• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Mu burakari bwinshi Moïse Nyarugabo yamaganye ubutegetsi bwa RDC n’ubw’u Burundi

minebwenews by minebwenews
September 1, 2025
in Conflict & Security
0
Mu burakari bwinshi Moïse Nyarugabo yamaganye ubutegetsi bwa RDC n’ubw’u Burundi
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu burakari bwinshi Moïse Nyarugabo yamaganye ubutegetsi bwa RDC n’ubw’u Burundi

You might also like

RDC yemeye kutazongera kwica abasivile no gusahura imitungo yabo

Ibibazo by’Abimukira Baturutse muri Amerika Byahungabanyije Leta ya RDC

RDC na AFC/M23 Bageze ku Masezerano Akomeye y’Amahoro—Icyizere Gishya mu Burasirazuba

Moïse Nyarugabo wahoze mu bategetsi bavuga rikijana muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, igihe cya Joseph Kabila na nyuma ye, mu burakari bwinshi yasabye guverinoma y’iki gihugu n’iy’u Burundi zigaba ibitero ku Banyamulenge muri Kivu y’Amajyepfo, guhita zibihagarika byako kanya, bitaba ibyo zikavugutirwa umuti.

Ni mu butumwa Nyarugabo wabaye senateri muri RDC yanyujije ku rukuta rwa x yahoze yitwa Twitter, aburira Leta y’i Kinshasa n’iy’u Burundi guhagarika intambara bashoye ku Banyamulenge batuye i Mulenge.

Muri ubwo butumwa yagize ati: “Uyu munsi ndasaba guverinoma y’i Kinshasa guhita ihagarika ibitero igaba ku Banyamulenge, kandi ibaye itabihagaritse bishobora kuzayigaruka na yo bidatinze.”

Yanaboneyeho no gusaba leta y’u Burundi ifatanya n’iyi y’i Kinshasa kubaga biriya bitero kuri benewabo (Abanyamulenge), kwirinda gusenya amateka y’ubatse hagati y’impande zombi(Abarundi n’Abanyamulenge), bukareka kwivanga no kumena amaraso y’abaturage b’inzirakarengane.

Ati: “U Burundi ni buhagarike ku mena amaraso y’abaturage b’inzirakarengane, bitazabutobera amateka.”

Iminsi icyanyemo, ingabo z’u Burundi n’iza RDC zifatanya gutera mu duce tw’i Mulenge, dutuyeho Abanyamulenge. Bakora ibitero byo ku butaka n’ibyo mu kirere, kuko bakoresha drones n’intwaro zirimo izarutura n’izindi.

Abatari bake bamaze kubigwamo, utaretse ko kandi byanabasenyeye, biranabangaza.Ndetse kandi amatungo yabo abinyagirwamo, arimo Inka ihene n’intama n’ibindi.

Moïse Nyarugabo kuri ubu ari mu bice byabohowe n’ihuriro rya AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, aho yageze mu ntangiriro z’ukwezi kwa kane uyu mwaka. Bivugwa ko yahagereye igihe kimwe na Joseph Kabila wayoboye RDC imyaka 18.

Tags: AbanyamulengeIbiteroMoise NyarugaboRdc
Share42Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC yemeye kutazongera kwica abasivile no gusahura imitungo yabo

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Ubusesenguzi bwa MRC ku Masezerano hagati ya AFC/M23 na Leta ya Kinshasa mu Busuwisi

RDC yemeye kutazongera kwica abasivile no gusahura imitungo yabo Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yemereye abahuza mu biganiro biyihuza n’ihuriro rya AFC/M23 ko...

Read moreDetails

Ibibazo by’Abimukira Baturutse muri Amerika Byahungabanyije Leta ya RDC

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Ibibazo by’Abimukira Baturutse muri Amerika Byahungabanyije Leta ya RDC

Ibibazo by’Abimukira Baturutse muri Amerika Byahungabanyije Leta ya RDC Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Judith Suminwa, yahuye n’ikibazo gikomeye ubwo yasobanuraga uburyo igihugu cye...

Read moreDetails

RDC na AFC/M23 Bageze ku Masezerano Akomeye y’Amahoro—Icyizere Gishya mu Burasirazuba

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Mahoro ya RDC Hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa

RDC na AFC/M23 Bageze ku Masezerano Akomeye y’Amahoro—Icyizere Gishya mu Burasirazuba Mu rwego rwo gushaka umuti urambye w’amakimbirane amaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Igitero Simusiga cya Drone kuri Point Zero

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Igitero Simusiga cya Drone kuri Point Zero

Igitero Simusiga cya Drone kuri Point Zero Amakuru yizewe aturuka mu gace ka Point Zero gaherereye muri teritware ya Mwenga, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa...

Read moreDetails

Ibiganiro hagati ya Kinshasa na AFC/M23 mu Busuwisi byageze mu ihurizo rikomeye

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Mahoro ya RDC Hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa

Ibiganiro hagati ya Kinshasa na AFC/M23 mu Busuwisi byageze mu ihurizo rikomeye Mu gihe amahanga yari ategereje ko ibiganiro by’amahoro bibera mu Busuwisi bizatanga umusaruro ugaragara, gahunda yo...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?