• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 13, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

AFC/M23/MRDP yagaragaje ibyo ingabo za RDC ziri gukora muri iki gihe muri Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
August 20, 2025
in Conflict & Security
0
AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by’i Doha.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23/MRDP yagaragaje ibyo ingabo za RDC ziri gukora muri iki gihe muri Kivu y’Epfo.

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ryagaragaje ko nubwo hari ibiri gukorwa kugira ngo amahoro agaruke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ariko ko RDC ikomeje kurunda abasirikare bayo mu bice bitandukanye n’intwaro ziremereye.

READ ALSO

Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.

Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta

Bikubiye mu itangazo AFC/M23/MRDP yaraye ishyize hanze risubiza iryo igisirikare cya RDC cyabashinjaga kurenga ku masezerano bagiranye , ubwo hatangazwaga imbanzirizamushinga y’amahoro i Doha mu kwezi gushize.

Itangazo rya FARDC ryasohowe mbere yirya AFC /M23/MRDP ryashinjaga iyi mitwe yombi kuyigabaho ibitero mu duce dutandukanye two muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Mu kuyisubiza, AFC/M23/MRDP yavuze ko ingabo za FARDC iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo FDLR ndetse n’imbonerakure bakomeje kugaba ibitero mu duce dutuwe cyane, kandi ko bakoresha za drones zitagira abapilote n’intwaro zirimo iziremereye.

Iri tangazo rikavuga ko ibyo bikorwa birenga ku masezerano yagahenge yemejwe, kandi ko bigize ibyaha by’intambara.

Rivuga kandi ko leta ikomeje kurunda abasirikare bayo n’intwaro mu bice birimo Bijombo, Rurambo, kandi ko abo yaharunze ari abu Burundi, FDLR na Wazalendo.

Ahandi ni mu duce twa Runingu, Kashatu, Gatobwe na Kahololo.

AFC/M23/MRDP ikavuga ko izakomeza kurinda abaturage b’abasivili, ngo kuko itabikoze bokomeza kuba mu kaga.

Hagataho, biragaragara ko amasezerano y’amahoro yasinyiwe i Washington DC, na mahame impande zishyamiranye zagiranye i Doha muri Qatar, hagati ya M23 na Leta y’i Kinshasa atanga.

Ahanini ayo masezerano yombi asaba izi mpande zombi guhagarika imirwano bya burundu. Ariko ibitero bikorwa umunsi ku munsi.

Tags: AFC/M23/mrdpIbiteroIngabo za RDCKivu yamajy'Epfo

Related Posts

Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.
Conflict & Security

Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.

September 12, 2026
Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta
Conflict & Security

Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta

September 12, 2026
IBY’IGITERO CYAGABWE KU BAGENZI BEREKEZAGA MU MAHETA
Conflict & Security

IBY’IGITERO CYAGABWE KU BAGENZI BEREKEZAGA MU MAHETA

September 12, 2026
Nyuma yo Gufata Mahanga, AFC/M23 Yerekeje i Bitoyi: Imirwano Ikomeye Yahuje Impande Zombi
Conflict & Security

Nyuma yo Gufata Mahanga, AFC/M23 Yerekeje i Bitoyi: Imirwano Ikomeye Yahuje Impande Zombi

September 12, 2026
Umunyamulenge ukora muri Leta y’i Kinshasa wihanganishije Abapfurero, ariko ntiyavuga Jenoside yakorewe Abanyamulenge ntiyanavuga inka zabo zimaze kunyagwa
Conflict & Security

Un Munyamulenge au service de l’État à Kinshasa présente ses condoléances aux Bafuliiru, mais ne mentionne ni le génocide commis contre les Banyamulenge ni le vol de leur bétail

September 12, 2026
Umunyamulenge ukora muri Leta y’i Kinshasa wihanganishije Abapfurero, ariko ntiyavuga Jenoside yakorewe Abanyamulenge ntiyanavuga inka zabo zimaze kunyagwa
Conflict & Security

Umunyamulenge ukora muri Leta y’i Kinshasa wihanganishije Abapfurero, ariko ntiyavuga Jenoside yakorewe Abanyamulenge ntiyanavuga inka zabo zimaze kunyagwa

September 12, 2026
Next Post
Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.

Ingabo z'u Burundi zasahuye mu baturage ku Ndondo ya Bijombo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.
  • Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta
  • IBY’IGITERO CYAGABWE KU BAGENZI BEREKEZAGA MU MAHETA
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?