bukombo n'iya Tongo muri teritware ya Rutshuru, mu...

Read moreDetails

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe Sio.Sebagabo Rwambara war'uzwi cyane ku izina rya Edinasi, yatabarukanye n'abandi i Lubumbashi mu cyahoze ari Katanga, kuri ubu...

Read moreDetails

Uduce twose Wazalendo yariyigaruriye, AFC/M23 yatwisubije

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Icyo amakuru avuga ku basirikare ba M23 bafunzwe, ariko bakaza kurekurwa

Uduce twose Wazalendo yariyigaruriye, AFC/M23 yatwisubije Abarwanyi bashingikiwe na guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bo mu mitwe yitwaje intwaro ya Mai Mai n'indi iyishamikiyeho ihurikiye mu...

Read moreDetails

AFC/M23/MRDP yavuze ko ntaho RDC yahungira ibiganiro by’i Doha

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Ibyakozwe na Kinshasa biganisha kuri balkanisation, soma inkuru irambuye

AFC/M23/MRDP yavuze ko ntaho RDC yahungira ibiganiro by'i Doha Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ryatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo budashobora guhunga ibiganiro bibera...

Read moreDetails
Next Post
Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.

Ingabo z'u Burundi zasahuye mu baturage ku Ndondo ya Bijombo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?