• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 2, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Mu burakari bwinshi Moïse Nyarugabo yamaganye ubutegetsi bwa RDC n’ubw’u Burundi

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 1, 2025
in Conflict & Security
0
Mu burakari bwinshi Moïse Nyarugabo yamaganye ubutegetsi bwa RDC n’ubw’u Burundi
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu burakari bwinshi Moïse Nyarugabo yamaganye ubutegetsi bwa RDC n’ubw’u Burundi

You might also like

Abanya-Uvira baburiwe kwirinda kugera mu duce byavuzwe ko Wazalendo badufunze

Nyuma y’aho Gen Gasita ageze i Uvira, ibintu byarushijeho kuba bibi cyane

Hahishuwe indwara Abanyamulenge bari muri Leta ya RDC barwaye ituma bifatanya na yo n’iy’u Burundi kwica benewabo, hanavugwa n’umubare w’Ingabo z’u Burundi zoherejwe iwabo.

Moïse Nyarugabo wahoze mu bategetsi bavuga rikijana muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, igihe cya Joseph Kabila na nyuma ye, mu burakari bwinshi yasabye guverinoma y’iki gihugu n’iy’u Burundi zigaba ibitero ku Banyamulenge muri Kivu y’Amajyepfo, guhita zibihagarika byako kanya, bitaba ibyo zikavugutirwa umuti.

Ni mu butumwa Nyarugabo wabaye senateri muri RDC yanyujije ku rukuta rwa x yahoze yitwa Twitter, aburira Leta y’i Kinshasa n’iy’u Burundi guhagarika intambara bashoye ku Banyamulenge batuye i Mulenge.

Muri ubwo butumwa yagize ati: “Uyu munsi ndasaba guverinoma y’i Kinshasa guhita ihagarika ibitero igaba ku Banyamulenge, kandi ibaye itabihagaritse bishobora kuzayigaruka na yo bidatinze.”

Yanaboneyeho no gusaba leta y’u Burundi ifatanya n’iyi y’i Kinshasa kubaga biriya bitero kuri benewabo (Abanyamulenge), kwirinda gusenya amateka y’ubatse hagati y’impande zombi(Abarundi n’Abanyamulenge), bukareka kwivanga no kumena amaraso y’abaturage b’inzirakarengane.

Ati: “U Burundi ni buhagarike ku mena amaraso y’abaturage b’inzirakarengane, bitazabutobera amateka.”

Iminsi icyanyemo, ingabo z’u Burundi n’iza RDC zifatanya gutera mu duce tw’i Mulenge, dutuyeho Abanyamulenge. Bakora ibitero byo ku butaka n’ibyo mu kirere, kuko bakoresha drones n’intwaro zirimo izarutura n’izindi.

Abatari bake bamaze kubigwamo, utaretse ko kandi byanabasenyeye, biranabangaza.Ndetse kandi amatungo yabo abinyagirwamo, arimo Inka ihene n’intama n’ibindi.

Moïse Nyarugabo kuri ubu ari mu bice byabohowe n’ihuriro rya AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, aho yageze mu ntangiriro z’ukwezi kwa kane uyu mwaka. Bivugwa ko yahagereye igihe kimwe na Joseph Kabila wayoboye RDC imyaka 18.

Tags: AbanyamulengeIbiteroMoise NyarugaboRdc
Share37Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Abanya-Uvira baburiwe kwirinda kugera mu duce byavuzwe ko Wazalendo badufunze

by Bruce Bahanda
September 2, 2025
0
Nyuma y’aho Gen Gasita ageze i Uvira, ibintu byarushijeho kuba bibi cyane

Abanya-Uvira baburiwe kwirinda kugera mu duce byavuzwe ko Wazalendo badufunze Abanyamulenge bari Uvira n'abazindukira yo, baburiwe kwirinda cyane muri iki gihe, ngo kuko Wazalendo bashobora kubagirira nabi. Bikubiye...

Read moreDetails

Nyuma y’aho Gen Gasita ageze i Uvira, ibintu byarushijeho kuba bibi cyane

by Bruce Bahanda
September 2, 2025
0
Nyuma y’aho Gen Gasita ageze i Uvira, ibintu byarushijeho kuba bibi cyane

Nyuma y'aho Gen Gasita ageze i Uvira, ibintu byarushijeho kuba bibi cyane Brigadier General Olivier Gasita wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ushinzwe ibikorwa bya...

Read moreDetails

Hahishuwe indwara Abanyamulenge bari muri Leta ya RDC barwaye ituma bifatanya na yo n’iy’u Burundi kwica benewabo, hanavugwa n’umubare w’Ingabo z’u Burundi zoherejwe iwabo.

by Bruce Bahanda
September 2, 2025
0
I Goma no mu nkengero zayo hagabwe ibitero bikaze.

Hahishuwe indwara Abanyamulenge bari muri Leta ya RDC barwaye ituma bifatanya na yo hamwe n'iy'u Burundi kwica benewabo, hanavugwa n'umubare w'Ingabo z'u Burundi zoherejwe iwabo. Guverinoma y'u Burundi...

Read moreDetails

Mu ibanga rikomeye Gen.Gasita yinjiye muri Uvira, ubuhamya twahawe

by Bruce Bahanda
September 1, 2025
0
Mu ibanga rikomeye Gen.Gasita yinjiye muri Uvira, ubuhamya twahawe

Mu ibanga rikomeye Gen.Gasita yinjiye muri Uvira, ubuhamya twahawe Brigadier General Olivier Gasita uyoboye ibikorwa bya gisirikare mu mujyi wa Kindu ufatwa nk'umurwa mukuru w'i ntara ya Maniema,...

Read moreDetails

AFC/M23 mu gikorwa cyo gutangiza umwaka wa mashuri wa 2025-2026.

by Bruce Bahanda
September 1, 2025
0
Auto Draft

AFC/M23 mu gikorwa cyo gutangiza umwaka wa mashuri wa 2025-2026. Abayobozi bakuru bo mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, Corneille Nangaa na Bisimwa bagaragaye bari kumwe n'abana...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?